Amwe mu makipe akomeye yatunguwe agasezererwa hakiri kare mu gikombe cy’Amahoro.
Mu gihe habura umukino umwe gusa wo kwishyura wa 1/8 cy’Igikombe cy’Amahoro, amakipe arimo Kiyovu Sports na Musanze FC, yatunguwe asezererwa hakiri kare mu gikombe cy’Amahoro. Umukino umwe usigaye ni uwo Mukura VS igomba kwakiramo Addax SC ya Mvukiyehe Juvenal, kuko umukino ubanza wabaye uyu ejo Mukura VS iyitsindira iwayo 1-0. Ni umukino wagombaga kuba […]
Continue Reading