Inkuba yahitanye abantu bane muri Mozambique

Abantu bane bahasize ubuzima abandi batatu bakomereka bazize inkuba mu mujyi wa Mogincual, intara ya Nampula muri Mozambike. Igihugu gihanganye n’umuyaga w’Abanyafilipi, hamwe n’intara y’amajyepfo n’imbere rwagati aribyo byatumye habaho inkuba zikomeye. Muri Filipine hakomeje kuba imiyaga myinshi kandi bigaragara ko ari ibintu bitazamara igihe gito kuko hagomba kubaho gutandukanya kw’inyanja. Ubwiyongere bw’imvura bumaze kwandikwa […]

Continue Reading

Abantu 9 bapfuye abandi 78 bari mu bitaro nyuma yo kurya inyama z’akanyamasyo

Ku wa gatandatu, abayobozi bavuze ko abana umunani n’umuntu mukuru bapfuye nyuma yo kurya inyama z’akanyamasyo bakuye mu nyanja ku kirwa cya Pemba mu birwa bya Zanzibar ndetse n’abandi bantu 78 bari mu bitaro. Inyama z’akanyamasyo zo mu nyanja zifatwa nk’ibyokurya abaturage ba Zanzibar bakunze gukoresha mu buzima busanzwe nubwo rimwe na rimwe bivamo impfu […]

Continue Reading

Abakinnyi 62 b’umupira w’amaguru bahagaritswe kubera gutunga “indangamuntu ebyiri”

Umwe mu bakinnyi bagize ikipe y’igikombe cy’Afurika mu gihugu cya Kameruni ari mu bakinnyi 62 batazakina imikino ya nyuma yo guhatanira igikombe cya shampiyona y’igihugu mu gihugu kubera amakosa yo gutunga ibimuranga bibiri bidahuje. Kuri uyu wa mbere, umuyoboro w’Abafaransa RMC n’ibitangazamakuru byo muri Kameruni byatangaje ko Wilfried Nathan Douala hamwe n’abandi bakinnyi 61 bafashwe […]

Continue Reading

Minisitiri w’intebe wa Haiti yavuze ko azegura inama n’inzibacyuho imaze gushingwa

Ku wa kabiri, Minisitiri w’intebe wa Haiti, Ariel Henry, yatangaje ko azegura ku mirimo ye n’inama y’umukuru w’inzibacyuho imaze gushingwa, yifashishije igitutu mpuzamahanga gishaka gukiza igihugu kirengerwa n’udutsiko tw’urugomo abahanga bamwe bavuga ko cyateje intambara yo mu rwego rwo hasi. Henry yabitangaje nyuma y’amasaha make abayobozi barimo abayobozi ba Karayibe ndetse n’umunyamabanga wa Leta muri […]

Continue Reading

Kapiteni Niyonzima Olivier Sief yahagaritswe muri Kiyovu Sports.

Kapiteni Niyonzima Olivier Seif, yahagaritswe n’ubuyobozi bwa Kiyovu Sports kugeza shampiyona irangiye kubera imyitwarire itari myiza akomeje kugaragaza. Mu ibaruwa iyi kipe yandikiye Niyonzima Seif tariki ya 9 Werurwe 2024, yamumenyesheje ko kubera imyitwairire idahwitse ahagaritswe imikino 6. Yagize ati “Dushingiye ku masezerano wagiranye na Kiyovu Sports tariki ya 1 Kanama 2023, mu nshingano zikubiye […]

Continue Reading

Hollywood John Cena yatanze igihembo cya Oscar yambaye ubusa.

Mu gikorwa cyo gutanga ibihembo bya filimi zarushije izindi bizwi nka Oscars mu ijoro ryacyeye mu gace ka Hollywood i Los Angeles/California muri Amerika, John Cena usanzwe akina umukino wrestling akaba n’umukinnyi wa cinema, yahamagawe ngo atange igihembo aza yambaye ubusa. Ni mu birori byabaye mw’ijoro ryakeye tariki 10 werurwe 2024, uyu mugabo yaje yambaye […]

Continue Reading

Ikipe y’igihugu Amavubi yatangiye Umwiherero utegura Imikino ya gicuti.

Ikipe y’igihugu y’umupira w’amaguru Amavubi, yatangiye Umwiherero yitegura imikino ibiri ya gicuti u Rwanda rufitanye na Madagascar ndetse na Botswana muri uku kwezi kwa Gatatu 2024. Mu gitondo cyo kuri uyu wa Mbere tariki 11 Werurwe 2024, ni bwo abakinnyi b’Ikipe y’Igihugu Amavubi biganjemo abakina imbere mu gihugu batangiye Umwiherero bitegura iyo mikino ibiri ya […]

Continue Reading

Umujyi wa Kigali watangaje ko ufite Bisi nshya kubifuza gukora akazi ko gutwara abantu.

Ubuyobozi bw’Umujyi wa Kigali bwahaye rugari abifuza gushora imari mu gutwara abantu, ko bubafitiye bisi nshya zigurishwa zo mu bwoko bwa Yutong ZK6106HG. Iri tangazo ryashyizweho umukono n’Umuyobozi w’Umujyi wa Kigali, Samuel Dusengiyumva, rivuga ko abifuza izo bisi bashobora kujya ku biro by’uyu Mujyi gusaba inyandiko ikubiyemo ibisabwa, guhera kuri uyu wa Mbere tariki 11 […]

Continue Reading

Kuri uyu wa mbere u Rwanda rwinjiye mu kwezi kw’igisibo gitagatifu cya Ramadhan.

Umuryango w’Abayislamu mu Rwanda winjiye mu kwezi kw’igisibo gitagatifu cya Ramadhan, gifatwa nk’umwanya wo kurushaho gusenga, gufasha abatishoboye no kwegera Imana cyane mu isengeho. Mw’itangazo ryasohowe na Mufti w’u Rwanda, Sheikh Hitimana Salim ku Cyumweru tariki 10 Werurwe 2024, yamenyesheje Abayislamu n’Abanyarwanda muri rusange ko igisibo cy’ukwezi gutagatifu kwa Ramadhan gitangira kuri uyu wa Mbere […]

Continue Reading

Dore ibihugu bikize cyane muri Afrika

Ni Nijeriya, igihugu cyo muri Afurika y’Iburengerazuba, kigaragaza ubukungu bukomeye ku mugabane wa Afurika. Hafi ya GDP igera kuri miliyari 477 z’amadolari mu 2022, Nijeriya iri ku isonga ry’ibihugu bikize cyane muri Afurika, imbere ya Misiri na Afurika y’Epfo. Dukurikije ibipimo by’iterambere rya IMF, uru rutonde ntirukwiye guhura n’imvururu mu myaka iri imbere. Nijeriya, igihugu […]

Continue Reading