Kaminuza yo muri Kenya irashinjwa guhatira abanyeshuri b’abayisilamu kujya mu rusengero

Umuyobozi w’inteko ishinga amategeko ya Kenya yategetse minisiteri y’uburezi gusuzuma ibirego bivuga ko kaminuza yo muri iki gihugu ituma abanyeshuri b’abayisilamu bajya mu mirimo ya gikristo. Kaminuza ya Daystar, ishuri ryigenga rya gikirisitu hafi ya Nairobi, naryo ngo rirasubiza inyuma amanota yabanyeshuri batajya muri shapeli. Kaminuza ivuga ko ibyo atari ukuri, nk’uko raporo zaho zibitangaza. […]

Continue Reading

Bobi Wine yabwiye Mpuuga ko amagambo aremereye ye adashobora guhanagura ruswa ye

Ihuriro ry’ubumwe bw’igihugu (NUP) Robert Kyagulanyi uzwi ku izina rya Bobi Wine yabwiye uwahoze ari Umuyobozi w’abatavuga rumwe n’ubutegetsi (LoP) Mathias Mpuuga gukora ikintu cyiyubashye n’imyitwarire maze akegura nka komiseri w’inteko. Muri missile ndende asubiza ibaruwa Mpuuga yanze aho yashinjaga NUP kuyobora nk’umuryango, Kyagulanyi ashimangira ko miliyoni 500 z’Amashiringi ‘Service Award’ ari ruswa igaragara kandi […]

Continue Reading

Umuyobozi w’agateganyo wa Tchad yemeje kandidatire ye mu matora ya perezida y’uyu mwaka

Ku wa gatandatu, perezida w’agateganyo wa Tchad, Mahamat Idriss Déby, yatangaje ko aziyamamaza mu matora ya perezida ateganyijwe kuba muri uyu mwaka. Kandidatire ye yemejwe n’abahagarariye imitwe ya politiki igize ihuriro rye, Kuri Tchad United, ivuga ko irimo amashyaka arenga 200. Ati: “Nyuma yo gutekereza cyane kandi mu mutuzo, nahisemo kwemera amahitamo wahisemo kugira ngo […]

Continue Reading

Utavuga rumwe n’ubutegetsi bwa Zimbabwe yashyinguwe nyuma y’imyaka ibiri yishwe.

Nyuma y’imyaka ibiri yishwe bunyamaswa, Moreblessing Ali utavuga rumwe n’ubutegetsi bwa Zimbabwe yaje gushyingurwa mu mujyi wa Chitungwiza mu nkengero za Harare ku munsi wo kuwa Gatandatu. Ali, umwe mu bagize ihuriro ry’abatavuga rumwe n’ubutegetsi (CCC) yashimuswe mu mwaka wa 2022 ari hanze y’akabari i Nyatsime, hafi y’umujyi wa Chitungwiza. Umurambo we wari waciwemo ibice, […]

Continue Reading

MINALOC yagaragaje uburyo bushya bwo gufasha uwataye indangamuntu kongera kuyibona.

Minisiteri y’Ubutegetsi bw’Igihugu, iravuga ko ubu hashyizweho uburyo bwihariye bwo gufasha abaturage bataye ikarita ndagamuntu, aho kuri ubu bazajya bashakishwa aho bari hose bakazisubizwa cyangwa zigasubizwa mu kigo cy’indangamuntu kikabashakisha bakazisubizwa. Ibi ngo biri muri gahunda yo gufasha abaturage kutazacikanwa n’amahirwe yo gutora, Hari abaturage bavuga ko bagiye bitabira gahunda zo kwifotoza ku bashya no gukosoza […]

Continue Reading

Nyuma yo gutsinda Etincelles FC byatumye APR FC iguma ku mwanya wa mbere.

Ikipe y’ingabo z’igihugu APR FC, nyuma yo gutsinda Entincelles FC igitego 1-0, byatumye iguma ku mwanya wa mbere wa shampiyona. Hari ku mukino waraye ubaye mwijoro ryakeye tariki 02 werurwe 2024, APR FC yari isanzwe iyoboye urutonde rwa Shampiyona irusha Rayon Sports ya kabiri amanota 7, ndetse inafite umukino w’ikirarane, yari yakiriye Etincelles FC kuri […]

Continue Reading

Mu birori byitabiriwe n’ibyamamare nyarwanda, Killaman yasabye anakwa Shemsa bamaranye imyaka 8 bakundana. {Amafoto}

Kuri uyu wa gatandatu tariki ya 2 Werurwe 2024, Umukinnyi wa Firime na komedi nyarwanda NIYONSHUTI Abdul Malick wamamaye nka Killaman yasabye anakwa umukunzi we UWAMAHORO Shemsa bamaranye imyaka isaga 8 bakundana. Ni umuhango kandi wagaragayemo ibyamamare byinshi mu myidagaduro yo mu Rwanda ndetse byumwihariko na Sinema Nyarwanda, Uyu muhango wo gusaba no gukwa wo […]

Continue Reading

DRC Congo: SANDF yongeye gupfusha abasirikare babiri, bicanye hagati yabo.

Mu gitondo cyo kuri uyu wa gatandatu hamenyekanye ko hari izindi mpfu mu gisirikare cya Afurika Yepfo kiri muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo mu butumwa bw’Amahoro, gusa bikaba byarabaye kuwa kane ushize. Amakuru yatangajwe na SANDF, Avuga ko umusirikare umwe muri iki gisirikare cya Afurika Yepfo yarashe mugenzi we akamwica ndetse nawe agaherako yirasa […]

Continue Reading

Türkiye : Dr Vicent Biruta yahagarariye Perezida Kagame mu nama yiga ku guteza imbere ubutwererane.

Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane, Dr Vincent Biruta arabarizwa i Antalya mu gihugu cya Türkiye, Aho guhagararira Perezida Paul Kagame mu nama y’ihuriro rizwi nka Antalya Diplomacy Forum, isanzwe yiga ku butwererane mpuzamahanga. Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga y’ u Rwanda yatangaje ko Dr Vicent Biruta yitabiriye iyi nama iri kuba ku nshuro yayo ya 5, kuri uyu […]

Continue Reading

Chris Eazy yatezwe agatego aragasimbuka kubye na Pascaline.

Umuhanzi uri mu bagezweho cyane Chriss Eazy yashize amanga yemera ibijyanye n’urukundo rwe na Umuhoza Pascaline yari amaze iminsi yihakana ndetse anemeza ko hari impano yamugeneye nziza. Ibi Chris Eazy yabivugiye mu kiganiro yagiranye na MULINDAHABI Irene ku muyoboro we wa MIE kuri Youtube, Avuga ko yamugeneye impano ku munsi we w’amavuko wabaye kuri uyu […]

Continue Reading