Perezida wa Coryte d’Ivoire yababariye abantu benshi bari bafunzwe bazira ubuhemu

Perezida wa Cote d’Ivoire, Alassane Ouattara, yababariye kandi ategeka ko irekurwa ry’abantu 51 bahamwe n’icyaha cy’ubuhemu n’ibindi byaha by’umutekano wa Leta. Abagenerwabikorwa ba perezida barimo imbabazi za gisivili n’abasivili bahamwe n’ibyaha byakozwe mu gihe cy’amatora nyuma y’amatora no guhungabanya umutekano w’igihugu. Mu bababariwe harimo Jenerali Dogbo Blé Brunot na Koné Kamaraté Souleymane. Souleymane yari umuyobozi […]

Continue Reading

Inkuru nziza ku bakunzi ba Rayon Sports, kuri Prince wataye ubwenge ku mukino wa Musanze Fc.

Nyuma yuko bitunguranye umukinnyi wa Rayon Sports RUDASINGWA Prince aguye mu kibuga akabura umwuka abantu bakagira n’ubwoba bwinshi ku mukino wa Musanze Fc wabaye ku mugoroba wo kuri uyu wa gatanu hatangajwe amakuru meza. Abakunzi ba Rayon Sports ndetse n’abakunzi b’umupira w’amaguru muri rusange bagenewe ubutumwa bw’inkuru nziza ko uyu rutahizamu wahise yihutanwa kwa muganga […]

Continue Reading

Perezida Ruto wa Kenya avuga ko guverinoma iri gufata ingamba zo koroshya ubuzima.

Guverinoma ya Kenya ivuga ko yiyemeje kubaka ubukungu mu kongera amafaranga yinjira, kugabanya amafaranga Leta ikoresha, no kureba ko igihugu gishobora kwishyura imyenda kandi kikabaho mu buryo bwacyo. Iri tangazo rya guverinoma rije nyuma y’iminsi mike Banki Nyafurika itsura amajyambere, muri raporo yayo itekereza mu 2024, ivuga ko ibihugu byinshi bikomeje guhangana n’ibiciro biri hejuru […]

Continue Reading

Tembera iduka rishya rya Rayon Sports rigurirwamo imyambaro y’abakunzi bayo.

Mu gihe ikipe ya Rayon Sports benshi bakunze kwita “Murera” ikunzwe na kimwe cya kabiri cy’abanyarwanda ikomeje kwitwara neza neza, Ni nako ikomeje kwita ku bakunzi bayo mu buryo bwose bushoboka. Iyi kipe yamuritse iduka rishya kuri uyu wa gatanu tariki ya 23 Gashyantare 2024, rigomba kujya rigurisha imyambaro y’iyi kipe yo mu bwoko bwose […]

Continue Reading

Malawi: Perezida yiyemeje kutazatanga incungu kuri ba rushimusi ba pasiporo

Guverinoma ya Malawi ntabwo itanga pasiporo, Perezida Lazarus Chakwera yavuze ko ari ukubera igitero cya interineti. Ariko bamwe mu babikurikiranira hafi bibaza niba igitero nk’iki cyarabaye. Ku wa gatatu, Chakwera yabwiye inteko ishinga amategeko ko igitero cya interineti cyahungabanije umutekano w’igihugu kandi ko ingamba zafashwe zo kumenya no gufata abo bagabye igitero. Yavuze ko abagabye […]

Continue Reading

Clarisse Karasira yasabiye abana bo ku mihanda ku Mana, Mu ndirimbo ye nshya yashyize hanze.

Clarisse Karasira yashyize hanze indirimbo nshya yise “IBARABARA” Agaruka ku gahinda aterwa n’abana bo ku muhanda asanga batabona urukundo bakagombye kubona nyamara nabo bararemwe n’Imana yaremye byose. Ni indirimbo yasohotse mu masaha macye ashize isohocyera kuri Channel y’uyu muhanzikazi Clarisse Karasira, “IBARABARA” yakozwe na Jimmy wo muri Level 9 Studio mu buryo bw’amajwi ndetse na […]

Continue Reading

Nyuma yo gukura amukunda ndetse amwubaha cyane, bakoranye indirimbo igiye gusohoka vuba.

Umuhanzikazi Ariel Wayz yatangaje ko indirimbo ye na Butera Knowless yamaze gutunganywa igisigaye ari ukuyisohora, anateguza Album ye ya mbere azashyira hanze muri uyu mwaka. Ibi Ariel Wayz yabigarutseho mu kiganiro Fash Mix cyo kuri Flash TV ubwo yari abajijwe aho umushinga w’indirimbo ye na Butera Knowless ugeze, mu gusubiza yavuze ko indirimbo ye na […]

Continue Reading

Perezida Tshisekedi Yahuje igenda rya Luvumbu wa Rayon Sports n’ibibazo bya Politiki.

Perezida Tshisekedi yagiranye ikiganiro n’abanyamakuru cyamaze amasaha agera kuri abiri, ariko ingingo nyamukuru yari u Rwanda, aho yateraga akirizwa na Patrick Muyaya, Minisitiri w’Itumanaho. Yavuze ko u Rwanda rukijijwe n’amabuye y’agaciro hamwe n’ibiribwa rusahura igihugu, ko M23 ari icyitiriro cyarwo, anagera aho avuga ko Luvumbu uherutse gutandukana na Rayon Sports ari intwari. Ni ikiganiro cyabaye […]

Continue Reading

Perezida Kagame na Kiir Salva wa Sudan y’Epfo baganiriye ku buryo bwo guhosha umwuka mubi muri DRC.

Perezida Wa Sudan y’Epfo uri mu ruzinduko rw’akazi mu Rwanda yagiranye ibiganiro na Perezida Kagame ku buryo bwo gushyira iherezo ku bibazo biri muri Congo bisabye uruhare rw’ibihugu bitandukanye bigize umuryango wa Africa y’Uburasirazuba. Mu biganiro bagiranye kuri uyu wa kane tariki ya 22 Gashyantare 2024, Abakuru b’ibihugu byombi, Perezida Paul Kagame na mugenzi we […]

Continue Reading

Menya ibyo umujyi wa Kigali watangaje ku bishanga bitanu bigiye kuvugururwa.

Umuyobozi ushinzwe iterambere mu mujyi wa Kigali yatangaje ko abahinzi bari basanzwe bakorera ubuhinzi mu bishanga bitanu bigiye kuvugururwa nta kibazo bazagira kuko uretse kuba bazabonamo akazi, ariko abazishyira hamwe bazanafashwa kubona ibindi byo guhingamo. Ibi byatangajwe n’Umuyobozi Ushinzwe Iterambere ry’Ubukungu mu Mujyi wa Kigali, Rubangutsangabo Jean, Ubwo yari mu kiganiro kitwa WaramutseRwanda, gica kuri […]

Continue Reading