“Umugabane wa Afurika ntuzakomeza gushingira cyane ku gutumiza imiti n’inkingo mu mahanga” Perezida Kagame.

Perezida Paul Kagame yavuze ko umugabane wa Afurika utazakomeza gushingira cyane ku gutumiza imiti n’inkingo mu mahanga ahubwo ko bigomba guhinduka hagashakwa ibisubizo by’igihe kirekire hubakwa inganda ndetse no guteza imbere siyansi. Perezida Kagame yabigarutseho ubwo yakiraga ku mugoroba wo kuri uyu wa Mbere tariki 18 Ukuboza 2023, Perezida wa Komisiyo y’Umuryango w’Ubumwe bw’u Burayi […]

Continue Reading

Madamu Jeannette Kagame yasabanye n’abana bato basangira iminsi mikuru isoza umwaka wa 2023.

Madamu Jeannette Kagame yasabanye n’bana bato basangira iminsi mikuru isoza umwaka wa 2023 ndetse agaruka cyane ku ikoreshwa ry’ibiyobyabwenge n’ububi bwazo utibagiwe ingaruka zikomeye zitera. Kuri uyu wa gatandatu tariki ya 16 Ukuboza 2023, Madamu Jeannette Kagame yasangiye n’ihuriro ry’abana bato baturutse mu mpande zose z’Igihugu maze basangira iminsi mikuru isoza umwaka wa 2023 nk’imbaraga […]

Continue Reading