Amwe mu makipe akomeye yatunguwe agasezererwa hakiri kare mu gikombe cy’Amahoro.

Mu gihe habura  umukino umwe gusa wo kwishyura wa 1/8 cy’Igikombe cy’Amahoro, amakipe arimo Kiyovu Sports na Musanze FC, yatunguwe asezererwa hakiri kare mu gikombe cy’Amahoro. Umukino umwe usigaye ni uwo Mukura VS igomba kwakiramo Addax SC ya Mvukiyehe Juvenal, kuko umukino ubanza wabaye uyu ejo Mukura VS iyitsindira iwayo 1-0. Ni umukino wagombaga kuba […]

Continue Reading

Ubwongereza: Depite arasaba imbabazi ko yashinje Rishi Sunak ko afite ‘amaraso ku biganza’ nyuma y’amagambo yatangaje ku ntambara ya Israel muri Gaza

Umudepite w’umurimo yasabye imbabazi nyuma yo gushinja Rishi Sunak kuba afite “amaraso y’inzirakarengane ibihumbi mu ntoki” kubera igisubizo yatanze ku ntambara yo muri Isiraheli na Gaza. Umudepite wa Birmingham, Tahir Ali yagabye igitero simusiga kuri Sunak mu bibazo bya Minisitiri w’intebe ku wa gatatu. Ubuyobozi bw’umurimo bwitandukanije n’ibitekerezo Ali yatangiriyeho, umuvugizi w’ishyaka avuga ko “bigaragara […]

Continue Reading

Umucamanza wo mu rwego rwo hejuru mu Burayi araburira Guverinoma y’Ubwongereza kutirengagiza ibyemezo by’urukiko.

Rishi Sunak yaburiwe ko adakwiye kurenga ku itegeko ry’uburenganzira bwa muntu mu Burayi aramutse yirengagije icyemezo cy’urukiko cyihutirwa kigamije guhagarika abasaba ubuhungiro ko boherezwa mu Rwanda. Minisitiri w’intebe yiyemeje kenshi ko atazemera ko “inkiko z’amahanga” zihagarika gahunda yo kohereza abimukira bamwe mu rugendo rumwe mu gihugu cya Afurika. Umushinga w’umutekano w’u Rwanda (Ubuhunzi n’abinjira n’abasohoka) […]

Continue Reading

Perezida Paul Kagame yayoboye Inama ya mbere y’Abaminisitiri muri 2024 yafatiwemo ibyemezo bitandukanye.

Perezida Paul Kagame yayoboye Inama y’Abaminisitiri ku Gicamunsi cyo kuri uyu wa Kane tariki 25 Mutarama 2024 yafatiwemo ibyemezo bitandukanye, ikaba ari nayo nama ya mbere yo muri uyu mwaka wa 2024 Iyi nama y’Abaminisitiri ibaye nyuma y’umunsi umwe hasojwe Inama y’Igihugu y’Umushyikirano, yabaye kuva tariki 23 kugeza tariki 24 Mutarama 2024, Iyi nama y’Abaminisitiri […]

Continue Reading

Abana ba Mr Ibu batawe muri yombi bazira gushaka kumuriganya ngo bamurye amafaranga ye.

Abapolisi bo mu gace ka Ikoyi, muri Leta ya Lagos bataye muri yombi abana b’umukinnyi wa filime, John Okafor uzwi ku izina rya Mr Ibu bakekwaho kumushuka bagamije gushaka gutwara amafaranga ye agera kuri miliyoni 55 (Naira – Ni ukuvuga arenga miliyoni 78 z’amanyarwanda) Polisi yavuze ko ku ya 6 Nzeri 2023, icyifuzo cyakiriwe ku […]

Continue Reading

Bus itwara abanyamakuru mu mikino y’umukino w’igikombe cya Afrika yakoze impanuka benshi barakomereka.

Bisi itwara abanyamakuru i Abidjan nyuma y’umukino w’igikombe cy’Afurika yaguye mu rukerera rwo ku wa gatatu, abantu benshi barakomereka. Iyi mpanuka yabaye ahagana mu ma saa mbiri z’ijoro Ku wa gatatu, kuva Yamoussoukro kugera Abidjan, umujyi munini wa Coryte d’Ivoire, aho ibitangazamakuru byinshi biguma bikurikirana amarushanwa y’umupira w’amaguru. Umushoferi wa bisi n’umufasha we ni bo […]

Continue Reading

Khan Younis: Imirwano yubuwe mu isura nshya, yaguyemo abagera kuri 12 muri Gaza.

Ikigo cy’umuryango w’abibumbye gishinzwe impunzi muri Palesitine kivuga ko byibuze abantu 12 aribo bishwe, Abandi 75 mu gitero cyagabwe i Khan Younis mu majyepfo ya Gaza. UNRWA yavuze ko ibisasu bibiri byibasiye iki kigo cyayo cya “Khan Younis Training” mu gihe cy’imirwano yaberaga mu nkengero z’umujyi, Komiseri wacyo yamaganye ibi bikorwa by’ubwigomeke ashimangira ko ari […]

Continue Reading

Umuyobozi mwaza ntatinya gukemura ibibazo no gufata inshingano akorera kuri “Bitanturukaho, bikankoraho” Perezida Kagame.

Umukuru w’Igihugu cy’U Rwanda Perezida Paul Kagame yibukije abayobozi barangwa no kudatinyuka ngo bafate inshingano n’imyanzuro yo gucyemura ibibazo bitandukanye kubera gutinya kwiteranya no kugwa mu makosa atandukanye. Ibi Perezida wa Repubulika Paul KAGAME yabitangarije mu butumwa yatanze kuri uyu wa Gatatu tariki ya 24 Mutarama 2024, ku munsi wa kabiri w’inama y’Igihugu y’umushyikirano, Ni […]

Continue Reading

Perezida Paul Kagame, yavuze igituma atagikunda kujya ku bibuga by’umupira w’amaguru.

  Mu Nama y’Igihugu y’Umushyikirano ya 19, Perezida Paul Kagame yavuze ko ruswa n’amarozi biri mu byatumye acika ku bibuga by’umupira w’amaguru. Ibi umukuru w’igihugu yabivuze mu mwanya wo gusubiza ibibazo bitandukanye byabazwaga n’abitabiriye iyi Nama y’Umushyikirano, aho yari abajijwe ikibazo na Jimmy Mulisa, umwe mu bahoze bakinira ikipe y’Igihugu Amavubi. Kuri ubu akaba asigaye […]

Continue Reading

Umuhanzi Kamichi yongerewe mu bazatarama mu birori bya “Rwanda Day After Party”.

Umuhanzi Kamichi yongerewe mu bazatarama mu birori bya “Rwanda Day After Party” bizaherekeza Rwanda Day, bikazabera i Washington. Ibi birori biteganyijwe kubera muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika i Washington DC kuva tariki 2-3 Gashyantare muri uyu mwaka wa 2024. Umunyamakuru, akaba n’umushyushyarugamba, Ally Soudy, niwe wateguye ibi birori binyuze muri kampani ye yise “Salax […]

Continue Reading