GSB Na Riderman barataramira abanya Kicukiro muri Flash Light Bar & Resto.

Nyuma yuko bateguye ibitaramo bitandukanye byagaragayemo abaraperi bakomeye mu Rwanda ndetse bagasanga ko iyo njyana igikunzwe cyane mu bantu, Flash Light Bar & Resto ku bufatanye na “Belo Gang Entertainment” bakomeje izi gahunda zo gushyigikira iyi njyana ndetse no guharanira ibyishimo by’abakiriya babo. Aka kabari gaherereye Kicukiro-Gatenga ahazwi nko ku Isonga hahoze hitwa kwa DJ Brianne kari mu tubari […]

Continue Reading

Nyuma yo gutandukana na “MIE” bikamwangira, Niyo Bosco yasinye muri “KIKAC Music”.

Umuhanzi Niyo Bosco yongeye kubona Label imufasha mu guteza imbere inganzo ye, Nyuma y’igihe kitari gito asa naho atacyumvikana neza mu ruhando rwa Muzika nyarwanda nkuko yahoze akibarizwa muri MIE. Niyo Bosco wagize igihe cyo kwigaragaza cyane mu gihe yabaga muri Label ya MIE {Mulindahabi Irene Entertainment} isanzwe ifasha abandi bahanzi bakora indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana […]

Continue Reading