Cristiano Ronaldo yatawe mubihano nyuma yibyo yakoreye muruhame.
Nyuma y’uko rutahizamu Cristiano, agaragaje ibikorwa by’urukozasoni mu ruhame kubera abaririmbaga Messi, yahagaritswe umukino umwe anacibwa akayabo k’amafaranga. Ibi byabaye ku mukino wa shampiyona wabaye ku wa Gatandatu tariki ya 24 Gashyantare 2024, gishize aho ikipe ye ya Al Nassr yatsinzemo Al Shabab 3-2, Cristiano yatsinzemo igitego cya mbere kuri penaliti. Abafana baje kuririmba Lionel […]
Continue Reading