Inganda zenga ibinyobwa n’izindi sosiyete zitandukanye zizakorana na “Tour du Rwanda” zahize kuzakora ibishoboka kugirango rizabe umwihariko.

Mu gihe hasigaye amasaha abarirwa ku ntoki ngo irushanwa ryo gusiganwa ku magare mu Rwanda “Tour du Rwanda” ritangire ni nako imyiteguro irimbanyije yaba mu bakinnyi n’amakipe yabo ndetse no mu baterankunga baryo. Iri siganwa ry’amagare rizenguruka igihugu (Tour du Rwanda 2024) riratangira kuri iki cyumweru tariki ya 17 Gashyantare 2024 kugeza 25, Mbere yuko […]

Continue Reading

Ubugira gacye abikora, Yagaragaye yambaye gikobwa byuzuye, Udushya turi mu ndirimbo nshya ya Ariel Wayz.

Umuhanzikazi UWAYEZU Ariel wamamaye cyane nka Ariel Wayz yasohoye indirimbo nshya igaragaramo we mushya uri mu ishusho yuzuye ya gikobwa ndetse ikanumvikanamo inkuru idasanzwe. Nyuma y’igihe adakora indirimbo zituje cyane ko yabiherukaga mu ndirimbo “Ntabwo Yantegereza” Ariel Wayz yongeye gukora indirimbo ituje kandi ikora ku murima cyane yise “Wowe Gusa” indirimbo inafite amashusho meza cyane […]

Continue Reading

Ibyo ushobora kuba utazi kuri Bob Marley, Inyenyeri ya J-Reggae wakorewe Film yatwaye akayabo ka Miliyari 70Frw.

Umuhanzi wabayeho mu mateka y’injyana ya Reggae Bob Marley yakorewe Film ijyanye n’ibigwi bye ndetse n’urugendo rwe rwa muzika muri rusange yatwaye akayabo k’amafaranga asaga Miliyari 70 Frw yiswe “One Love, Bob Marley”. Iyo Firimi yerekana neza urugendo rw’uwo muririmbyi kuva mu bwana bwe mu gihugu no mu cyaro yavukiyemo kugeza aho agera ku isonga […]

Continue Reading

The Ben, Sheebah Karungi n’abandi batanze “St Valentin” muri “Comedy Store UG”. {Amafoto}

Umuhanzi mpuzamahanga w’umunyarwanda Mugisha Benjamin uzwi nka The Ben yaraye ataramiye abagande ku munsi w’abakundanye “St Valentin” nk’umuhanzi mukuru mu gitaramo cya “Comedy Store UG”. Ni igitaramo cyabereye mu mujyi wa Kampala ahitwa UMA GROUNDS ku munsi wejo kuwa gatatu tariki ya 14 Gashyantare 2024, Umunsi wanahariwe abakundana, Ni igitaramo kitabiriwe na The Ben nk’umuhanzi […]

Continue Reading

Abakinnyi basaga 100 barimo ikirangirire Chris Froome, Nibo bamaze gutangazwa ko bazakina Tour du Rwanda.

Mu gihe hasigaye iminsi ibarirwa ku ntoki kugirango irushanwa ryo gusiganwa ku magare Tour du Rwanda ritangire, Ni nako abakinnyi bose basaga 100 bagize amakipe 20 bazitabira bamaze gutangazwa. Muri uru rutonde rwatangajwe harimo abakinnyi bakomeye cyane ku Isi nka Chris Froome umaze kwegukana irushanwa rikomeye rya Tour du France inshuro zigera kuri 4 ndetse […]

Continue Reading

Tour du Rwanda yahumuye, Abahanzi bazatarama bamenyekanye.

Mu gihe hasigaye iminsi ibarirwa ku ntoki kugirango irushanwa ryo gusiganwa ku magare Tour du Rwanda ritangire, Ni nako abahanzi bazasusurutsa abakunzi b’iri rushanwa bamaze gutangazwa bose. Nyuma ya Mico The Best, Bushali, Juno Kizigenza, Bwiza na Eric Senderi bari bemejwe nk’abahanzi bagomba gususurutsa abakunzi ba Tour du Rwanda ubu hongewemo n’abandi bahanzi bagera kuri […]

Continue Reading

“Rwanda Gospel Stars Live Season 2” igarutse mu isura nshya yo kuzamura impano nshya muri Gospel.

Nyuma yo kuyivugurura “Rwanda Gospel Stars Live 2024 “ nk’irushanwa rigomba guteza imbere umuziki wo kuramya no guhimbaza Imana ryari ritegerejwe na benshi rigiye gutangira. Umunsi n’itariki nyirizina iri rushanwa rizatangirira byamaze kumenyekana, Nyuma yuko ryongewemo icyiciro cyo gutoranya no kuzamura impano nshya mu muziki wo kuramya no guhimbaza Imana nyuma yuko ryari risanzwe rishingiye […]

Continue Reading

Davis D yatangaje izina rya album ye yitegura gushyira hanze, avuga nuko yamenyanye na Melissa.

Icyishaka David wamamaye nka Davis D mu muziki, yatangaje bwa mbere izina rya album ye yitegura gushyira hanze avuga ko izaba yitwa ‘Retour du Roi’, bishatse kuvuga ‘Kugaruka k’Umwami’. Ibi uyu muhanzi yabitangarije mu kiganiro yagiranye na Radio Rwanda, Davis D yavuze ko urugendo rwo gutangira umuziki rwe rutari rworoshye kubera ko injyana yazanye itari […]

Continue Reading

Bruce Melodie yikomye Green P, nyuma yuko avuze ko imiziki nyarwanda ari ubudage.

Mu minsi ishize nibwo umuraperi Green P yakoreye ikiganiro ku muyoboro wa Youtube wa RadioTv10, avuga ko adakunze kumva imiziki yo mu Rwanda, ndetse ko n’iyo agerageje kuyumva, imyinshi aba yumva nta kintu kizima kibereyemo. Yagize ati ”Ntabwo nkunze kumva imiziki yo mu Rwanda, n’iyo nyumvishe imyinshi mba numva ari ‘ubudage’, njyewe rero mpitamo kwiyumvira […]

Continue Reading

Bruce Melodie yongeye kwibasira The Ben.

Umuhamzi Bruce Melodie yongeye gukora mujisho The Ben, atangaza ko yemeranya n’abavuga ko ari kubyina avamo mu ruhando rwa muzika. Si ubwambere Bruce Melodie yumvikana anenga mu ruhame The Ben, aho amuvuga nk’umuhanzi badahanganiye intebe y’umuhanzi ukomeye, kandi akamugaragaza nk’umuhanzi udashoboye, ukwiriye kumubisa mu rugendo rw’umuziki. Umuhanzi The Ben ntiyigeze na rimwe yumvikana mu itangazamakuru […]

Continue Reading