Ni irihe somo Kendrick Lamar asigiye imyidagaduro n’abahanzi nyarwanda.
Kendrick Lamar ari i Kigali nkuko twagiye tubigarukaho kenshi mu nkuru zacu zatambutse, Mu ijoro ryo kuwa Gatatu tariki 6 Ukuboza 2023 nibwo uyu muraperi ukunzwe na benshi yataramiye muri BK Arena, Igitaramo Move Afrika cyanitabiwe na Perezida Kagame Paul ndetse n’umufasha we. Ku binyamakuru byandikira mu gihugu cy’ u Rwanda uyu munsi byose biri […]
Continue Reading