Abanyarwanda baribaza icyo Zari azaba aje gukora mu Rwanda mu gitaramo kirimo itike ya miliyoni n’igice.

Ni igitaramo nkuko bigaragara ngo cyateguwe na The Wave Lounge y’ i Kigali, aho ngo kizaba tmu mpera z’uyu mwaka dusoza wa 2023, Ku itariki ya 29 Ukuboza. Cyahawe izina rya “All White Party” kizitabirwa na Zari ukunze kuvugwa mu itangazamakuru kenshi ku nkuru zitandukanye. Kwinjira muri iki gitaramo kizabera i Kigali itike ya macye […]

Continue Reading

Abanyarwanda bishimiye ishema Bruce Melody yabahaye.

Ubu Bruce Melody ari muri Leta Zunze ubumwe za Amerika aho yitabiriye ibitaramo byateguwe na iHeart Radio, kimwe mu bintu bikomeye muri Amerika. Mbega ni urubuga rwumvikaniraho ama radiyo ndetse n’ibiganiro bitandukanye bitegurwa n’abakomeye ndetse n’abangira urugendo rwo mu itangazamakuru. Ejo hashize nibwo ku mbuga za internet haherekanywe amashusho uyu muhanzi ari kumwe na mugenzi […]

Continue Reading

Abanyarwanda cyane abakunzi ba Hip-Hop barintubira imitegurire mibi ya “Move Afrika” izazana Kendrick Lamar i Rwanda.

Mu minsi ishize ku mbuga za internet zitandukanye zikoreshwa n’abanyarwanda bakunda umuziki nyarwanda by’umwihariko abakunzi ba Hip-Hop, aho bantenga cyane igitaramo kizabera mu Rwanda kizaba kirimo igihangange mu njyana ya Hip-Hop KU isi. Uyu muraperi Kendrick Lamar ategerejwe mu Rwanda ku itariki ya 6 Ukuboza 2023 muri Kigali Arena, Iki gitaramo ubusanzwe ntago ari igitaramo […]

Continue Reading

Nubwo hari ibyiza bya internet, Dore ibindi bibi internet yazanye mu isi

Ikoranabuhanga rishingiye kuri murandasi bwazanye byinshi byiza n’ibibi dore ko mu buzima tubamo buri kintu cyose kiba gifite ibyiza n’ibibi, Uku niko isi iteye kuva yabaho ko hagomba kuba hari ibibi n’ibyiza bityo nibyo abantu baremye cyangwa bakoze byose bifite uruhande rwiza ndetse n’uruhande rubi. Uyu munsi reka tuvuge ku bijyanye n’ikoranabuhanga ry’uyu munsi aho […]

Continue Reading