Ubugira gacye abikora, Yagaragaye yambaye gikobwa byuzuye, Udushya turi mu ndirimbo nshya ya Ariel Wayz.

Umuhanzikazi UWAYEZU Ariel wamamaye cyane nka Ariel Wayz yasohoye indirimbo nshya igaragaramo we mushya uri mu ishusho yuzuye ya gikobwa ndetse ikanumvikanamo inkuru idasanzwe. Nyuma y’igihe adakora indirimbo zituje cyane ko yabiherukaga mu ndirimbo “Ntabwo Yantegereza” Ariel Wayz yongeye gukora indirimbo ituje kandi ikora ku murima cyane yise “Wowe Gusa” indirimbo inafite amashusho meza cyane […]

Continue Reading

Perezida wa Ukraine Zelenskyy agiye gusinyana amasezerano y’umutekano n’Ubudage n’Ubufaransa

Ubudage n’igihugu cya kabiri mu gutanga inkunga ya gisirikare muri Ukraine nyuma y’Amerika, kandi Scholz aherutse guhamagarira ibindi bihugu by’Uburayi guhaguruka. Biteganijwe ko kuri uyu wa gatanu, Perezida wa Ukraine, Volodymyr Zelenskyy, azashyira umukono ku masezerano y’umutekano n’ibihugu by’Ubudage n’Ubufaransa mu gihe Kyiv ikora ibishoboka byose kugira ngo ibihugu by’iburengerazuba bishyigikire nyuma y’imyaka ibiri Uburusiya […]

Continue Reading

Inteko ishinga amategeko y’Ubugereki yemeje ko abashyingiranwa bahuje ibitsina byemewe

Abashingamateka b’Abagereki batoye itegeko ryemerera gushyingiranwa kw’abahuje ibitsina, bavuga ko Ubugereki ari cyo gihugu cya mbere cy’Abakristo ba orotodogisi babikoze. Ku wa kane, inteko ishinga amategeko y’Ubugereki yemeje ko ishyingiranwa ry’abenegihugu bahuje ibitsina ryemerwa n’amategeko, ibyo bikaba byagezweho nubwo kiliziya ya orotodogisi ikomeye yo mu Bugereki yarwanywaga. Ubushakashatsi bwakozwe bwerekanye ko Abagereki benshi bashyigikiye umushinga […]

Continue Reading

Perezida Kagame yitabiriye inama ya 37 y’abakuru b’ibihugu naza Guverinoma.

Perezida wa Repubulika Paul Kagame yamaze kugera Addis Ababa muri Ethiopia aho yitabiriye inama isanzwe ya 37 y’Abakuru b’Ibihugu na za Guverinoma muri Afurika iraba kuri uyu wa Gatanu. Perezida wa Repubulika Paul Kagame yamaze kugera Addis Ababa muri Ethiopia aho yitabiriye inama isanzwe ya 37 y’Abakuru b’Ibihugu na za Guverinoma muri Afurika iraba kuri […]

Continue Reading

Ghana: Perezida Akufo-Addo yavuguruye guverinoma, yirukana minisitiri w’imari

Ibiro bya Perezida Nana Akufo-Addo byatangaje ku wa gatatu ko Ofori-Atta izasimburwa na Mohammed Amin Adam, usanzwe ari minisitiri w’igihugu muri minisiteri y’imari ndetse akaba yari na minisitiri w’ingufu wungirije ushinzwe urwego rwa peteroli. Ken Ofori-Atta yari akurikirana ibikorwa byo kuvugurura imyenda ya Gana nyuma y’uko igihugu cy’Afurika y’iburengerazuba kitishyuye imyenda myinshi yo hanze mu […]

Continue Reading

Ibyo ushobora kuba utazi kuri Bob Marley, Inyenyeri ya J-Reggae wakorewe Film yatwaye akayabo ka Miliyari 70Frw.

Umuhanzi wabayeho mu mateka y’injyana ya Reggae Bob Marley yakorewe Film ijyanye n’ibigwi bye ndetse n’urugendo rwe rwa muzika muri rusange yatwaye akayabo k’amafaranga asaga Miliyari 70 Frw yiswe “One Love, Bob Marley”. Iyo Firimi yerekana neza urugendo rw’uwo muririmbyi kuva mu bwana bwe mu gihugu no mu cyaro yavukiyemo kugeza aho agera ku isonga […]

Continue Reading

Amadou Diaby perezida wa AS VCLUB ahanze amaso kuri Héritier Luvumbu

Perezida AMADOU DIABY w’ikipe ya AS VCLUB yahuye na HERITIER LUVUMBU i Kinshasa, ku wa gatatu tariki ya 14 Gashyantare 2024 aho bahuriye muri Minisiteri ya Siporo n’imyidagaduro ya DRC. Imbere ya Minisitiri wa Siporo wa DRC FRANCOIS CLAUDE KABULO, muri iyi nama yahanze amaso uwahoze ari umukinnyi wa Rayon sport yo mu Rwanda, amasezerano […]

Continue Reading

The Ben, Sheebah Karungi n’abandi batanze “St Valentin” muri “Comedy Store UG”. {Amafoto}

Umuhanzi mpuzamahanga w’umunyarwanda Mugisha Benjamin uzwi nka The Ben yaraye ataramiye abagande ku munsi w’abakundanye “St Valentin” nk’umuhanzi mukuru mu gitaramo cya “Comedy Store UG”. Ni igitaramo cyabereye mu mujyi wa Kampala ahitwa UMA GROUNDS ku munsi wejo kuwa gatatu tariki ya 14 Gashyantare 2024, Umunsi wanahariwe abakundana, Ni igitaramo kitabiriwe na The Ben nk’umuhanzi […]

Continue Reading

Igiciro cy’urugendo ku bantu batega imodoka rusange kigiye kwiyongera

Minisitiri w’Ibikorwa Remezo, Dr Jimmy Gasore, avuga ko nkunganire ku ngendo yari yashyizweho mu bihe bya Covid-19 guhera mu Ukwakira kwa 2020, kuko Leta yifuzaga kugabanya umubare w’abantu muri bisi mu rwego rwo kwirinda Covid-19, kandi ko n’ubukungu butari bwifashe neza ku Banyarwanda muri rusange. Dr Gasore avuga ko kugeza ubu Leta yari ikirimo kwishyurira […]

Continue Reading

Ni ngombwa ko buri mukobwa abikora? Ibyo ukwiriye kumenya ku guca imyeyo.

Guca imyeyo cyangwa se gukuna ni umwe mu migenzo imaze imyaka myinshi ikorwa mu Rwanda ndetse no bindi bice bya Afurika cyane cyane iy’Iburasirazuba n’iy’Amajyepfo, ariko se ni ngombwa ko buri mukobwa akora iki gikorwa, ese ubundi kimaze iki ? Muri ibi bice bya Afurika twavuze, guca imyeyo bifatwa nk’inzira buri mukobwa nibura uri hagati […]

Continue Reading