Cristiano Ronaldo yatawe mubihano nyuma yibyo yakoreye muruhame.

Nyuma y’uko rutahizamu Cristiano, agaragaje ibikorwa by’urukozasoni mu ruhame kubera abaririmbaga Messi, yahagaritswe umukino umwe anacibwa akayabo k’amafaranga. Ibi byabaye ku mukino wa shampiyona wabaye ku wa Gatandatu tariki ya 24 Gashyantare 2024, gishize aho ikipe ye ya Al Nassr yatsinzemo Al Shabab 3-2, Cristiano yatsinzemo igitego cya mbere kuri penaliti. Abafana baje kuririmba Lionel […]

Continue Reading

Kigali : Imodoka “Suzuki Vitara” yari itwaye abana ku ishuri yafashwe n’inkongi irashya irakongoka.

Mu gitondo cyo kuri uyu wa gatanu tariki ya 1 Werurwe 2024, Mu Karere ka Nyarugenge, Umurenge wa Nyamirambo, Akagari ka Kivugiza habereye impanuka itunguranye y’imodoka yo mu bwoko bwa Suzuki Vitara, yahiye igakongoka. Amakuru avuga ko iyi modoka yafashwe n’inkongi y’umuriro bitunguranye, Ubwo yari itwaye abana bato ku ishuri ariko ngo Polisi y’ u […]

Continue Reading

Ghana : Itegeko rishya rigena ibihano bihambaye ku batinganyi rirabasigamo imvune.

Mu gihe hirya no hino mu bihugu bitandukanye byo mu burayi hakomeje kwamamazwa ubutinganyi ni nako no muri Afurika uyu muco utahatanzwe cyane ko no mu Rwanda dutuyemo uyu muco wahageze, Nubwo ariko bimeze bityo ni nako mu bihugu bimwe na bimwe abarangwa n’uyu muco bakomeje gushyirirwaho ibihano binyuranye. Nubwo abagize ihuriro ry’Abatinganyi bo bavuga […]

Continue Reading

Perezida Paul Kagame yakiriye urubyiruko rwitabiriye gahunda igamije guteza imbere umugabane w’ Afurika.

Umukuru w’igihugu Paul Kagame yakiriye urubyiruko ruhagarariye abandi rwitabiriye gahunda yiswe ‘Young Leaders Program’ ibaye ku nshuro ya gatatu, igamije guteza imbere Afrika. Muri iri huriro ryabaye kuri uyu wa kane tariki 29 gashyantare 2024, mubiro bikuru by’umukuru w’igihugu Village Urugwiro, urubyiruko rwanagaragaje imwe mu mishinga rufite rwifuza guteza imbere. Iyo gahunda ya ‘Young Leaders […]

Continue Reading

Umuyobozi wa Hamas yahamagariye Abanya-Palestine kuzajya i Yeruzalemu gutangirirayo Ramadan.

Umuyobozi ushinzwe ibya Politiki mu mutwe wa Hamas yahamagariye Abanya-Palestine gukora urugendo rugana i Yeruzalemu, mu rwego rw’intangiriro z’Ukwezi kw’igisibo kwa Ramadan. Urugendo rwabo rukazaba rwerekeza ku Musigiti wa Al Aqsa muri Yeruzalemu, Ibyo ngo bigakorwa mu rwego rwo kugaragaza ko hakenewe agahenge muri Gaza, muri uko kwezi kw’igisibo. Umuyobozi ushinzwe ibya politiki muri Hamas, […]

Continue Reading

Ingabo na Polisi by’ u Rwanda bagiye gutangiza ibikorwa byo gufasha abaturarwanda mu bijyanye n’imibereho myiza.

Kuri uyu wa gatatu tariki ya 28 Gashyantare 2024, Ingabo z’igihugu ndetse n’urwego rw’umutekano Police y’ URwanda batangaje ko hagiye gutangizwa ibikorwa byo gufasha abaturarwanda mu bijyanye n’imibereho myiza. Mi itangaza Police y’igihugu yanyujije ku rubuga rwayo rwa X rwahoze ari Twitter yavuze koi bi bikorwa bigiye gutangizwa ku bufatanye n’Ingabo z’U Rwanda bizaba bifite […]

Continue Reading

Senegal : Abasaga 20 baguye mu mpanuka y’ubwato bwerekezaga muri Espagne.

Kuri uyu wa kane tariki ya 29 Gashyantare 2024, Mu birwa bya Canary habereye impanuka y’Ubwato yahitanye ubuzima bw’abasaga 20, Nyuma yo kurohama bitunguranye. Abimukira bo mu bihugu bya Afurika bitandukanye bari mu bwato bwari buturutse muri Senegal, berekeza mu birwa bya Canary mu gihugu cya Espagne, barohamye mu Nyanja abasaga 20 bahasiga ubuzima, Guverineri […]

Continue Reading

Ibanga, Akamaro, Byinshi wamenya ku mugenzo wo guca imyeyo {Gukuna}.

Guca imyeyo cyangwa se gukuna ni umwe mu migenzo imaze imyaka myinshi ikorwa mu Rwanda ndetse no bindi bice bya Afurika cyane cyane iy’Iburasirazuba n’iy’Amajyepfo, ariko se ni ngombwa ko buri mukobwa akora iki gikorwa, ese ubundi kimaze iki? Muri ibi bice bya Afurika twavuze, guca imyeyo bifatwa nk’inzira buri mukobwa nibura uri hagati y’imyaka […]

Continue Reading

Islael-Hamas : Nta rusaku rw’amasasu ruzumvikana mu kwezi gutagatifu kwa Ramadhan.

Intambara hagati ya Islael n’umutwe wa Hamas mu gace ka Gaza igiye kuzuza umwaka wa 2 impande zombi zihora mu makimbirane adashira ndetse ari nako ubuzima bw’Inzirakarengane nyinshi buhasigara, Hakibazwa igihe iyi ntambara izahagararira. Kugeza ubu iyo hashize umunsi umwe nta nkuru y’abaturikankwe n’igisasu byitwa ko muri Islael hariyo amahoro n’agahenge gusa bitaramba kuko ubwo […]

Continue Reading

Inama y’Abaminisitiri : Abarimo Gen Patrick Nyamvumba n’abandi bahawe imirimo mishya.

Perezida Kagame yayoboye inama y’Abaminisitiri isoza ukwezi kwa kabiri yafatiwemo ibyemezo n’imyanzuro bitandukanye kuri uyu wa kabiri tariki ya 27 Gashyantare 2024. Imwe mu myanzuro yafatiwe muri iyo Nama y’Abaminisitiri harimo iyo gushyira mu myanya abayobozi, aho General Patrick Nyamvumba wigeze kuba Umugaba Mukuru w’Ingabo z’u Rwanda, no kuyobora Minisiteri y’Umutekano, yahawe guhagararira u Rwanda […]

Continue Reading