Nyuma y’amagambo y’akababaro k’abakunda Hip-Hop, Igitaramo cya Kendrick Lamar kigiye kuba nta muraperi nyarwanda urimo.

Hari hashize iminsi myinshi abantu binubira abateguye igitaramo cya Move Afrika, kirimo icyamamare mpuzamahanga Kendrick Lamar ukora injyana ya Hip-Hop ndetse akaba umwe mubahanzi bashyigikiye Hip-Hop nk’injyana y’abirabura. Mu minsi ishize twabagejejeho inkuru y’ibitekereze bya bamwe mu bantu bintubiraga ko iki gitaramo kitarimo umuhanzi nyarwanda ukora Hip-Hop dore ko hari na bamwe mu bahanzi bakora […]

Continue Reading

Burna Boy yamaze guhigika Diamond Platnmuz ku gahigo ko kurebwa cyane kuri Youtube.

Umuhanzi w’igihangange muri Nigeria ndetse no muri Afurika muri rusange Burna Boy ukunze kwiyita “The Giant of Africa” yongeye kwandika andi mateka mu bahanzi bo muri Afurika yo mu nsi y’ubutayu bwa Sahara. Aya mateka Burna Boy yubatse ni ukuba umuhanzi wa mbere ukurikirwa cyane ku rubuga rwa Youtube umwanya wari uyobowe n’Umunya Tanzania Diamond Platnmuz uri mu bahanzi […]

Continue Reading

Umukobwa w’umwongereza niwe ufite agahigo ko kugira ibishushanyo ku mubiri by’umuraperi Eminem.

Yitwa Nikki Paterson akomoka mu gihugu cy’Ubwongereza akaba umufana ukomeye w’umuraperi Eminem. Ni kenshi abafana bakunze kugaragaza urukundo bakunda ibyamamare yaba ari muziki ndetse n’ahandi hakunze kuba hari ibyamamare, Yego nibyo cyane kuko nk’urugero nko mupira wa maguru uzahura n’abantu bisize amarangi menshi bagiye gufana ikipe bakunda, Kandi ibi babikora nta soni bibateye nkuko hari […]

Continue Reading

Racine yishimiye impano y’umuhanzi uri muri Art Rwanda Ubuhanzi ufite ubumuga.

Muri iyi minsi hari kuba amajonjora y’abazitabira n’abazatsindira Art Rwanda Ubuhanzi. Iri rushanwa ritegurwa na Imbuto Foundation ku bufatanye n’abafatanyabikorwa batndukanye, Ryaje rigamije gufasha abahanzi bo mu ngeri zitandukanye kwagura Impano zabo. Harimo ibyiciro bitandukanye nko Kubyina, Kuririmba, Gushishanya, Gukina amakinamico n’urwenya ndetse n’izindi mpano zitandukanye dore ko muri iyi si huzuye impano nyinshi. Mbea […]

Continue Reading

Mu birori binogeye ijisho Umuhanzi akanaba utunganya amashusho {Video Editor}, Christian Mugwaneza yasabye anakwa umukunzi we Taussi {Amafoto}

Umuhanzi, Umunyamakuru ndetse akanaba umuyobozi w’amashusho, {Video Director and Editor} Christian Mugwaneza yasabye anakwa umukunzi we BIZIMANA Taussi bamaranye igihe kitari gito bakundana {Amafoto} Mu birori byasaga neza cyane, MUGWANEZA Christian Umunyamakuru, Umuhanzi akanaba umuyobozi wo gutunganya amashusho {Video Director and Editor} wamenyekanye cyane ku izina rya Mu Chris yakoze ubukwe bw’agatangaza kuri uyu wa gatandatu tariki ya 2 Ukuboza 2023. […]

Continue Reading

Abanyarwanda baribaza icyo Zari azaba aje gukora mu Rwanda mu gitaramo kirimo itike ya miliyoni n’igice.

Ni igitaramo nkuko bigaragara ngo cyateguwe na The Wave Lounge y’ i Kigali, aho ngo kizaba tmu mpera z’uyu mwaka dusoza wa 2023, Ku itariki ya 29 Ukuboza. Cyahawe izina rya “All White Party” kizitabirwa na Zari ukunze kuvugwa mu itangazamakuru kenshi ku nkuru zitandukanye. Kwinjira muri iki gitaramo kizabera i Kigali itike ya macye […]

Continue Reading

Nyuma yo kumara igihe akumbuwe Icenova yarekuye album ari kumwe na Dr Nganji.

Icenova ni umwe mubaraperi bakunzwe n’abatari bacye mu muziki, Yatangiriye ibikorwa bye muri Green Ferry Music ari nayo yamenyekaniyemo ubwo yahasohereraga album zigera kuri ebyili arizo: Ubuvanganzo I na Ubuvanganzo II. Yari akumbuwe n’abantu benshi dore ko hari hashize igihe kigera mu mwaka atagaragara mu bikorwa by’umuziki nkuko byari byarahoze. Uyu muraperi akaba yasohoye album […]

Continue Reading

Abanyarwanda bishimiye ishema Bruce Melody yabahaye.

Ubu Bruce Melody ari muri Leta Zunze ubumwe za Amerika aho yitabiriye ibitaramo byateguwe na iHeart Radio, kimwe mu bintu bikomeye muri Amerika. Mbega ni urubuga rwumvikaniraho ama radiyo ndetse n’ibiganiro bitandukanye bitegurwa n’abakomeye ndetse n’abangira urugendo rwo mu itangazamakuru. Ejo hashize nibwo ku mbuga za internet haherekanywe amashusho uyu muhanzi ari kumwe na mugenzi […]

Continue Reading

Abanyarwanda cyane abakunzi ba Hip-Hop barintubira imitegurire mibi ya “Move Afrika” izazana Kendrick Lamar i Rwanda.

Mu minsi ishize ku mbuga za internet zitandukanye zikoreshwa n’abanyarwanda bakunda umuziki nyarwanda by’umwihariko abakunzi ba Hip-Hop, aho bantenga cyane igitaramo kizabera mu Rwanda kizaba kirimo igihangange mu njyana ya Hip-Hop KU isi. Uyu muraperi Kendrick Lamar ategerejwe mu Rwanda ku itariki ya 6 Ukuboza 2023 muri Kigali Arena, Iki gitaramo ubusanzwe ntago ari igitaramo […]

Continue Reading

Umuhanzi Kitoko wari warabuze muri muzika yashyize hanze indirimbo nshya.

Umuhanzi Bibarwa Kitoko, wari mu bahanzi bakunzwe mu Rwanda ndetse no hanze kubakunda umuziki w’ikinyarwanda, yashyize hanze indirimbo yise “Uri Imana” iyi ndirimbo isohotse nyuma yuko abantu benshi bibazaga aho yaburiye. Kitoko yamenyekanye mu ndirimbo zitandukanye nka “Manyobwa, Igendere, Akabuto, Wanema” ndetse n’izindi zitandukanye. Uyu muhanzi kandi yaririmbiye ahantu hatandukanye twavuga ko hakomeye kuko niwe […]

Continue Reading