Minisitiri w’intebe w’Ubutaliyani yerekanye “Gahunda ya Mattei” igamije iterambere ry’Afurika

Ku ya 28 na 29 Mutarama, guverinoma y’Ubutaliyani izakora inama ya Afurika yari itegerejwe na benshi. Intumwa zirenga 50, cyane cyane ziturutse mu bihugu bya Afurika, ndetse n’abayobozi b’ubumwe bw’ibihugu by’Uburayi n’abahagarariye imiryango mpuzamahanga, bazagera mu murwa mukuru w’Ubutaliyani. Intego y’iyi nama ni ukugaragaza gahunda y’Ubutaliyani igamije yo gusuzuma uburyo iki gihugu cyagira ibyo gikorana […]

Continue Reading

Ikibazo kiri kubera ku Inyanja Itukura gikomeje kubera amahirwe Afurika y’Epfo n’umugabane mu bukungu.

Nyuma y’ibitero biherutse kubera mu nyanja Itukura, amato ahitamo kurenga umuyoboro wa Suez no kuzenguruka ikirwa cya Afurika yepfo cyitwa Cape of Good Hope (Muribuka mu nkuru twigeze gusobanuraho iby’aka gace) https://nfs.rsl.mybluehost.me/.website_58f4f476/aba-houthis-ni-bande-ese-ubundi-ibitero-byamerika-nubwongereza-kuri-yemeni-byaje-bite/ Ihinduka ryahagaritse inzira ikomeye yo kohereza gukora bucuruzi hirya no hino ku isi, bituma amato yongeraho indi minsi 15 murugendo rwayo, ibyo rero […]

Continue Reading

Perezida Doumbouya wa Guinea uri mu ruzinduko mu Rwanda, Yasuye Urwibutso yunamira abazize Jenoside yakorewe Abatutsi.

Baherekejwe n’Abandi bayobozi b’u Rwanda Perezida Mamadi Doumbouya ari kumwe na Madamu we basuye urwibutso rwa Jenocide yakorewe Abatutsi muri Mata 1994 ruherereye ku Gisozi mu mujyi wa Kigali. Kuri uyu wa gatanu tariki ya 26 Mutarama 2024, Umukuru w’Igihugu cya Guinea, Mamadi Doumbouya uri mu ruzinduko rw’akazi mu Rwanda ari kumwe n’umufasha we Lauriane […]

Continue Reading

Ubwongereza: Depite arasaba imbabazi ko yashinje Rishi Sunak ko afite ‘amaraso ku biganza’ nyuma y’amagambo yatangaje ku ntambara ya Israel muri Gaza

Umudepite w’umurimo yasabye imbabazi nyuma yo gushinja Rishi Sunak kuba afite “amaraso y’inzirakarengane ibihumbi mu ntoki” kubera igisubizo yatanze ku ntambara yo muri Isiraheli na Gaza. Umudepite wa Birmingham, Tahir Ali yagabye igitero simusiga kuri Sunak mu bibazo bya Minisitiri w’intebe ku wa gatatu. Ubuyobozi bw’umurimo bwitandukanije n’ibitekerezo Ali yatangiriyeho, umuvugizi w’ishyaka avuga ko “bigaragara […]

Continue Reading

Umucamanza wo mu rwego rwo hejuru mu Burayi araburira Guverinoma y’Ubwongereza kutirengagiza ibyemezo by’urukiko.

Rishi Sunak yaburiwe ko adakwiye kurenga ku itegeko ry’uburenganzira bwa muntu mu Burayi aramutse yirengagije icyemezo cy’urukiko cyihutirwa kigamije guhagarika abasaba ubuhungiro ko boherezwa mu Rwanda. Minisitiri w’intebe yiyemeje kenshi ko atazemera ko “inkiko z’amahanga” zihagarika gahunda yo kohereza abimukira bamwe mu rugendo rumwe mu gihugu cya Afurika. Umushinga w’umutekano w’u Rwanda (Ubuhunzi n’abinjira n’abasohoka) […]

Continue Reading

Perezida Paul Kagame yayoboye Inama ya mbere y’Abaminisitiri muri 2024 yafatiwemo ibyemezo bitandukanye.

Perezida Paul Kagame yayoboye Inama y’Abaminisitiri ku Gicamunsi cyo kuri uyu wa Kane tariki 25 Mutarama 2024 yafatiwemo ibyemezo bitandukanye, ikaba ari nayo nama ya mbere yo muri uyu mwaka wa 2024 Iyi nama y’Abaminisitiri ibaye nyuma y’umunsi umwe hasojwe Inama y’Igihugu y’Umushyikirano, yabaye kuva tariki 23 kugeza tariki 24 Mutarama 2024, Iyi nama y’Abaminisitiri […]

Continue Reading

Khan Younis: Imirwano yubuwe mu isura nshya, yaguyemo abagera kuri 12 muri Gaza.

Ikigo cy’umuryango w’abibumbye gishinzwe impunzi muri Palesitine kivuga ko byibuze abantu 12 aribo bishwe, Abandi 75 mu gitero cyagabwe i Khan Younis mu majyepfo ya Gaza. UNRWA yavuze ko ibisasu bibiri byibasiye iki kigo cyayo cya “Khan Younis Training” mu gihe cy’imirwano yaberaga mu nkengero z’umujyi, Komiseri wacyo yamaganye ibi bikorwa by’ubwigomeke ashimangira ko ari […]

Continue Reading

Umuyobozi mwaza ntatinya gukemura ibibazo no gufata inshingano akorera kuri “Bitanturukaho, bikankoraho” Perezida Kagame.

Umukuru w’Igihugu cy’U Rwanda Perezida Paul Kagame yibukije abayobozi barangwa no kudatinyuka ngo bafate inshingano n’imyanzuro yo gucyemura ibibazo bitandukanye kubera gutinya kwiteranya no kugwa mu makosa atandukanye. Ibi Perezida wa Repubulika Paul KAGAME yabitangarije mu butumwa yatanze kuri uyu wa Gatatu tariki ya 24 Mutarama 2024, ku munsi wa kabiri w’inama y’Igihugu y’umushyikirano, Ni […]

Continue Reading

Umuyobozi wa Tchad ari mu Burusiya kubera ubutumire bwa Putin

Kuri uyu wa kabiri, perezida wa guverinoma y’inzibacyuho ya Tchad, Jenerali Mahamat Idriss Deby Itno, yatangiye uruzinduko mu Burusiya “ku butumire” bwa Perezida w’Uburusiya Vladimir Putin, nkuko ibyo bihugu byombi byabitangaje. Deby “yavuye N’Djamena mu gitondo cyo kuri uyu wa kabiri yerekeza i Moscou ku butumire bwa Perezida Vladimir Putin. Umukuru w’igihugu yafashe inshingano zo […]

Continue Reading

Umushyikirano 19 : “Turambiwe gucyurirwa indagara, Ni ikibazo tugomba guca vuba cyane bidatinze.” Minisitiri Musafiri.

Minisitiri w’Ubuhinzi n’Ubworozi, Dr Ildephonse Musafiri, yashimangiye ko Leta y’URwanda irimo gutegura ubudangarwa bw’umutekano wayo mu bijyanye n’ibiribwa kugirango hacyemurwe ikibazo cy’ibiribwa biva hanze y’U Rwanda. Musafiri avuga ko iyi gahunda barimo gutegura ari gahunda nshya y’imyaka itanu ishingiye ku kubaka ubudahangarwa bw’umutekano w’ibiribwa izatangira muri Nyakanga 2024, Ahanini ngo iyi gahunda ikaba igamije cyane […]

Continue Reading