Mu birori byitabiriwe n’ibyamamare nyarwanda, Killaman yasabye anakwa Shemsa bamaranye imyaka 8 bakundana. {Amafoto}

Kuri uyu wa gatandatu tariki ya 2 Werurwe 2024, Umukinnyi wa Firime na komedi nyarwanda NIYONSHUTI Abdul Malick wamamaye nka Killaman yasabye anakwa umukunzi we UWAMAHORO Shemsa bamaranye imyaka isaga 8 bakundana. Ni umuhango kandi wagaragayemo ibyamamare byinshi mu myidagaduro yo mu Rwanda ndetse byumwihariko na Sinema Nyarwanda, Uyu muhango wo gusaba no gukwa wo […]

Continue Reading

Chris Eazy yatezwe agatego aragasimbuka kubye na Pascaline.

Umuhanzi uri mu bagezweho cyane Chriss Eazy yashize amanga yemera ibijyanye n’urukundo rwe na Umuhoza Pascaline yari amaze iminsi yihakana ndetse anemeza ko hari impano yamugeneye nziza. Ibi Chris Eazy yabivugiye mu kiganiro yagiranye na MULINDAHABI Irene ku muyoboro we wa MIE kuri Youtube, Avuga ko yamugeneye impano ku munsi we w’amavuko wabaye kuri uyu […]

Continue Reading

Umuhanzi Davido yemeye gutanga inkunga ya miliyoni 237 mu bigo by’imfubyi.

Adeleke David wamamaye nka Davido muri muzika, akaba akomoka muri Nigeria, yatangaje ko agiye gutanga inkunga ya miliyoni 300 z’ama-Naira yo gufasha imfubyi muri Nigeria binyuze muri Fondasiyo ye. Ni amafaranga asaga miliyoni 237 mu manyarwanda, Davido yavuze ko azatanga iyo nkunga ku bana b’imfubyi mu gihugu cye cya Nigeria. Ibi yabitangaje mu butumwa yacishije […]

Continue Reading

Umunyarwandakazi Kenza Johanna Ameloot yegukanye ikamba rya ‘Miss Belgique 2024’

Umunyarwandakazi  w’umunyamideri Kenza Ameloot w’imyaka 21 y’amavuko abaye umukobwa wa kabiri ufite amamuko mu Rwanda wambitswe Ikamba rya Nyampinga w’u Bubiligi wa 2024. Kuri ubu undi munyarwandakazi witwa Kenza Johanna Ameloot yabaye ‘Miss Belgique 2024’ ahize abakobwa 32 bari bahatanye muri aya marushanwa y’ubwiza ngaruka mwaka. Kenza Ameloot wabaye w’imyaka 21 wabaye Miss Belgique 2024, […]

Continue Reading

“Tour du Rwanda2024” Yegukanwe na Joseph Blackmore ukinira ikipe ya Israel Premier Tech. {Amafoto}

Irushanwa ryo gusiganwa ku magare rya “Tour du Rwanda ku nshuro ya 16, ryari rimaze icyumweru rikinwa ryasojwe ryegukanwe n’Umwongereza Joseph Blackmore ukinira ikipe ya Israel Premier Tech. Ni isiganwa rimaze icyumweru cyose rizenguruka ibice bitandukanye bigize U Rwanda ndetse kuri iki cyumweru hakaba hakinwaga agace ka nyuma karyo katangiye ku isaha ya Saa tanu […]

Continue Reading

Clarisse Karasira yasabiye abana bo ku mihanda ku Mana, Mu ndirimbo ye nshya yashyize hanze.

Clarisse Karasira yashyize hanze indirimbo nshya yise “IBARABARA” Agaruka ku gahinda aterwa n’abana bo ku muhanda asanga batabona urukundo bakagombye kubona nyamara nabo bararemwe n’Imana yaremye byose. Ni indirimbo yasohotse mu masaha macye ashize isohocyera kuri Channel y’uyu muhanzikazi Clarisse Karasira, “IBARABARA” yakozwe na Jimmy wo muri Level 9 Studio mu buryo bw’amajwi ndetse na […]

Continue Reading

Nyuma yo gukura amukunda ndetse amwubaha cyane, bakoranye indirimbo igiye gusohoka vuba.

Umuhanzikazi Ariel Wayz yatangaje ko indirimbo ye na Butera Knowless yamaze gutunganywa igisigaye ari ukuyisohora, anateguza Album ye ya mbere azashyira hanze muri uyu mwaka. Ibi Ariel Wayz yabigarutseho mu kiganiro Fash Mix cyo kuri Flash TV ubwo yari abajijwe aho umushinga w’indirimbo ye na Butera Knowless ugeze, mu gusubiza yavuze ko indirimbo ye na […]

Continue Reading

Kenny Sol na Bruce Melodie bagiye kongera kubana mu rugo rumwe.

Abahanzi babiri bari mu matafari agize umuziki nyarwanda bagiye guhuza imbaraga mu kuzamura Label ya 1:55 AM ndetse na muzika nyarwanda muri rusange, Nyuma y’igihe kitari gito basanzwe bakorana . Amakuru yatugezeho mu kanya kashize yavugaga ko kugeza ubu umuhanzi Kenny Sol ufite izina rikomeye muri iyi minsi mu Rwanda ndetse no muri East Africa […]

Continue Reading

GSB Kiloz yacyebuye urubyiruko rusigaye rwitiranya ibigezweho no guhemukira abantu, Mu ndirimbo ye nshya.

Umuhanzi wa Rap Iraguha Lando Fils uzwi cyane nka GSB Kiloz wumvikana cyane muri Old School, Yashyize hanze amashusho y’indirimbo nshya yise ‘Ibisekuru’ Acyeburamo Abajeune basigaye bitiranya ibigezweho no guhemukira abantu bacu. Uyu muraperi GSB Kiloz yavuze ko yiyemeje gukorana imbaraga zidasanzwe umuziki we muri uyu mwaka wa 2024, Mu kiganiro yagiranye na n’ikinyamakuru ‘MIE EMPIRE’, […]

Continue Reading

Umuhanzi Dr Claude yigaramye Abarundi ahamya ko ari Umunyarwanda.

Umuhanzi Dr Claude ni umuhanzi wubatse izina mu karere cyane mu Rwanda ndetse no mu Burundi dore ko afite indirimbo zakunzwe na benshi kuva mu myaka yo hambere ndetse n’ubu. Uyu muhanzi wakunze kuba mu Rwanda ariko akagenda asa nkutakigaragra cyane mu ruhando rwa muzika, akaba amaze iminsi atumvikana haba ku ma radiyo ndetse n’ahandi […]

Continue Reading