Perezida Putin yakubise hasi ibipfukamiro, yisabira abarusiya kumuzirikana mu matora.

Kuri uyu wa kane tariki ya 14 Werurwe 2024, Perezida w’u Burusiya, Vladimir Putin yumvikanye mu mbwirwaruhame asaba abaturage kumuhundagazaho amajwi mu matora agiye gukorwa igihugu cye kiri mu bihe bitoroshye by’intambara na Ukraine. Putin yasutse hasi amarangamutima we maze yisabira abarusiya bose kuzamuzirikana muri aya matora, Dore ko agiye kuba ahanganye n’igihugu cya Ukraine […]

Continue Reading

Nigeria : Abagera kuri 11 batawe muri yombi bazira kurya mu gisibo cya Ramadhan.

Mu gihe Ku Isi hose abayisiramu bamaze iminsi micye batangiye igisibo cya Ramadhan aho abayisiramu bose baba bari mu masengesho ndetse batemerewe kurya mu masaha atarabigenewe. Ki gicamunsi cyo kuri uyu wa kane tariki ya 14 Werurwe 2024, Polisi ya kisilamu muri Nigeria izwi ku izina rya Hisbah, yataye muri yombi Abayisilamu 11 bafashwe bari […]

Continue Reading

Polisi y’u Rwanda yibarutse ikigo gishya cy’Ikoranabuhanga gikoresha ibizamini byo gutwara ibinyabiziga.

Polisi y’u Rwanda, Ishami rishinzwe Ibizamini n’Impushya zo gutwara ibinyabiziga, mu minsi iri imbere irafungura Ikigo gishinzwe gukoresha ibizamini byo gitwara ibinyabiziga, hifashishijwe Ikoranabuhanga. Ku wa Gatatu tariki 13 Werurwe 2024, Polisi yerekanye inyubako n’ibibuga bikorerwaho ibizamini by’impushya z’agateganyo n’iza burundu, ndetse n’ikoranabuhanga rizifashishwa. Ntabwo haramenyekana igihe iki kigo kizatangira gukoresha ibizamini ndetse n’igiciro ababikora […]

Continue Reading

Inteko ishinga amategeko y’ubumwe bw’ibihugu by’Uburayi yatora kurengera ubwisanzure bw’itangazamakuru no kugabanya kuneka abanyamakuru

Ku wa gatatu, amategeko mashya y’ubumwe bw’ibihugu by’Uburayi arengera ubwigenge bw’ibyumba by’amakuru yakiriye kashe ya nyuma yemejwe n’Inteko ishinga amategeko y’Uburayi ku wa gatatu. Itegeko ryerekeye ubwisanzure bw’itangazamakuru – ryasabwe bwa mbere n’umuyobozi w’ubumwe bw’ibihugu by’Uburayi muri Nzeri 2022 – ryemejwe cyane ku wa gatatu n’amajwi 464 bashyigikira uyu mushinga witegeko, 92 barabirwanya naho 65 […]

Continue Reading

Ubu ikibazo cy’abimukira mu Bwongereza kigiye gucyemurwa n’ifaranga

Abimukira basaba ubuhunzi mu Bbwongereza bazahabwa £ 3000 ($ 3.800 ni ukuvuga arenga miliyoni 4 hafi eshanu) yo kwimukira mu Rwanda. Ubwongereza bumaze kugira gahunda ihari yo kwishyura abasaba ubuhunzi bananiwe gusubira mu bihugu byabo. Ku wa kabiri, ibitangazamakuru byaho byatangaje ko ariko ingamba nshya zireba abadashobora gusubira mu bihugu bakomokamo. Amafaranga yo kwishyura abimukira […]

Continue Reading

Abakristu basuye Isiraheli nk’abakorerabushake mu gihe cy’intambara

Ibi ni ukuri cyane cyane muri Amerika, aho uruhare rwabo muri politiki rwagize uruhare mu gushyiraho politiki ya Isiraheli y’ubuyobozi bwa Repubulika iherutse. Kuva intambara ya Isiraheli na Hamas yatangira amezi atanu ashize, abavugabutumwa basuye Isiraheli ari benshi kugira ngo bitange kandi bafashe gushyigikira intambara. Ubukerarugendo muri Isiraheli bwagabanutse kuva mu Kwakira. Minisiteri y’ubukerarugendo ivuga […]

Continue Reading

Miss wa Uganda ufite inkomoko mu Rwanda yiteguye guhagararira igihugu cye mu marushanwa ya Miss World ya 71

Yavukiye ku mubyeyi wo mu Rwanda na se w’Umunyankore akurira mu mudugudu wa Kinoni, paruwasi ya Buremezi, mu karere ka Nakaseke. Hannah Karema Tumukunde yize ishuri mpuzamahanga rya Hana Uganda muri Nsangi na Seroma Christian High School i Mukono. Uyu mukobwa w’imyaka 21 yiyemeje kwiga no kwiteza imbere ku giti cye yakomeje aribyo byamuteye imbere […]

Continue Reading

Imbamutima za benshi, Nyuma yuko habayeho izamuka ry’ibiciro by’ingendo.

Ibiciro bishya by’Ingendo byavugishije benshi nyuma yuko byongerewe kuri uyu wa kabiri tariki ya 12 Werurwe 2024 ndetse bikazatangira kubahirizwa mu gihe gito cyane cyiri imbere. Iri tangazo rijyanye n’izamuka ry’ibiciro by’ingendo mu mudoka zitwara abantu mu buryo bwa rusange ntiryavuzweho rumwe cyane ko hari abasanga habayeho gutumbagizwa cyane kw’ibiciro nyamara benshi bari no mu […]

Continue Reading

Perezida Kagame yahaye bamwe mu bayobozi inshingano nshya muri Guverinoma.

Kuri uyu wa kabiri tariki ya 12 Werurwe 2024, Perezida wa Repubulika y’ u Rwanda Paul Kagame yahaye abayobozi batandukanye inshingano nshya muri Guverinoma mu itangazo ryaturutse mu biro bya Minisitiri w’Intebe.  Itangazo riturutse mu Biro bya Minisitiri w’intebe, rivuga ko Perezida wa Repubulika Paul Kagame ashingiye ku biteganywa n’Itegeko Nshinga rya Repubulika y’u Rwanda […]

Continue Reading

Byamusabye kujya akoropa Studio, kugirango akore indirimbo ye ya mbere, Urugendo rugoye rwa Khalfan mu muziki.

Umuraperi NIZEYIMANA Oddo wamenyekanye nka Khalfan mu itsinda rya Home Boyz yahishuye byinshi bitangaje mu rugendo yanyuzemo kuva yatangira umuziki we bigoranye cyane. Uyu muraperi yatangaje inzira igoye yanyuzemo mu rugendo rwa muzika mu kiganiro “Kulture Talk” gitambutswa n’umunyamakuru Emmy Ikinege wa Igihe.com kuri uyu wa kabiri ubwo yatumirwaga mu kiganiro na mugenzi we Pfla […]

Continue Reading