Imitwe yitwaje intwaro imaze imyaka myinshi igenzura Libiya yumvikanye na Leta ko igiye kuva mu bice yigaruriye.

Byatangajwe na Minisitiri w’Ubutegetsi bw’igihugu, Trabelsi Emad, ubwo yari mu kiganiro n’abanyamakuru. Yemeje ko imitwe yitwaje intwaro yavuye mu byicaro byayo bikuru kandi ko, Guverinoma izajya ibakoresha mu bihe bidasanzwe cyangwa mu butumwa bwihariye. Africanews yatangaje ko Minisitiri Trabelsi yongeyeho ko nibarangiza kuva mu Murwa Mukuru Tripoli, hazakurikiraho indi Mijyi, ndetse yizeza ko hatazongera kubaho […]

Continue Reading

Ubwongereza burashinja Umuryango w’ubumwe bw’ibihugu by’Uburayi kuva mu masezerano yibijyanye n’ingufu

Guverinoma y’Ubwongereza yatangaje ko ihagaritse amasezerano nyuma y’intambara y’ubutita yari agamije kurinda ishoramari mu bihugu bikungahaye kuri peteroli nyuma ya Leta Zunze Ubumwe z’Abasoviyeti, ariko rikaba ryarakoreshejwe cyane cyane n’ibigo by’ingufu mu kurega leta z’Uburayi bw’iburengerazuba, zishinja amakimbirane i Buruseli kuba yarahagaritse re -hindura. Minisitiri w’umutekano w’ingufu na net zero, Graham Stuart, yagize ati: “Amasezerano […]

Continue Reading

Minisitiri w’ingabo muri Afurika yepfo atewe impungenge n’ubutumwa bwa SADC muri DRC

Thandi Ruth Modise, Minisitiri w’ingabo z’Afurika yepfo yagaragaje impungenge z’imiterere igoye y’ubutumwa bwa SADC muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo. Ku ya 14 Gashyantare mu majyaruguru ya Kivu, abasirikare babiri bo muri Afurika y’Epfo barashwe. Bamenyekanye nka Kapiteni Simon Mkhulu Bobe na Master Kaporali Irven Thabang Semono. Thandi Ruth Modise ubwo yaganiraga ku butumwa bw’ingabo […]

Continue Reading

Igisirikare cya Nijeriya cyasabwe guhirika ubutegetsi

Igice cy’Abanyanijeriya batishimiye ubuyobozi buriho barahamagarira ingabo z’iki gihugu guhirika ubutegetsi no guhirika ubutegetsi buriho. Nyuma y’ibibazo by’ubukungu mu bukungu bunini bwa Afurika, abantu bamwe basabye igisirikare gukora coup d’Etat mu rwego rwo gushyigikira ibibazo by’abaturage. Umuyobozi mukuru w’ingabo, Jenerali Christopher Musa, yavuze ko abahamagarira guhirika ubutegetsi kubera ibibazo by’ubukungu bidasobanura neza Nigeria. Musa yavuze […]

Continue Reading

Umufaransa Pierre Latour wa “TotalEnergies” niwe wegukanye agace ka 5 ka “Tour du Rwanda”. {Amafoto}

Agace ka gatanu k’irushanwa ryo gusiganwa ku magare “Tour du Rwanda2024 ” kasojwe kegukanwe n’umufaransa ukinira ikipe ya “TotalEnergies” ndetse bihesha William Junior Lecerf kwambara umwambaro uzwi nka “Maillot Jeune”. Aka gace ka gatanu ka “Tour du Rwanda” kakinwe kuri uyu wa Kane mu karere ka Musanze ndetse kakaba ari agace kihariye kuko byari ugusiganwa […]

Continue Reading

Umunya Brazil Dani Alves wakanyujijeho muri ruhago, yakatiwe imyaka ine y’igifungo.

Myugariro w’umunya Brazil Dani Alves yamaze gukatirwa n’urukiko igifungo cy’imyaka igera kuri 4 ndetse n’amezi atandatu nyuma yo guhamwa n’ibyaha yashinjwaga byo gukora ihohoterwa rishingiye ku gitsina. Dani Alves wakunzwe na bensho ubwo yakiniraga amakipe akomeye ku Isi arimo FC Barcelone na Paris Saint-Germain yashyikirijwe imyanzuro ku rubanza rwe kuri uyu wa kane tariki ya […]

Continue Reading

Kenny Sol na Bruce Melodie bagiye kongera kubana mu rugo rumwe.

Abahanzi babiri bari mu matafari agize umuziki nyarwanda bagiye guhuza imbaraga mu kuzamura Label ya 1:55 AM ndetse na muzika nyarwanda muri rusange, Nyuma y’igihe kitari gito basanzwe bakorana . Amakuru yatugezeho mu kanya kashize yavugaga ko kugeza ubu umuhanzi Kenny Sol ufite izina rikomeye muri iyi minsi mu Rwanda ndetse no muri East Africa […]

Continue Reading

Bwa bwato baroshywe mu Kiyaga cya Kivu mu ntambara ya mbere y’Isi bwabonetse.

Nyuma gutangaza inkuru ivuga ko hari igikorwa cyo gushakisha ubwato bwaroshywe mu Kiyaga cya Kivu, mu Ntambara ya mbere y’Isi cyarimo gikorwa ku bufatanye bw’u Rwanda n’u Budage kuri ubu cyamaze gusozwa kigenze neza. Kugeza ubu amakuru ahari avuga ko iki gikorwa cyagenze neza ndetse intego yari igamijwe ikaba yamaze kugerwaho kuko ubwo bwato bwamaze […]

Continue Reading

Impunzi z’Abarundi zisaga 100 zirataha mu gihugu cyazo ku bushake, Nyuma y’imyaka igera kuri 9.

Kuri uyu wa Gatatu, impunzi z’Abarundi zirenga 100 zirataha mu gihugu cyabo ku bushake, zose zabaga mu nkambi zigiye zitandukanye zo mu Rwanda.  Izi mpunzi zirataha nyuma y’imyaka isaga icyenda zicumbikiwe n’ U Rwanda, Muri izi mpunzi harimo abagera kuri 78 bo mu miryango 38 yabaga mu nkambi ya Mahama iri mu Karere ka Kirehe, […]

Continue Reading

GSB Kiloz yacyebuye urubyiruko rusigaye rwitiranya ibigezweho no guhemukira abantu, Mu ndirimbo ye nshya.

Umuhanzi wa Rap Iraguha Lando Fils uzwi cyane nka GSB Kiloz wumvikana cyane muri Old School, Yashyize hanze amashusho y’indirimbo nshya yise ‘Ibisekuru’ Acyeburamo Abajeune basigaye bitiranya ibigezweho no guhemukira abantu bacu. Uyu muraperi GSB Kiloz yavuze ko yiyemeje gukorana imbaraga zidasanzwe umuziki we muri uyu mwaka wa 2024, Mu kiganiro yagiranye na n’ikinyamakuru ‘MIE EMPIRE’, […]

Continue Reading