Thierry Froger wa APR FC ibyo kuzana abakinnyi bashya yabitereye ubuyobozi, nta ruhare azabigiramo.

Thierry Froger, Umutoza mukuru wa APR FC yavuze ko abakinnyi bose bagomba kongerwa muri iyi kipe nta ruhare na ruto agomba kubigirimo. Ibi yabitangaje nyuma y’umukino ubanza wa 1/8 cy’Igikombe cy’Amahoro, aho yaraye atsinze AS Kigali 1-0 cyatsinzwe na Ruboneka Bosco. Uyu mutoza wa APR FC yabajijwe niba hari abakinnyi azongeramo muri uku kwezi kwa […]

Continue Reading

Qatar n’u Rwanda byasinyanye amasezerano y’ubufatanye mu bijyanye n’umutekano.

Leta y’u Rwanda n’iya Qatar byashyize umukono ku masezerano y’ubufatanye hagati y’inzego z’umutekano z’ibihugu byombi. Aya masezerano yasinywe ku munsi w’ejo hashize tariki 17 Mutarama 2024, yashyizweho umukono n’Umuyobozi wa Polisi y’u Rwanda CG Namuhoranye Felix n’Umuyobozi Mukuru ushinzwe umutekano rusange muri Qatar Maj. Gen Abdullah bin Mohammed Al Suwaidi. Aya masezerano Kandi yasinywe mu […]

Continue Reading

APR FC yisanze mw’ihurizo rikomeye, nyuna yo kuva muri Zanzibar.

Ikipe y’ingabo z’igihugu APR FC igiye kumara ukwezi muri shampiyona n’igikombe cy’Amahoro idafite rutahizamu wa yo Victor Mbaoma wagiriye imvune muri Zanzibar. Rutahizamu Victor Mbaoma uyoboye abamaze gutsinda ibitego byinshi muri shampiyona ya 2023-24, aho igeze ku munsi wa 16, yagiriye imvune mu mukino APR FC yatsinzemo Yanga 3-1 wa 1/4 cya Mapinduzi Cup, muri […]

Continue Reading

Nkuko Koreya Yepfo ibitangaza ngo ibona umukobwa wa Kim Jong Un ariwe uzamusimbura.

Umukobwa wa w’umuyobozi w’ikirenga Kim Jong Un wa Korea ya Ruguru, wagiye amuherekeza mu kugerageza ibisasu bya misile no mu karasisi ka gisirikare, niwe “bishoboka cyane” ko azamusimbura nk’uko ikigo cy’ubutasi bwa Korea y’Epfo kibivuga. Ni ubwa mbere ikigo National Intelligence Service (NIS) cyemeje ko Kim Ju Ae yaba ari we uzasimbura se. Gusa NIS […]

Continue Reading

I Nasho hasojwe imyitozo n’amahugurwa ku basirikare barwanira ku butaka, mu ngabo z’U Rwanda. {Amafoto}

Abasirikare barimo Aba Offisiye ndetse n’abafite andi mapeti mu ngabo z’U Rwanda basoje amahugurwa n’imyitozo y’Ingabo zirwanira ku butaka {(Advanced Infantry Training/AIT} Mu kigo cya Nasho Basc Training Center. Ni imyitozo ndetse n’amahugurwa aba basirikare basoje kuri uyu wa gatatu tariki ya 17 Mutarama 2024, Mu gihe bari bayimazemo igihe cy’Amezi agera kuri arindwi mu […]

Continue Reading

Ubushinwa burimo gushora imari mpuzamahanga mu nama ya Davos yabereye mu Busuwisi

Ubushinwa bwazanye ubutumwa bukomeye mu nama mpuzamahanga y’ubucuruzi y’uyu mwaka yabereye i Davos mu Busuwisi, kugira ngo igerageze kumvisha isi ko ubukungu bwa kabiri ku isi bwiteguye gukora ubucuruzi, kandi bwizewe ku buryo bushora imari. Icyakora, abasesenguzi bavuze ko ijambo rya Minisitiri w’intebe w’Ubushinwa Li Qiang ku wa kabiri, ryagize intege nke mu kwemeza abashoramari […]

Continue Reading

USA : Umugabo yisanze muri Coma, Nyuma yo kudwingwa n’igitero cy’inzuki arimo atema igiti.

Muri Kenya haravugwa inkuru y’umusore witwa Austin Bellamy wariwe n’inzuki nyinshi zikamudwinga mu gihe kinini kugeza bimuguye nabi akabura umwuka bikarangira yisanze muri Coma isanzwe ijyamo abenda gupfa. Uyu musore yariwe n’izi nzuki ubwo yarimo atema igiti cy’indimu mu mu rugo rwe agerageza kwikorera amasuku, Akaza kugera ku mutiba wazo atabizi, Yaje kuwusagarira maze witura […]

Continue Reading

Pasiteri Paul Mackenzie ushinjwa gutegeka abayoboke be kwiyicisha inzara hagapfa abarenga 400 yagejejwe imbere y’inkiko.

Ku wa gatatu, umuyobozi w’idini rya Doomsday, Paul Mackenzie na 30 mu bayoboke be bashyikirijwe urukiko rwo muri Kenya mu mujyi wa Malindi uri ku nkombe z’inyanja kugira ngo bakurikiranweho icyaha cyo kwica abana 191. Mackenzie n’abandi bakekwa ntibigeze bemera ibyo baregwa kubera ko umucamanza w’Urukiko Rukuru Mugure Thande yemeye icyifuzo cy’abashinjacyaha ko basuzumwa mu […]

Continue Reading

Menya iby’amashusho ya Keza Nabrizza uri murukundo na Niyo Bosco, yateje impagarara.

Umuhanzi Niyo Bosco yahatiwe gusiba amashusho yasangije abamukurikira ku rubuga rwa Instagram, amugaragaza ari gusangira n’umukobwa bakundana. Uyu mukobwa witwa Keza Nabrizza bivugwa ko ari mu rukundo n’uyu muhanzi umaze kwigarurira imitima ya benshi kubera ibihangano bye. Aya makuru yasakajwe ku mbuga nkoranyambaga mu ijoro ry’ejo hashize tariki 16 Mutarama 2024, nyuma y’uko uyu muhanzi […]

Continue Reading

Pharrell Williams yamuritse imyambaro izifashishwa n’abagabo mw’itumba rya 2024. {AMAFOTO}

Pharrell Williams uhanga imyambaro yo muri (Louis Vuitton), yamuritse imyambaro izifashishwa n’abagabo mu itumba rya 2024. Iyi myambaro mishya akaba yayimuritse mu birori byo kumurika imideli byitwa Paris Fashion Week, ibi birori kubera mu mujyi wa Paris mu gihugu cy’Ubufaransa. Paris Fashion Week yatangiye kw’itariki 16, ikaba izasozwa tariki 21 Mutarama 2024. Inzu zisaga 100 […]

Continue Reading