Gusubira muri DR Congo kwa Joseph Kabila byaba bisobanuye iki ku bukungu n’umutekano w’igihugu?

Mu minsi yashize, hari amakuru yacicikanye mu bitangazamakuru byo mu karere avuga ko uwahoze ari Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (DRC), Joseph Kabila Kabange, agiye gusubira mu gihugu cye “vuba bidatinze”, ahereye mu burasirazuba bwacyo. Uyu mwanzuro ushobora kugira ingaruka zikomeye haba muri politiki, umutekano ndetse n’ubukungu bw’icyo gihugu kinini mu karere ka […]

Continue Reading

Abaturage Muri Amerika biriwe mu myigaragambyo Binubira Imiyoborere ya Perezida Trump n’Icyuho mu Bukungu

Ku wa Gatandatu, imihanda hirya no hino muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika yuzuye abaturage babarirwa mu bihumbi, mu myigaragambyo yamagana imiyoborere ya Perezida Donald Trump, ibikorwa byo kugabanya ingengo y’imari mu nzego z’ingenzi, n’ihungabana ry’ubukungu ryugarije benshi. Iyo myigaragambyo yakwirakwiye mu mijyi minini nka New York, Washington D.C., Los Angeles, Chicago n’ahandi henshi, yerekanye […]

Continue Reading

Amerika yagwatiriye indege ya Perezida wa Venezuela Nicolas Maduro.

Leta Zunze Ubumwe z’Amerika zatangaje ko tariki 2 Nzeri 2024, bafatiriye indege ya Perezida Nicolas Maduro wa Venezuela, kubera ko hari ibihano bimwe yari yafatiwe na Amerika akabirengaho, ndetse ko n’iyo ndege yaguzwe mu buryo butubahirije amategeko. Mu itangazo ryasohowe na Merrick Carland yagize ati, “Minisiteri y’Ubutabera yafatiriye indege dufata ko yaguzwe mu buryo bunyuranyije […]

Continue Reading

Muri Gaza, Israel yemeye gutanga agahenge mu gufasha abana gukingirwa imbasa.

Muri Gaza, Israel yemeye gutanga agahenga mu ntambara irwanamo na Hamas muri Palestine, kugira ngo abana bo muri Gaza ahari kubera iyo ntambara, bashobore guhabwa urukingo rw’imbasa nk’uko byatangajwe na (WHO) Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku Buzima. Gahunda y’ikingira ry’imbasa irareba abana basaga ibihumbi 640 bo mu gace ka Gaza, ikaba izatangira ku Cyumweru tariki […]

Continue Reading

Uganda: Polisi yataye muri yombi umugabo bivugwa ko yasanganywe.

Polisi ya Uganda yatangaje ko yataye muri yombi umugabo bivugwa ko yasanganywe uduhanga 24 tw’abantu ashobora kuba yarabikoreshaga nk’ibitambo by’abantu ko ashobora gukatirwa igihano cyo gufungwa burundu, icyaha nikimuhama. Patrick Onyango, umuvugizi wa Polisi ya Uganda yavuze ko uwo ukekwaho gukora ibyo byaha yitwa Godfrey Ddamulira, akaba azagezwa imbere y’urukiko akaburanishwa bijyanye n’itegeko ryerekeye kurinda […]

Continue Reading

Johann Rupert, wo muri South Africa yaciye kuri Dangote aba uwa mbere utunze akayabo muri Africa.

Umuherwe utunze za miliyari z’amadorari wo muri Afurika y’Epfo witwa Johann Rupert,  yaciye ku munya-Nigeria Aliko Dangote ku mwanya w’umuntu utunze kurusha abandi muri Afurika, nk’uko biri ku rutonde ruheruka rwa (Bloomberg Billionaires Index). Rupert Johann ni nyiri Richemont, imwe muri kompanyi nini kw’isi zicuruza ibintu by’agaciro, ifite ‘brands’ z’imirimbo n’imyambaro ihenze nka Cartier na […]

Continue Reading

Muri DR Congo abantu 50 basabiwe igihano cy’urupfu bashinjwa kugerageza guhirika ubutegetsi.

Muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, abantu 50 muri 51 bashinjwa kugira uruhare mu kugerageza guhirika ubutegetsi kw’itariki 19 Gicurasi 2024, basabiwe n’ubushinjacyaha bwa gisirikare igihano cyo kwicwa bitewe n’uburemere bw’ibyaha bakoze. Lt.Col Radjabu Innocent, uhagarariye Leta ya RD Congo muri urwo rubanza, yasabye abacamanza gukatira igihano cy’urupfu abaregwa bose kubera ibyaha bashinjwa birimo iterabwoba, […]

Continue Reading

Mariah Carey mu gahinda gakomeye nyuma yo kubura mama we n’umuvandimwe we bapfiriye umunsi umwe.

Umuhanzikazi Mariah Careh ari mu gahinda gakomeye nyuma y’uko mu cyumweru gishize yabuze umubyeyi we Patricia Carey na mukuru we witwa Alison Carey bapfiriye umunsi umwe. Ku mugoroba wo ku wa mbere tariki 27 kanama 2024, nibwo uyu muhanzikazi abinyujije mu butumwa yashyize hanze, yatangaje iyi nkuru y’akababaro yo kubura umubyeyi we n’umuvandimwe we bapfuye […]

Continue Reading

NIGERIA: Rudeboy yasabye abasore guhagarika kurongora abakobwa bakennye.

Umuhanzi w’umunya-Nigeria Rudeboy yagiriye inama abagabo yo gushikama bagashaka amafaranga, bamara kuyabona nabo bakishakira abagore b’abakire. Yabuze ko ibi bizaca agasuzuguro k’abakobwa bahora bavuga ko bazashaka abagabo b’abakire bakabaha amafaranga ndetse bakabahindurira ubuzima nyamara bo ntacyo bakora. Avuga ko abakobwa b’iyi minsi mbere yo kujya gukundana cyangwa gushyingiranwa n’umusore babanza kureba ubushobozi afite mu buryo […]

Continue Reading

Congo: Wazalendo irashinjwa kurasa kuri MONUSCO.

Abasirikare b’Umuryango w’Abibumbye bari mu butumwa bwo kugarura Amahoro mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo bwa MONUSCO, bagabweho igitero cy’amasasu na Wazalendo. Iki gitero MONUSCO yakigabweho tariki ya 15 Kamena 2024, ubwo yari mu gace ka Malende mu Birometero birindwi uvuye mu mujyi wa Butembo muri Kivu ya Ruguru. Radio Okapi yatangaje ko […]

Continue Reading