Rwamagana : Abantu 6 baguye mu mpanuka y’Ubwato yabereye mu kiyaga cya Mugesera.

Mu karere ka Rwamagana haravugwa inkuru y’impanuka y’ubwato bwari butwaye abasaga 40 ku gicamunsi cyo kuri uyu wa gatanu abagera kuri 6 muri bo bakahasiga ubuzima abandi bakarohorwa ndetse abandi baburirwa irengero. Amakuru avuga ko ubu bwato bwaturukaga mu karere ka Ngoma, umurenge wa Rukumberi bwerekeza mu murenge wa Karenge wo mu Karere ka Rwamagana […]

Continue Reading

Abarwanyi ba Al-Shabaab biciwe mu gitero cyagabwe n’igisirikare cya Amerika muri Somaliya.

Ku wa kabiri, igisirikare cy’Amerika cyemeje ko cyagabye ibitero by’indege muri Somaliya mu mpera z’icyumweru gishize, bituma hapfa abantu batatu mu barwanyi ba Al-Shabab bafatanije na Al-Qaeda. Ku cyumweru, ubuyobozi bwa Afurika muri Amerika bufite icyicaro i Stuttgart, mu Budage, bwatangaje ko iyi myigaragambyo yakozwe bisabwe na guverinoma ya Somaliya mu gace ka kure nko […]

Continue Reading

Intambara ya Isiraheli Hamas: Loni ivuga ko abagore n’abana bahitanwa muri iyi ntambara igihe IDF yibasiye Damasiko.

Loni iti: Abagore n’abana bahitanwa n’intambara ya Isiraheli na Hamas hamwe n’abantu 16.000 bishwe Ikigo cy’umuryango w’abibumbye giteza imbere uburinganire bw’umugore cyatangaje ko abagore n’abana aribo bahitanwa n’intambara ya Isiraheli na Hamas, hapfa abantu bagera ku 16.000 ndetse n’ababyeyi bagera kuri 16. bahasiga ubuzima buri saha. Kubera amakimbirane amaze iminsi 100, Abagore ba Loni bongeyeho […]

Continue Reading

Inkongi y’Umuriro itunguranye yahitanye umuntu umwe, undi arakomereka muri EAV Rushashi.

Mu karere ka Gakenke haravugwa inkuru y’inkongi y’umuriro itunguranye yibasiye amashuri ndetse umuntu umwe akahasiga ubuzima undi nawe akahakomerekera cyane. Ibi byabereye mu Karere ka Gakenke mu kigo cy’Amashuri cya TSS/EAV Rushashi mu macumbi y’abanyeshuri bararamo, Ubwo yafatwaga bitunguranye n’inkongi y’umuriro mu ijoro ryo kuri uyu wa gatandatu tariki ya 20 Mutarama 2024, mu saha […]

Continue Reading

2 bapfuye abandi 77 barakomereka kubera iturika ritateganyijwe mu majyepfo ya Nijeriya

Ku wa kabiri nijoro, guverineri yavuze ko abantu babiri bapfuye abandi 77 barakomereka nyuma y’igiturika kinini cyibasiye inyubako zirenga icumi muri umwe mu mijyi minini ya Nijeriya, nk’uko byatangajwe na guverineri, ubwo abashinzwe ubutabazi bacukuye kugira ngo barebe abakiri bazima ngo babahe ubutabazi. Abatuye mu ntara y’amajyepfo y’iburengerazuba bw’umujyi wa Ibadan utuwe cyane n’umujyi wa […]

Continue Reading

Ingo zirenga 60 zahiye, 10% by’abaturage bimuwe, Ingaruka z’Ikirunga cyarutse mu mujyepfo ya Islande zikomeje kwiyongera.

Abaturage bo mu majyepfo y’Uburayi baturiye ikirwa cya Islande bibasiwe n’ingaruka z’ikirunga cyarutse cyangiza byinshi birimo amazu y’abaturage, nyuma y’imyaka igera kuri 2 kitaruka. Kuri iki cyumweru, tariki ya 13 Mutarama, Nibwo iki kirunga cyo mu majyepfo y’iburengerazuba bwa Isilande cyarutse, ibiro bishinzwe ubumenyi bw’ikirere muri iki gihugu bivuga ko bibaye ku nshuro ya gatanu […]

Continue Reading

Sobanukirwa ibijyanye n’ingufu enye (4) zigenga Isanzure.

Isanzure n’ibirimo bifite uko bikora, buri kintu mu birigize gifite ingufu zituma gikora kandi kigakorana n’ibindi. Izi ngufu abahanga bemeza ko izizwi cyane ari enye: Ingufu rukuruzi(force gravitationelle)., ingufu zikora biturutse ku mashanyarazi azibamo(force electromagnetisme), n’izindi ngufu ebyiri ziba mu ntimatima ya atome (izi bazita strong force na weak force). ubusanzwe muri physique basobanura ingufu(force) […]

Continue Reading

Gutakaza urugi kwa Alaska Airlines Boeing 737 Max 9, byatumye hahagarikwa ingendo zisaga 200 z’indege ndetse zishobora kwiyongera.

Ingendo zakorwaga n’Indege zo mu bwoko bwa Boeing 737 Max 9 zabaye zihagaritswe by’Agateganyo nyuma yuko zikorewe ubugenzuzi bukagaragaza ko zikeneye gufungwa neza mu mpande zose. Kugeza ubu indege zose zo bwoko bwa Boeing 737 Max 9 zakumiriwe kuba zitwara abantu n’ibintu nyuma yuko zikorewe ubugenzuzi n’abahanga cyane muby’Indege maze bakagaragaza ko hari ibice byazo […]

Continue Reading

Urugi rw’Indege Boeing 737 MAX 9 yataye iri mu kirere igasubira guparika ikitaraganya rwamaze kuboneka.

Abashinzwe iby’indege barimo gukora iperereza ku mpanvu indege ya Alaska Airlines Boeing 737 MAX 9 yatakaje igice cyayo cy’urugi rwa fuselage, Nyuma y’iminota itandatu ihagurutse i Portland, Oregon, ikananirwa guhagarara bikarangira itegetswe kwihutira kumanuka ngo iparikike ku kibuga. Ibi byabaye kuri uyu wa gatanu tariki ya 5 Mutarama 2024, Ubwo iyi ndege yahagurukaga ku kibuga […]

Continue Reading

Ni ikihe kibazo DR Congo ifite? Kuki iki gihugu kirirwa mu makimbirane?

Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo yahuye yahuye n’ibibazo byinshi mu mwaka dusoje wa 2023, ndetse na nyuma yuyu mwaka niko bikomeje kumera nyuma y’amatora y’umukuru w’igihugu aho bamwe batemera ibyayavuyemo. Imirwano irimo imitwe yitwara gisirikare ku butaka n’umutungo kamere, ubwicanyi ndengakamere bw’inzego zishinzwe umutekano, ihohoterwa rya politiki, n’ubwimvikane bucye n’igihugu cy’ u Rwanda bituranye (ahanini […]

Continue Reading