Perezida Tshisekedi Yahuje igenda rya Luvumbu wa Rayon Sports n’ibibazo bya Politiki.

Perezida Tshisekedi yagiranye ikiganiro n’abanyamakuru cyamaze amasaha agera kuri abiri, ariko ingingo nyamukuru yari u Rwanda, aho yateraga akirizwa na Patrick Muyaya, Minisitiri w’Itumanaho. Yavuze ko u Rwanda rukijijwe n’amabuye y’agaciro hamwe n’ibiribwa rusahura igihugu, ko M23 ari icyitiriro cyarwo, anagera aho avuga ko Luvumbu uherutse gutandukana na Rayon Sports ari intwari. Ni ikiganiro cyabaye […]

Continue Reading

Perezida Kagame na Kiir Salva wa Sudan y’Epfo baganiriye ku buryo bwo guhosha umwuka mubi muri DRC.

Perezida Wa Sudan y’Epfo uri mu ruzinduko rw’akazi mu Rwanda yagiranye ibiganiro na Perezida Kagame ku buryo bwo gushyira iherezo ku bibazo biri muri Congo bisabye uruhare rw’ibihugu bitandukanye bigize umuryango wa Africa y’Uburasirazuba. Mu biganiro bagiranye kuri uyu wa kane tariki ya 22 Gashyantare 2024, Abakuru b’ibihugu byombi, Perezida Paul Kagame na mugenzi we […]

Continue Reading

Imitwe yitwaje intwaro imaze imyaka myinshi igenzura Libiya yumvikanye na Leta ko igiye kuva mu bice yigaruriye.

Byatangajwe na Minisitiri w’Ubutegetsi bw’igihugu, Trabelsi Emad, ubwo yari mu kiganiro n’abanyamakuru. Yemeje ko imitwe yitwaje intwaro yavuye mu byicaro byayo bikuru kandi ko, Guverinoma izajya ibakoresha mu bihe bidasanzwe cyangwa mu butumwa bwihariye. Africanews yatangaje ko Minisitiri Trabelsi yongeyeho ko nibarangiza kuva mu Murwa Mukuru Tripoli, hazakurikiraho indi Mijyi, ndetse yizeza ko hatazongera kubaho […]

Continue Reading

Minisitiri w’ingabo muri Afurika yepfo atewe impungenge n’ubutumwa bwa SADC muri DRC

Thandi Ruth Modise, Minisitiri w’ingabo z’Afurika yepfo yagaragaje impungenge z’imiterere igoye y’ubutumwa bwa SADC muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo. Ku ya 14 Gashyantare mu majyaruguru ya Kivu, abasirikare babiri bo muri Afurika y’Epfo barashwe. Bamenyekanye nka Kapiteni Simon Mkhulu Bobe na Master Kaporali Irven Thabang Semono. Thandi Ruth Modise ubwo yaganiraga ku butumwa bw’ingabo […]

Continue Reading

Igisirikare cya Nijeriya cyasabwe guhirika ubutegetsi

Igice cy’Abanyanijeriya batishimiye ubuyobozi buriho barahamagarira ingabo z’iki gihugu guhirika ubutegetsi no guhirika ubutegetsi buriho. Nyuma y’ibibazo by’ubukungu mu bukungu bunini bwa Afurika, abantu bamwe basabye igisirikare gukora coup d’Etat mu rwego rwo gushyigikira ibibazo by’abaturage. Umuyobozi mukuru w’ingabo, Jenerali Christopher Musa, yavuze ko abahamagarira guhirika ubutegetsi kubera ibibazo by’ubukungu bidasobanura neza Nigeria. Musa yavuze […]

Continue Reading

Impunzi z’Abarundi zisaga 100 zirataha mu gihugu cyazo ku bushake, Nyuma y’imyaka igera kuri 9.

Kuri uyu wa Gatatu, impunzi z’Abarundi zirenga 100 zirataha mu gihugu cyabo ku bushake, zose zabaga mu nkambi zigiye zitandukanye zo mu Rwanda.  Izi mpunzi zirataha nyuma y’imyaka isaga icyenda zicumbikiwe n’ U Rwanda, Muri izi mpunzi harimo abagera kuri 78 bo mu miryango 38 yabaga mu nkambi ya Mahama iri mu Karere ka Kirehe, […]

Continue Reading

Ibibera mu burasirazuba bwa Kongo n’impamvu amatsinda atabara aburira ikibazo gishya mu bijyanye n’ubutabazi

Uburasirazuba bwa Kongo bumaze imyaka bugarijwe n’amakimbirane, aho M23 iri mu mitwe irenga 100 yitwaje intwaro irwanira ikirenge mu gace gakungahaye ku bucukuzi bw’amabuye y’agaciro hafi y’umupaka n’u Rwanda. Bamwe bashinjwaga kuba barishe abantu benshi. Mu cyumweru gishize habaye imvururu mu mirwano hagati y’inyeshyamba za M23 n’ingabo za Kongo, kandi bibaye mu gihe Umuryango w’abibumbye […]

Continue Reading

Uburusiya bwibasiye bikabije Ukraine y’Amajyepfo

Ingabo z’Uburusiya zagarutse ku gitero cyo hakurya y’iburasirazuba n’amajyepfo ya Ukraine zitanga ingufu zikomeye z’umuriro ziherutse guhatira ingabo za Ukraine guhunga Avdiivka mu burasirazuba bwa Donetsk. Ku wa mbere, Oleksandr Tarnavsky umuyobozi mukuru wa Ukraine yavuze ko Uburusiya bugaba ibitero byinshi hafi y’umudugudu wa Robotyne, kamwe mu duce tumwe na tumwe Kyiv yari yarashoboye kwigarurira […]

Continue Reading

Igitero cy’Aba Houthi cyo munsi y’inyanja cyaburijwemo.

Inyeshyamba z’aba Houthi zagabye igitero giciye munsi y’amazi hifashishijwe indege ya Done kuri Leta zunze ubumwe za Amerika gusa bipfa ubusa kuko icyo gitero cyaburijwemo nyuma yo kubivumbura kare. Amakuru mashya yatangajwe n’Igisirikare cya Leta Zunze Ubumwe za Amerika kiyanyujije ku rubuga rwa X avuga ko ku munsi wejo ku cyumweru tariki ya 18 Gashyantare […]

Continue Reading

Gaza: Abaganga bati “Nta bundi bushobozi dufite mu gihe tutanafite uburyo bwo kubona ibikoresho uretse kureka abarwayi bagapfa.”

Abaganga hirya no hino muri Gaza basobanuye inkuru iteye agahinda y’ukuntu kubaga abarwayi badafite Ibikoresho bihagije by’ingenzi bibagoye cyane, ndetse biri gutuma ubuzima bwa benshi buhasigara. Umwe muri aba baganga bashinzwe kwita ku ndembe muri aka gace kazahajwe n’intambara yabwiye itangazamakuru ko bahangayitse cyane kubwo kureka abarwayi bakabapfira mu biganza Ati “Kubera ikibazo cyo kubura […]

Continue Reading