Abakinnyi ba APR FC batangaje ibyo batazibagirwa kuri Salomon Banga Bindjeme.

Abakinnyi b’ikipe y’ingabo z’igihugu APR FC batangaje ibyo batazibagirwa kuri Salomon Banga Bindjeme, myugariro w’ Umunya-Cameroun, uherutse kuva muri iyi kipe. Bamwe mu bakinnyi ba APR FC bavuga ko Salomon Banga Bindjeme uheruka gutandukana n’iyi kipe bazahora bamwibukira ku kuba yari umunyamwuga kandi akabasetsa cyane. Ku wa Kabiri w’iki cyumweru tariki ya 6 Gashyantare 2024, […]

Continue Reading

Umuhanzi Prosper Nkomezi yateguje igitaramo cy’amateka azamurikamo album ze ebyiri.

Prosper Nkomezi, Umuhanzi w’indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana, yateguje igitaramo gikomeye yise ‘Nzakingura Live Concert’ azamurikiramo Album ebyiri, iyitwa ‘Nzakingura’ ndetse na ‘Nyigisha’. Iki gitaramo kikaba giteganyijwe kuba tariki 12 Gicurasi 2024. Ni igitaramo byitezwe ko azahuriramo n’abandi bahanzi bazwi mu muziki w’indirimbo zihimbaza Imana. Iki gitaramo agiye kugikora nyuma y’imyaka ine ishize adataramira […]

Continue Reading

Platin P agiye gukora igitaramo cy’amateka gishimangira uburambe amaze mu muziki.

Nemeye Platin wamamaye nka Platin P Baba nyuma yo gutangira umuziki ku giti cye “Solo Career” avuye mu itsinda ry’ibigwi rya Dream Boyz yateguye igitaramo cyo kwizihiza uburambe bwe muri muzika. Ni Igitaramo yise “BABA Experience” kigamije kwizihiza uburambe uyu musore amaze mu muziki yikorana adafatanije n’itsinda, Platin P cyangwa BABA azaba yizihiza imyaka itatu […]

Continue Reading

Perezida wa Pologne yahaye ikaze urubyiruko rwifuza kwiga ibijyanye n’igisirikare mu gihugu ayoboye.

Perezida wa Pologne yafunguriye amarembo urubyiruko rwifuza kwiga ibijyanye n’igisirikare mu gihugu ayoboye ndetse n’ubundi bumenyi bakenera cyane ko ibihugu byombi bifitanye umubano mwiza wa Demokarasi. Iby’aya mahirwe Perezida Andrzej Duda yabigarutseho mu kiganiro we na Perezida Paul Kagame bagiranye n’itangazamakuru kuri uyu wa gatatu tariki ya 07 Gashyantare 2024, Nyuma yo gutangira uruzindiko rw’iminsi […]

Continue Reading

Guhagarika imirwano: Minisitiri w’intebe wa Isiraheli Benjamin Netanyahu yanze ubusabe bwa Hamas.

Minisitiri w’intebe wa Isiraheli, Benjamin Netanyahu, yanze amasezerano y’ubusabe bwa Hamas yo guhagarika imirwano ku mpande zombi hagasinywa ay’amahoro ndetse n’imikoranire.   Ibi Netanyahu abitangaje nyuma yuko Ubuyobozi bwa Hamas bwari bwandikiye Leta ya Isilaheri buyisaba ibyifuzo birenze kimwe harimo nicyo guhagarika ubushyamirane hagati y’impande zombie. Netanyaho we yanze aya masezerano avuga ko intsinzi yose […]

Continue Reading

Ishami rya Trace rikorera mu Rwanda ryahawe umuyobozi mushya.

Ikigo Trace Group cyashinzwe mu 2003, gifite televiziyo zikomeye ku ruhando mpuzamahanga zizwiho guteza imbere umuziki zirimo Trace Africa, Trace Muziki na Trace Urban, bashyizeho umuyobozi mushya ukuriye ishami ry’u Rwanda. Gwladys Watrin, Umufaransa ufite ubwenegihugu bw’u Rwanda, yagizwe Umuyobozi wa Trace Academia na Trace Rwanda. Trace Rwanda ni ishami rishya ry’Ikigo cya Trace Group, […]

Continue Reading

U Rwanda na Pologne basinyanye amasezerano mashya y’ubufatanye mw’iterambere ry’ibihugu byombi.

Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame n’uwa Pologne Andrzej Sebastian Duda, bakurikiranye umuhango wo gushyira umukono ku masezerano mashya y’ubufatanye mu nzego zitandukanye mw’iterambere ry’ibihugu byombi. Ibi byabaye kuri uyu wa gatatu tariki 7 Gashyantare 2024, Aya amasezerano yashyizweho umukono na ba Minisitiri bashinzwe Ububanyi n’Amahanga ku mpande zombi, Dr Vincent Biruta na mugenzi […]

Continue Reading

Mu Mboni : M23 yatangiye gukubita ahababaza no gusatira cyane intege nke z’uwo bahanganye.

Abakurikiranira hafi ibya Politiki ndetse n’imirwano yo muri Congo bemeza ko M23 isa naho yatangiye guca intege ndetse no gutsinda urugamba, Nyuma yo kwigarurira tumwe mu duce tuzwi cyane ndetse n’ibirindiro. Ni nyuma yaho amakuru amenyekanye mu gitondo cyo kuri uyu wa gatatu tariki ya 7 Gashyantare 3034, ko M23 yamaze gufata bugwate Nturo 1, […]

Continue Reading

Myugariro Salomon Banga Bindjeme yatandukanye na APR FC.

Ikipe y’ingabo z’igihugu APR FC, yamaze gutandukana n’umukinnyi ukomoka muri Cameroun witwa Salomon Bienvenue Banga Bindjeme Charles II wamaze kwerekeza mw’ikipe yo muri Iraq. Uyu mukinnyi ubusanzwe ukina mu mutima w’ubwugarizi, yinjiye mw’ikipe ya APR FC muri Nyakanga 2023, hari mbere y’uko umwaka w’imikino wa 2023-24 utangira akaba yari yayisinyiye amasezerano y’ imyaka 2. Uyu […]

Continue Reading

Urwishe ya Mpfizi ruracyayirimo, Uwase bamuvumiye ku gahera nyuma yo kubisubira ubugira kabiri.

Umukobwa witwa Uwase uherutse kugaragara mu Itangazamakuru asaba imbabazi ndetse arira cyane kubera ibikorwa yari amazemo Iminsi akoraz, Yongeye kugaragara muri ibyo bikorwa. Uwase uyu yasabaga imbabazi, Nyuma yo gushyira hanze amafoto agaragaza ubwambure bwe n’imiterere ndetse akavuga ko nawe atazi icyabimukoresheje, Nyuma yuko ayo mafoto acicikanye cyane ku mbuga nkoranyambaga uyu mukobwa yambaye ubusa […]

Continue Reading