Ubutaliyani bwafashe ingamba zo guca abimukira bava muri Afrika bajya mu Burayi.

Mu gihe Ubutaliyani bwiyemeza kuyobora igice cy’ibihugu birindwi by’inganda zikomeye, Minisitiri w’intebe Giorgia Meloni yavuze kuri iki cyumweru ko kwibanda ku guteza imbere ubufatanye bufatika na Afurika, aho gutanga ubufasha, bizaba ingenzi mu gihe cy’umwaka umwe. Yavuze ko guteza imbere ubukungu bwaho no kuzamura imibereho muri Afurika, bishobora kubuza abashaka kwimuka gushaka ubuhungiro mu Burayi. […]

Continue Reading

Urutonde rw’Abaherwe 10 ba mbere muri Afurika mu ntangiriro z’Umwaka wa 2024.

Business Insider Africa, itanga amakuru y’ubucuruzi muri Afurika yerekana yerekanye urutonde rw’abaherwe ba mbere mu mwaka ushize kugeza muri izi ntangiro za 2024 kuri Forbes. Uru ni rutonde rw’Abantu 10 ba mbere bakize muri Afurika mu ntangiriro za 2024, Forbes ishyiraho uru rutonde kandi ikanarusubiramo mu gihe habayeho impinduka umunsi ku munsi ku Isi yose […]

Continue Reading

Etiyopiya yamaze kumvikana no kugirana amasezerano yo gukoresha icyambu kinini muri Somaliland

Ku wa mbere, abayobozi bavuze ko Etiyopiya yagiranye amasezerano yo gukoresha icyambu kinini mu karere ka Somaliya gatandukanijwe na Somaliland, kubera ko iki gihugu kidafite inkombe gishakisha inzira nyinshi zo mu nyanja. Amasezerano ku cyambu cya Berbera cya Somaliland aje nyuma y’amezi make Minisitiri w’intebe wa Etiyopiya, Abiy Ahmed, avuze ko igihugu cye kizarengera uburenganzira […]

Continue Reading

Mu mboni : Ese umwaka wa 2023 urangiye U Rwanda ruhagaze rute mu bubanyi n’amahanga na Dipolomasi ?

Muri uyu mwaka wa 2023, mu bijyanye n’ububanyi n’amahanga na dipolomasi hagati y’u Rwanda n’amahanga, hagiye hagaragara isinywa ry’amasezerano y’ubufatanye hagati ya Leta y’u Rwanda ndetse n’ibindi bihugu byinshi byiganjemo ibyo ku mugabane wa Afurika. Ku ikubitiro Tariki 4 Mata, Perezida William Ruto wa Kenya yagiriye uruzinduko i Kigali ndetse yakirwa na mugenzi we Perezida […]

Continue Reading

Miliyoni zugera muri enye nirwo rubyiruko mu Rwanda rudafite icyo rukora.

U Rwanda rwagiye rushyiraho porogaramu zitandukanye zigamije kugabanya ubukene zuzuzanya n’izo ku rwego ariko haracyari umubare munini w’abaturage barwo bakennye n’abakennye cyane. Ingamba zo kugabanya ubukene zavuzwe muri porogaramu z’igihugu zirimo Icyerekezo 2020, EDPRS 1 na 2 n’izo ku rwego mpuzamhanga nk’Intego z’Ikinyagihumbi naho kuri ubu ni Icyerekezo 2050, NST1 na Agenda 2063. Uko imyaka […]

Continue Reading

Dore impamvu ituma bamwe mu bakire bakomeza gukira naho bamwe mu bakene bakaguma kuba mu bukene.

Ni kenshi hagite havugwa ibintu bitandukanye birebana n’ubutunzi cyangwa ubukire mu yandi magambo amenyerewe, ariko nanone hibazwa ibituma abantu bitwa ko bakennye bahora bakora cyane ariko ugasanga ibyo bakorera ndetse n’imbaraga bakoresha zisa nkaho ntaho zibageza ngo babe bava ku rwego rumwe bagere ku rundi, Gusa nanone si bose kuko hari abatanga ubuhamya bavuga ko […]

Continue Reading

Byinshi wamenya ku bwato burimo Hotel, bwatangiye imirimo yo gutwara abantu mu kiyaga cya Kivu.

Mu ntara y’uburengerazuba mu kiyaga cya Kivu hageze ubwato bunini cyane burimo na Hotel ifitemo ibyumba bisaga 10 byose ku nkunga ya Mantis Society isanzwe ikora ibijyanye n’ubucuruzi bwo mu ma hotel ku Isi. Ubu bwato bwatangiye imirimo yo gutwara abantu n’ibintu bwiswe “Mantis Kivu Queen uBuranga” bwatanzwe na Sosiyete izwi nka “Mantis” yo mu […]

Continue Reading

Ariel Wayz yahesheje ishema injyana ya Hip-Hop mu gitaramo cya Move Afrika.

Hashize iminsi abantu bamwe na bamwe cyane cyane abakunda injyana ya Hip-Hop bintubira cyane imitegurire y’igitaramo cyaraye kibereye i Kigali muri BK Arena cyari kirimo umuraperi mpuzamahanga Kendrick Lamar. Ni ibintu abantu bagiye bajyaho impaka nyinshi ko biteye agahinda ko uyu muraperi aje mu Rwanda mu gitaramo ataraza kubonamo uko Hip-Hop nyarwanda imeze, kuko abenshi […]

Continue Reading

Wari uziko kera mu Rwanda, kwinjira muri Kigali byasabaga urwandiko wagereranya nka Visa.

Mu Rwanda rwo hambere ntibyari byoroshye ko wajya i Kigali uko wishakiye nkuko ubu bimeze aho ushobora kubyuka mu gitondo ugategura urugendo i Kigali, ukajya muri gahunda zawe ugataha cyangwa ukarara. Nkuko babivugaga ngo i Kigali ni amahanga, Yego nibyo abantu batari baravukiye i Kigali bafataga uyu mujyi nk’amahanga kuko wasangaga ariho hantu hari ibintu […]

Continue Reading

Ni irihe somo Kendrick Lamar asigiye imyidagaduro n’abahanzi nyarwanda.

Kendrick Lamar ari i Kigali nkuko twagiye tubigarukaho kenshi mu nkuru zacu zatambutse, Mu ijoro ryo kuwa Gatatu tariki 6 Ukuboza 2023 nibwo uyu muraperi ukunzwe na benshi yataramiye muri BK Arena, Igitaramo Move Afrika cyanitabiwe na Perezida Kagame Paul ndetse n’umufasha we. Ku binyamakuru byandikira mu gihugu cy’ u Rwanda uyu munsi byose biri […]

Continue Reading