Wari uziko kera mu Rwanda, kwinjira muri Kigali byasabaga urwandiko wagereranya nka Visa.

Mu Rwanda rwo hambere ntibyari byoroshye ko wajya i Kigali uko wishakiye nkuko ubu bimeze aho ushobora kubyuka mu gitondo ugategura urugendo i Kigali, ukajya muri gahunda zawe ugataha cyangwa ukarara. Nkuko babivugaga ngo i Kigali ni amahanga, Yego nibyo abantu batari baravukiye i Kigali bafataga uyu mujyi nk’amahanga kuko wasangaga ariho hantu hari ibintu […]

Continue Reading

Ni irihe somo Kendrick Lamar asigiye imyidagaduro n’abahanzi nyarwanda.

Kendrick Lamar ari i Kigali nkuko twagiye tubigarukaho kenshi mu nkuru zacu zatambutse, Mu ijoro ryo kuwa Gatatu tariki 6 Ukuboza 2023 nibwo uyu muraperi ukunzwe na benshi yataramiye muri BK Arena, Igitaramo Move Afrika cyanitabiwe na Perezida Kagame Paul ndetse n’umufasha we. Ku binyamakuru byandikira mu gihugu cy’ u Rwanda uyu munsi byose biri […]

Continue Reading

Nyuma y’amagambo y’akababaro k’abakunda Hip-Hop, Igitaramo cya Kendrick Lamar kigiye kuba nta muraperi nyarwanda urimo.

Hari hashize iminsi myinshi abantu binubira abateguye igitaramo cya Move Afrika, kirimo icyamamare mpuzamahanga Kendrick Lamar ukora injyana ya Hip-Hop ndetse akaba umwe mubahanzi bashyigikiye Hip-Hop nk’injyana y’abirabura. Mu minsi ishize twabagejejeho inkuru y’ibitekereze bya bamwe mu bantu bintubiraga ko iki gitaramo kitarimo umuhanzi nyarwanda ukora Hip-Hop dore ko hari na bamwe mu bahanzi bakora […]

Continue Reading

Umukobwa w’umwongereza niwe ufite agahigo ko kugira ibishushanyo ku mubiri by’umuraperi Eminem.

Yitwa Nikki Paterson akomoka mu gihugu cy’Ubwongereza akaba umufana ukomeye w’umuraperi Eminem. Ni kenshi abafana bakunze kugaragaza urukundo bakunda ibyamamare yaba ari muziki ndetse n’ahandi hakunze kuba hari ibyamamare, Yego nibyo cyane kuko nk’urugero nko mupira wa maguru uzahura n’abantu bisize amarangi menshi bagiye gufana ikipe bakunda, Kandi ibi babikora nta soni bibateye nkuko hari […]

Continue Reading

Racine yishimiye impano y’umuhanzi uri muri Art Rwanda Ubuhanzi ufite ubumuga.

Muri iyi minsi hari kuba amajonjora y’abazitabira n’abazatsindira Art Rwanda Ubuhanzi. Iri rushanwa ritegurwa na Imbuto Foundation ku bufatanye n’abafatanyabikorwa batndukanye, Ryaje rigamije gufasha abahanzi bo mu ngeri zitandukanye kwagura Impano zabo. Harimo ibyiciro bitandukanye nko Kubyina, Kuririmba, Gushishanya, Gukina amakinamico n’urwenya ndetse n’izindi mpano zitandukanye dore ko muri iyi si huzuye impano nyinshi. Mbea […]

Continue Reading

Abanyarwanda baribaza icyo Zari azaba aje gukora mu Rwanda mu gitaramo kirimo itike ya miliyoni n’igice.

Ni igitaramo nkuko bigaragara ngo cyateguwe na The Wave Lounge y’ i Kigali, aho ngo kizaba tmu mpera z’uyu mwaka dusoza wa 2023, Ku itariki ya 29 Ukuboza. Cyahawe izina rya “All White Party” kizitabirwa na Zari ukunze kuvugwa mu itangazamakuru kenshi ku nkuru zitandukanye. Kwinjira muri iki gitaramo kizabera i Kigali itike ya macye […]

Continue Reading

Nyuma yo kumara igihe akumbuwe Icenova yarekuye album ari kumwe na Dr Nganji.

Icenova ni umwe mubaraperi bakunzwe n’abatari bacye mu muziki, Yatangiriye ibikorwa bye muri Green Ferry Music ari nayo yamenyekaniyemo ubwo yahasohereraga album zigera kuri ebyili arizo: Ubuvanganzo I na Ubuvanganzo II. Yari akumbuwe n’abantu benshi dore ko hari hashize igihe kigera mu mwaka atagaragara mu bikorwa by’umuziki nkuko byari byarahoze. Uyu muraperi akaba yasohoye album […]

Continue Reading

Abanyarwanda bishimiye ishema Bruce Melody yabahaye.

Ubu Bruce Melody ari muri Leta Zunze ubumwe za Amerika aho yitabiriye ibitaramo byateguwe na iHeart Radio, kimwe mu bintu bikomeye muri Amerika. Mbega ni urubuga rwumvikaniraho ama radiyo ndetse n’ibiganiro bitandukanye bitegurwa n’abakomeye ndetse n’abangira urugendo rwo mu itangazamakuru. Ejo hashize nibwo ku mbuga za internet haherekanywe amashusho uyu muhanzi ari kumwe na mugenzi […]

Continue Reading

Abanyarwanda cyane abakunzi ba Hip-Hop barintubira imitegurire mibi ya “Move Afrika” izazana Kendrick Lamar i Rwanda.

Mu minsi ishize ku mbuga za internet zitandukanye zikoreshwa n’abanyarwanda bakunda umuziki nyarwanda by’umwihariko abakunzi ba Hip-Hop, aho bantenga cyane igitaramo kizabera mu Rwanda kizaba kirimo igihangange mu njyana ya Hip-Hop KU isi. Uyu muraperi Kendrick Lamar ategerejwe mu Rwanda ku itariki ya 6 Ukuboza 2023 muri Kigali Arena, Iki gitaramo ubusanzwe ntago ari igitaramo […]

Continue Reading

Nubwo hari ibyiza bya internet, Dore ibindi bibi internet yazanye mu isi

Ikoranabuhanga rishingiye kuri murandasi bwazanye byinshi byiza n’ibibi dore ko mu buzima tubamo buri kintu cyose kiba gifite ibyiza n’ibibi, Uku niko isi iteye kuva yabaho ko hagomba kuba hari ibibi n’ibyiza bityo nibyo abantu baremye cyangwa bakoze byose bifite uruhande rwiza ndetse n’uruhande rubi. Uyu munsi reka tuvuge ku bijyanye n’ikoranabuhanga ry’uyu munsi aho […]

Continue Reading