Wari uziko kera mu Rwanda, kwinjira muri Kigali byasabaga urwandiko wagereranya nka Visa.
Mu Rwanda rwo hambere ntibyari byoroshye ko wajya i Kigali uko wishakiye nkuko ubu bimeze aho ushobora kubyuka mu gitondo ugategura urugendo i Kigali, ukajya muri gahunda zawe ugataha cyangwa ukarara. Nkuko babivugaga ngo i Kigali ni amahanga, Yego nibyo abantu batari baravukiye i Kigali bafataga uyu mujyi nk’amahanga kuko wasangaga ariho hantu hari ibintu […]
Continue Reading