Meddy na Diamond basobanuye impamvu bongeye kubura mu bukwe bwa The Ben.

Meddy na Diamond Platnumz bari bitezwe cyane mu bukwe bwa The Ben na Pamella bwabaye kuri uyu wa gatandatu tariki ya 23 Ukuboza 2023 ntibabonetse bakoresheje ubutumwa bifashishije umuyoboro w’ikoranabuhanga. Ubu bukwe bwabaye kuri uyu wa gatandatu tariki ya 23 Ukuboza 2023, Mu muhango wabereye mu rusengero rwa Eglise Vivante de Jésus Christ, ruherereye ahazwi nko ku […]

Continue Reading

Kiliziya Gatorika zo mu Rwanda zamaganiye kure cyane icyemezo Papa cyo Guhesha umugisha abahuje Ibitsina.

Ubuyobozi bukuru bwa Kiliziya Gatorika mu Rwanda bwagaragaje ko bitishimiye ndetse budashyigikiye Icyemezo cyatangajwe n’umushumba mukuru wa Kiliziya Gatorika ku Isi Papa Francis. Bahagarariwe na Antoine Karidinali Kambanda, Abepiskopi Gatolika bose bo mu Rwanda bahurije hamwe amajwi yabo n’imyemerere yabo basohoye itangazo rigamije gukuraho urujijo ku cyemezo cyo guhesha mugisha abahitamo kubana bahuje ibitsina Papa […]

Continue Reading