Uganda: Polisi yataye muri yombi umugabo bivugwa ko yasanganywe.

Polisi ya Uganda yatangaje ko yataye muri yombi umugabo bivugwa ko yasanganywe uduhanga 24 tw’abantu ashobora kuba yarabikoreshaga nk’ibitambo by’abantu ko ashobora gukatirwa igihano cyo gufungwa burundu, icyaha nikimuhama. Patrick Onyango, umuvugizi wa Polisi ya Uganda yavuze ko uwo ukekwaho gukora ibyo byaha yitwa Godfrey Ddamulira, akaba azagezwa imbere y’urukiko akaburanishwa bijyanye n’itegeko ryerekeye kurinda […]

Continue Reading

Johann Rupert, wo muri South Africa yaciye kuri Dangote aba uwa mbere utunze akayabo muri Africa.

Umuherwe utunze za miliyari z’amadorari wo muri Afurika y’Epfo witwa Johann Rupert,  yaciye ku munya-Nigeria Aliko Dangote ku mwanya w’umuntu utunze kurusha abandi muri Afurika, nk’uko biri ku rutonde ruheruka rwa (Bloomberg Billionaires Index). Rupert Johann ni nyiri Richemont, imwe muri kompanyi nini kw’isi zicuruza ibintu by’agaciro, ifite ‘brands’ z’imirimbo n’imyambaro ihenze nka Cartier na […]

Continue Reading

Reta y’u Rwanda na Brazil byiyemeje guteza imbere ubufatanye mu by’Ingabo.

Reta y’u Rwanda na Brazil byiyemeje kurushaho gushimangira umubano ushingiye ku bufatanye bugamije guteza imbere ibijyanye n’Igisirikare. Bino byagarutsweho mu ruzinduko rw’akazi Brig Gen Kanyamahanga Celestin, umunyamabanga uhoraho muri minisiteri y’ingabo z’u Rwanda yagiriye muri Brazil, kuri Minisiteri y’Ingabo z’icyo gihugu cya Brazil. Brig Gen Kanyamahanga Celestin, yakiriwe ku cyicaro cya Minisiteri y’Ingabo za Brazil […]

Continue Reading

Muri DR Congo abantu 50 basabiwe igihano cy’urupfu bashinjwa kugerageza guhirika ubutegetsi.

Muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, abantu 50 muri 51 bashinjwa kugira uruhare mu kugerageza guhirika ubutegetsi kw’itariki 19 Gicurasi 2024, basabiwe n’ubushinjacyaha bwa gisirikare igihano cyo kwicwa bitewe n’uburemere bw’ibyaha bakoze. Lt.Col Radjabu Innocent, uhagarariye Leta ya RD Congo muri urwo rubanza, yasabye abacamanza gukatira igihano cy’urupfu abaregwa bose kubera ibyaha bashinjwa birimo iterabwoba, […]

Continue Reading

Umwana ufite ubumuga bwo kutabona yabaye uwa 5 ku rwego rw’Igihugu mu bizamini bya Leta.

Niyonzima Jean de Dieu wiga mu ishuri ry’abafite ubumuga bwo kutabona ry’i Kibeho (Education Institute for Blind Children Kibeho) yahembwe muri batanu ba mbere bagize amanota meza mu bizamini bisoza icyiciro cya mbere cy’amashuri yisumbuye, kuri uyu wa 27 kanama 2024. Umucungamutungo w’ishuri ry’abatabona ry’i Kibeho  Sr Nicolas Nsanabo Hyacinthe, yavuze ko batewe ishema no […]

Continue Reading

Mariah Carey mu gahinda gakomeye nyuma yo kubura mama we n’umuvandimwe we bapfiriye umunsi umwe.

Umuhanzikazi Mariah Careh ari mu gahinda gakomeye nyuma y’uko mu cyumweru gishize yabuze umubyeyi we Patricia Carey na mukuru we witwa Alison Carey bapfiriye umunsi umwe. Ku mugoroba wo ku wa mbere tariki 27 kanama 2024, nibwo uyu muhanzikazi abinyujije mu butumwa yashyize hanze, yatangaje iyi nkuru y’akababaro yo kubura umubyeyi we n’umuvandimwe we bapfuye […]

Continue Reading

Umukino wa Rayon Sports na APR FC wakuweho/ Menya impamvu

Umukino wa shampiyona y’icyiciro cya mbere mu Rwanda, ikipe ya Rayon Sports yagombaga kuzakira APR FC, wakuweho kubera ko wahuriranye n’umukino wa Pyramids FC muri CAF Champions League. Ni umukino w’umunsi wa 3 wa shampiyona y’icyiciro cya mbere mu Rwanda umwaka w’imikino wa 2024-25 wagombaga kuzaba tariki ya 14 Nzeri uyu mwaka wa 2024. Nyuma […]

Continue Reading

APR FC yihanije AZAM FC iyisezerera ku giteranyo cy’ibitego 2-1.

APR FC yaraye isezereye AZAM FC mu mikino y’ijonjora ryambere rya CAF Champions League, ku mukino wabereye kuri stade Amahoro I Remera. Mw’ijoro ryakeye tariki 24 Kanama 2024, ibitego bibiri ku busa APR FC yatsinze Azam FC bya Ruboneka Bosco na Mugisha Gilbert byafashije Ikipe y’Ingabo z’Igihugu gukomeza mu kindi cyiciro cya Champions League ku […]

Continue Reading

NIGERIA: Rudeboy yasabye abasore guhagarika kurongora abakobwa bakennye.

Umuhanzi w’umunya-Nigeria Rudeboy yagiriye inama abagabo yo gushikama bagashaka amafaranga, bamara kuyabona nabo bakishakira abagore b’abakire. Yabuze ko ibi bizaca agasuzuguro k’abakobwa bahora bavuga ko bazashaka abagabo b’abakire bakabaha amafaranga ndetse bakabahindurira ubuzima nyamara bo ntacyo bakora. Avuga ko abakobwa b’iyi minsi mbere yo kujya gukundana cyangwa gushyingiranwa n’umusore babanza kureba ubushobozi afite mu buryo […]

Continue Reading

Paul Kagame yahishuye ibihe bidasanzwe yagiranye n’imfura ye mu gihe cy’urugamba.

Umukandida wa FPR Inkotanyi, Paul Kagame yavuze ko mu gihe yari ayoboye Urugamba rwo kubohora Igihugu, hari iminsi yamaze abana n’imfura ye, Ivan Cyomoro ku Mulindi wa Byumba mu Karere ka Gicumbi, aho yari afite Icyicaro. Ni ingingo Kagame yagarutseho kuri uyu wa Kabiri tariki 9 Nyakanga mu 2024, mu kiganiro yagiranye n’abakoresha imbuga nkoranyambaga. […]

Continue Reading