Ubwato bwaroshywe mu Kiyaga cya Kivu, Mu ntambara ya mbere y’Isi burahigishwa uruhindu.

Ibihugu by’u Rwanda n’u Budage birimo gushakisha ubwato bwaroshywe mu Kiyaga cya Kivu, mu Ntambara ya Mbere y’Isi. André Ntagwabira, Umushakashatsi mu mateka ashingiye ku bisigaratongo (Archeologist) ukorera Inteko y’Umuco, avuga ko mbere y’uko ingabo z’Abadage ziva mu Rwanda muri Gicurasi 1916, zabanje guhisha ubwo bwato kugira ngo budafatwa n’ingabo z’Abababiligi bari bahanganye, zikabukoresha. Igikorwa […]

Continue Reading

Ibyo ushobora kuba utazi kuri Bob Marley, Inyenyeri ya J-Reggae wakorewe Film yatwaye akayabo ka Miliyari 70Frw.

Umuhanzi wabayeho mu mateka y’injyana ya Reggae Bob Marley yakorewe Film ijyanye n’ibigwi bye ndetse n’urugendo rwe rwa muzika muri rusange yatwaye akayabo k’amafaranga asaga Miliyari 70 Frw yiswe “One Love, Bob Marley”. Iyo Firimi yerekana neza urugendo rw’uwo muririmbyi kuva mu bwana bwe mu gihugu no mu cyaro yavukiyemo kugeza aho agera ku isonga […]

Continue Reading

Ibyihariye n’ibyo ugomba kuzingatira ku munsi wa “St Valantin”.

Tariki 14 Gashyantare ku Isi yose iba ari umunsi udasanzwe mu bakundana, usanga benshi bashaka ahantu basohokana abakunzi kugira ngo bagirane ibihe bitazibagirana mu rugendo rw’urukundo rwabo. Abakoresha imbuga nkoranyambaga biganjemo urubyiruko barabizi ko mu minsi ibanziriza ‘Saint Valentin’, haba hari abasangiza abandi ubutumwa butebya bubibutsa ko umunsi w’abakundana ugiye kugera, ariko hari abazaba bigunze […]

Continue Reading

“Amateka ya Jenoside yakorewe Abatutsi ni amasomo akomeye ku batuye Isi” Perezida Kagame

Perezida Kagame yagaragaje ko amakimbirane n’intambara ziri hirya no hino ku Isi bitakabaye bibaho ku muntu wamenye iby’amateka ya Jenocide yakorewe Abatutsi yabaye mu Rwanda kuko yakabaye ibera isomo buri wese. Ibi umukuru w’Igihugu cy’ U Rwanda Paul Kagame yabivuze agaragaza ko  amakimbirane ari kubera muri bihugu byaza Palestine mu Ntara ya Gaza n’ahandi mu […]

Continue Reading

Abibazaga byinshi kuri Kaberuka na Maritha bavugwa mu ndirimbo y’Impala bagiye gusubizwa.

Abakunzi ba muzika yo hambere bateguriwe igitaramo kizagaruka ku nkuru ivugwa mu ndirimbo ya Orchestre Impala cyiswe ‘Kaberuka na Marita Live Concert’ kizabera Luxury Garden Palace. Iki gitaramo kizaba kuri iki cyumweru, tarikiya 11 Gashyantare 2024 muri Luxury Garden mu gitaramo cyiswe “Kaberuka na Marita” bavugwa cyane mu ndirimbo ya Orchestre Impala ikundwa na benshi […]

Continue Reading

Ngiyi inkomoko y’Insigamugani “Yakoze aho bwabaga Cyangwa “Yakoze iyo bwabaga.”

Insigamugani Yakoze iyo bwabaga Cyangwa yakoze aho bwabaga, yakomotse kuri Nkoma ya Nkondogoro, Sekirasanyi Ikirozi cyo mu Marangara kitarogera ubusa uretse abagihaye ihene n’intama, ahasaga umwaka wa 1500. Bawuca iyo babonye umuntu wacogoye ariko asanganywe imbaraga, babona ananiwe icyo yahoraga ashobora bakamubwira bati “Kora iyo bwabaga!” Naho usanzwe atagira imbaraga zo gukora iki n’iki, iyo kimunaniye […]

Continue Reading

Perezida wa Namibiya Hage Gottfried Geingob yari muntu ki?

Hage Gottfried Geingob yavutse ku ya 3 Kanama 1941 yitaba Imana ku ya 4 Gashyantare 2024, yari umunyapolitiki wo muri Namibiya wabaye perezida wa gatatu wa Namibiya kuva ku ya 21 Werurwe 2015 kugeza apfuye ku ya 4 Gashyantare 2024. Geingob yahoze ari Minisitiri w’intebe wa mbere wa Namibiya kuva 1990 kugeza 2002, kandi yongeye […]

Continue Reading

Byinshi wamenya ku ndirimbo “Gloomy Sunday”, Abarenga 200 hirya no hino ku Isi biyahuye bamaze kuyumva.

Ni kenshi hajya humvikana inkuru z’abantu biyambura ubuzima ku mpamvu nyinshi zitandukanye, gusa ntibisanzwe kumva umuntu yumva indirimbo agahita afata umwanzuro wo kwiyambura ubuzima. Muri iyi nkuru tugiye kugaruka ku ndirimbo yatwaye ubuzima bwa benshi, Iyi ndirimbo yitwa “Gloomy Sunday” yanditswe n’umugabo w’umusizi akaba n’umunyamuziki ukomoka mu gihugu cya Hungary ahagana mu mwaka w’1930. Igitekerezo […]

Continue Reading

Uko inzozi za Fred Gisa Rwigema zagezweho nubwo atakiriho.

Menya uko inzozi z’intwari Fred Gisa Rwigema zagezweho nubwo yitabye Imana, abazi Rwigema basobanura ko mu gihe yari muri Uganda, yagaragazaga icyifuzo cyo gutaha mu Rwanda, ariko wenyine ntiyari kubyishoboza mu gihe iki gihugu cyayoborwaga n’ubutegetsi butifuzaga ko hari impunzi zataha mu gihugu cyazo. Politiki yo guheza impunzi ni yo yatumye mu mwaka w’ 1986, […]

Continue Reading

Ubutwari : CHENO Yibutsa Abanyarwanda ko bemerewe gutanga kandidatire y’uwo babona waba Intwari agashyirwa mu mubare w’Abandi.

Urwego rushinzwe Intwari z’Igihugu, Imidari n’Impeta by’Ishimwe (CHENO), ruvuga ko hari abantu bakoze ibikorwa by’ubutwari bataramenyekana ngo bagirwe Intwari, cyangwa bambikwe impeta z’ishimwe, rugasaba uwaba abazi kubatangaho kandidatire. Umuyobozi ushinzwe Ubushakashatsi muri CHENO, Rwaka Nicolas, avuga ko umukozi wabaye indashyikirwa mu rwego runaka ashobora kuba afite ibigwi byamugeza ku rwego rw’Igihugu, akabishimirwa nk’intwari cyangwa agahabwa […]

Continue Reading