Menya ahantu 5 hateye ubwoba cyane kurusha ahandi ku Isi.

Abatuye Isi hafi ya twese dukunze gutembera mu bice bitandukanye, muri uko gukunda gutembera cyane biri mu bituma habaho ubuvumbizi butandukanye, kuko iyo wabashije gutembera ukabona ahantu runaka cyangwa ikintu runaka, ubwira abandi ibyiza byacyo cyangwa ibibi byacyo bitewe nibyo wiboneye n’amaso yawe. Muri uko gutembere hari bamwe bishimira ibyo babona, hari n’abandi bagera ahantu […]

Continue Reading

Nubwo hari ibyiza bya internet, Dore ibindi bibi internet yazanye mu isi

Ikoranabuhanga rishingiye kuri murandasi bwazanye byinshi byiza n’ibibi dore ko mu buzima tubamo buri kintu cyose kiba gifite ibyiza n’ibibi, Uku niko isi iteye kuva yabaho ko hagomba kuba hari ibibi n’ibyiza bityo nibyo abantu baremye cyangwa bakoze byose bifite uruhande rwiza ndetse n’uruhande rubi. Uyu munsi reka tuvuge ku bijyanye n’ikoranabuhanga ry’uyu munsi aho […]

Continue Reading