DR congo ikipe rukumbi yasekewe n’amahirwe muri AFCON, yakatishije itike ya 1/4 itaratsinda umukino numwe mu minota isanzwe y’umukino.

DR congo ni imwe mu makipe 26 yitabiriye imikino y’igikombe cy’afurika, AFCON 2023 kiri kubera mu gihugu cya Cote D’Ivoire ku nshuro ya kabiri. DR Congo yisanze mu tsinda rya F aho yariri kumwe na Zambia, Tanzania na Morroc. Kwikubitiro DR Congo yacakiranye na Zambia ku tariki ya 17, Mutarama umukino urangira ziguye miswi ku […]

Continue Reading

Inkuru ivuguruye, habonetse indi mibiri y’abaguye mu mpanuka y’ubwato bwarohamye muri Mugesera.

Hamenyekanye amakuru mashya ku mpanuka y’ubwato bwarohamye mu Kiyaga cya Mugesera mu Karere ka Rwamagana mu cyumweru gishize aho amakuru yavugaga ko abaguye muri iyi mpanuka ari 14 gusa. Kugeza ubu hari andi makuru mashya avuga ko imibare yahindutse yabaye 16 yose ndetse ko yose yamaze kuboneka, Iyi mpanuka yabaye ku gicamunsi cyo ku wa […]

Continue Reading

Prince Kid n’umugore we, Bandikiwe ibaruwa yiswe “iy’Amaraso n’amarira” irimo ubutumwa buteye ubwoba.

Umunyamakuru akaba n’umusizi, Yves Nkuyemurujye Yandikiye ISHIMWE Dieudonne uzwi nka Prince Kid n’umugore we ibaruwa yise “Ibaruwa y’Amaraso n’Amarira” ikubiye ubutumwa buteye ubwoba. Iyi baruwa igaruka kandi ikibanda cyane ku nkuru yose ya Prince Kid, Aho atangamo inama zuje ubuhanga ndetse akanasaba ubwiyunge hagati ya Prince Kid na Miss Mutesi Jolly, Yves yanditse asaba Prince […]

Continue Reading

Kera kabaye The Ben n’umuvandimwe we Green P bagiye gushyira indirimbo bahuriyemo hanze.

Abahanzi babiri b’abavandimwe, The Ben na Green P bagiye gushyira indirimbo bahuriyemo hanze, ni indirimbo y’urukundo yamaze kurangira mu majwi no mu mashusho. Iyi n’inkuru yaritegerejwe igihe kinini kumva ko The Ben yakoranye indirimbo n’umuvandimwe we none yasohoye, Iyi ndirimbo bakoranye ikazaba iri kuri EP (Extended Play) ya Green P yitegura gushyira hanze mu kwezi […]

Continue Reading

Umubyeyi yashenguwe umutima n’umwana we yahaye impano y’inkweto akanga kuzambara.

Ninshingano z’umubyeyi kwita ku mwana we mu buzima bwe bwa burimunsi akamumenyera burikimwe amugomba. Umubyeyi yaje gushengurwa umutima n’umwana we ubwo yamuguriraga unkweto nkimpano ariko yazigeza murugo umwana akazitera utwatsi, umubyeyi we byamubabaje cyane. Uyu mubyeyi abinyujije ku rukuta rwe rwa X, yahoze ari Twitter yasangiye abantu agahinda yagize agira ati “yanze kuzijyana ku ishuri […]

Continue Reading

Perezida Touadéra yahuye na Papa Francis kugira ngo baganire ku bufatanye na diplomasi

Mu nama ikomeye ya dipolomasi, Perezida Faustin-Archange Touadéra wo muri Repubulika ya Centrafrique yagiranye ibiganiro na Papa Francis mu ruzinduko rwe i Vatikani ku wa gatandatu. Iyi nama yibanze ku mibereho, politiki, n’ubutabazi mu gihugu cya Afurika yo hagati, hibandwa ku kuzamura ubufatanye mpuzamahanga ku nyungu rusange z’igihugu. Umubano wera n’ububanyi n’igihugu cya Afurika yo […]

Continue Reading

Ministri w’intebe w’Ubwongereza Rishi Sunak ushyigikiye ko abimukira boherezwa mu Rwanda ni muntu ki?

Rishi Sunak yavutse ku ya 12 Gicurasi 1980 ni umunyapolitiki w’Ubwongereza wabaye Minisitiri w’intebe w’Ubwongereza akaba n’umuyobozi w’ishyaka ryita ku ishyaka ry’aba conservateur kuva muri 2022. Akaba kandi yarabaye minisitiri w’intebe wa mbere w’Ubwongereza ukomoka muri Aziya, mbere yari afite imyanya ibiri y’abaminisitiri iyobowe na Boris Johnson, nyuma aba Chancellor wa Exchequer kuva 2020 kugeza […]

Continue Reading

Ibihumbi n’Abahinde basaba imirimo yo kubaka muri Isiraheli nubwo hari intambara

Icyumweru cyo gushaka abakozi cyatangiye ku wa kabiri, aho Isiraheli yari yiteze kuzuza imyanya irenga 5.000 ku bakozi, ababaji n’abandi bakora mu bwubatsi muri Isiraheli. Ku wa kane, Abahinde babarirwa mu bihumbi binjiye mu kigo cy’abakozi kugira ngo babone akazi kazabajyana muri Isiraheli nubwo intambara y’amezi atatu Isiraheli na Hamas yangije Gaza kandi bikaba bivugwa […]

Continue Reading

Abigaragambyaga bo muri Kenya barasaba ko ubwicanyi bukorerwa abagore bwahagarara kandi bagasaba ko byihutishwa

Femicide bisobanurwa nko kwica nkana umugore cyangwa umukobwa azira ko ari igitsina gore. Amnesty International ivuga ko muri Kenya hagaragaye ibibazo birenga 500 by’ubwicanyi bw’umugore byanditswe hagati ya 2016 na 2023. Benshi mu bahohotewe bishwe n’abo bo bakundana cyangwa bashakanye cyangwa nanone n’abantu basanzwe ariko bazwi. Abigaragambyaga muri Kenya, barimo Catherine Syokau, umutegarugori ufite ubumuga, […]

Continue Reading

Minisitiri w’intebe w’Ubutaliyani yerekanye “Gahunda ya Mattei” igamije iterambere ry’Afurika

Ku ya 28 na 29 Mutarama, guverinoma y’Ubutaliyani izakora inama ya Afurika yari itegerejwe na benshi. Intumwa zirenga 50, cyane cyane ziturutse mu bihugu bya Afurika, ndetse n’abayobozi b’ubumwe bw’ibihugu by’Uburayi n’abahagarariye imiryango mpuzamahanga, bazagera mu murwa mukuru w’Ubutaliyani. Intego y’iyi nama ni ukugaragaza gahunda y’Ubutaliyani igamije yo gusuzuma uburyo iki gihugu cyagira ibyo gikorana […]

Continue Reading