Ibihugu 5 muri Afurika washakamo umugore, Urugo rwanyu rukaramba.

Amakuru Urukundo

Umurage w’umuco, Amateka n’urukundo, Ubushuti ndetse n’ubufatanya ni umwihariko w’ibihugu byinshi byo Kuri uyu mugabane dutuye wa Afrika ndetse bikagaragarira cyane ku gitsinagore.

Ibi byose wabashije kubishingira no kubirebaho, byagufasha kumenya bimwe mu bihugu bya afurika washakamo umugore utazagushavuza, Uyu munsi wa none abenshi ntibakimenya kureba abakobwa bafite izi ndangagaciro tuvuze, Ahubwo birebera ubwiza bw’inyuma.

Mu bihugu bigera Kuri 54 biri ku mugabane wa Afurika, Twaguhitiyemo ibihugu byiza washakamo umugore, Urugo rwanyu rukaba rwaba rwiza.

1. Morocco: Iki gihugu ni cyiza Kuko usanga abagore bagira icyubahiro mu miryango yabo, Biyubaha ubwabo ndetse banubaha abagabo babo, Ni abatsetsi beza Kandi bazi kwita kuba bagabo babo, barasabana cyane, ni beza Kandi baba ari abahanga cyane mu by’imibanire
2. Kenya: Abanya Kenya ni abagore b’abakozi Kandi b’abanyamurava, bagira intumbero n’intego mu buzima bwose barimo, Muri rusange ubwiza bwabo buri inyuma no mu bwonko Abagore b’abagande bagira umwihariko wo kuba umwimerere Kudakunda kwisiga ibibagira beza kurushaho barubashye Kandi ni abakozi cyane, Ubumuntu Kandi nawo ni umwihariko w’abagande cyane
3. South Africa: Abagore bo muri afurika yepfo baratundukanye cyane, Kuko bo bazi gutandukanye ahahise habo ndetse n’ubushobozi bifitemo, ntibazi gucibwa Intege n’Aho bavuka, Kuko icyizere aricyo kibaranga Kandi ni beza cyane nabo
4. Egypt: Abanya misiri ni Aba mama beza, Utapfa kubona hose, Kuko usanga n’uburere bwabo bushingiye ku muco w’igihegu cyano. Bityo akaba ari baba bagowe wasangana za ndangagaciro zakubaka neza Urugo
5. Nigeria: Abanya -nigeria bazwiho kuba Ari abagore bkundwa cyane mbese bafite igikundiro, ni abakobwa bafite Umutima mwiza Kandi wita ku bantu cyane, byimwihariko abagasha babo.
Iyi nkuru yakozwe hakurikijwe ibyegeranyo byakozwe n’abashakashatsi mu bijyanye n’imibanire, Ndetse ntibivuze ko uko twavuze kuri aba bakobwa duhamya ko bakunze kubaka ingo zikaramba bitavuze ko hari n’ubwo zasenyuka cyangwa se zikaba zubatse ku musenyi bitewe n’umusore cyangwa umugabo bubakanye urwo rugo, Tuzakomeza kubagezaho n’izindi nkuru zivuga ku basore n’abagabo beza bubaka zigakomera mu bihugu by’Afurika.

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *