Congo: Kiliziya Gatorika nayo ntiyemera ibyavuye mu matora yo muri DR Congo.

Guverinoma ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo yanze icyifuzo cy’abatavuga rumwe n’ubutegetsi cyo gusubira mu matora atavugwaho rumwe kandi akaba akomeje guteza urugomo muri iki gihugu, nyuma y’ubutumwa bw’abashinzwe gukurikirana kiliziya gatolika butangaje ko mu matora habaye amakosa n’uburiganya. Umuyobozi w’inama y’Abepiskopi Gatolika muri Kongo, Donatien Nshole, yavuze ko ubwo butumwa bwavumbuye ibibazo byinshi byo […]

Continue Reading

Gutora ikintu cy’undi ntukimusubize uzajya ubihanirwa n’itegeko

Mu Rwanda habayemo impinduka mu mategeko aho hiyongereyemo itegeko rihana umuntu utora ikintu cy’undi ntakimusubize kandi nyamara azi neza nyiracyo. Ibi ni ibintu bije nyuma yaho hakunze kubaho ko ushobora guta ikintu maze undi akagitora, Icyo gihe yamara kugitora akakijyana yakigize icye kandi nyamara azi nyiracyo ariko akanga akagihindura icye dore ko hari n’imvugo mu […]

Continue Reading

Umugororwa wo muri Amerika yarekuwe nyuma y’imyaka 48 yari amaze muri gereza azira ubwicanyi atakoze.

Umucamanza wo muri Oklahoma yahanaguyeho icyaha umugabo wari umaze imyaka 48 muri gereza azira ubwicanyi atakoze, igihano kimaze igihe kirekire kizwi muri Amerika. Glynn Simmons w’imyaka 70 yarekuwe muri Nyakanga nyuma y’urukiko rw’ibanze rusanze ibimenyetso by’ingenzi mu rubanza rwe bitashyikirijwe abamwunganira. Ku wa mbere, umuyobozi w’akarere ko mu ntara yavuze ko nta bimenyetso bihagije byemeza […]

Continue Reading

Miliyoni zugera muri enye nirwo rubyiruko mu Rwanda rudafite icyo rukora.

U Rwanda rwagiye rushyiraho porogaramu zitandukanye zigamije kugabanya ubukene zuzuzanya n’izo ku rwego ariko haracyari umubare munini w’abaturage barwo bakennye n’abakennye cyane. Ingamba zo kugabanya ubukene zavuzwe muri porogaramu z’igihugu zirimo Icyerekezo 2020, EDPRS 1 na 2 n’izo ku rwego mpuzamhanga nk’Intego z’Ikinyagihumbi naho kuri ubu ni Icyerekezo 2050, NST1 na Agenda 2063. Uko imyaka […]

Continue Reading

Mu Rwanda habarurwa abagabo b’abatinganyi barenga 18,000 kandi abafite ubwandu bwa SIDA nabo ni benshi.

Ikigo cy’Igihugu Gishinzwe Ubuzima gitangaza ko mu Rwanda , abagabo baryamana n’abahuje ibitsina bangana ni 18,100 ndetse ko ubwandu bwa Sida buri hejuru. Ni ibyatangajwe ubwo mu Ntara y’Iburasirazuba, hatangizwaga ubukangurambaga bw’iminsi 14 bwo kurwanya ubwandu bwa Virusi itera Sida. Umuyobozi ushinzwe kurwanya Virusi itera Sida n’izindi ndwara zandurira mu mibonano mpuzabitsina, Dr Ikuzo Basile, […]

Continue Reading

Sobanukirwa ahantu havuye “Guterekera” na byinshi bijyanye n’uyu muhango.

Guterekera ni umwe mu mihango yerekeye Abantu bazima n’abandi Bantu bazimu. Umuntu uterekera aba agamije kugusha neza abazimu( baba abe bapfuye cyangwa se bene wabo w’abandi gusa aha agaciro gakomeye). Kugusha neza abo bazimu ngo bituma atunga agatunganirwa kandi ibyo akoze byose bikagenda neza. Twifashishije igitabo cya Musenyeli Aloyizi Bigirumwami cyitwa IMIHANGO N’IMIGENZO N’IMIZIRIRIZO MU […]

Continue Reading

Sobanukirwa n’imperuka ishobora kuba igihe za mudasobwa zose zinjiriwe amabanga akajya hanze.

Ibaze nawe biramutse bibaye muri iyi isi maze amakuru yose abitse mu ibanga muri za mudasobwa akinjirwamo mu kanya gato cyane hakoreshejwe za mudasobwa z’ibihangange – iki nicyo bamwe bita “umunsi w’imperuka ushingiye kuri izo mudasobwa zikoresha ikoranabuhanga rizwi nka “Quantum”. Kugirango ubyumwe neza, mudasobwa z’ibihangange zikoresha ikoranabuhanga rya Quantum zikora ku buryo butandukanye na […]

Continue Reading

Dore impamvu ituma bamwe mu bakire bakomeza gukira naho bamwe mu bakene bakaguma kuba mu bukene.

Ni kenshi hagite havugwa ibintu bitandukanye birebana n’ubutunzi cyangwa ubukire mu yandi magambo amenyerewe, ariko nanone hibazwa ibituma abantu bitwa ko bakennye bahora bakora cyane ariko ugasanga ibyo bakorera ndetse n’imbaraga bakoresha zisa nkaho ntaho zibageza ngo babe bava ku rwego rumwe bagere ku rundi, Gusa nanone si bose kuko hari abatanga ubuhamya bavuga ko […]

Continue Reading

Inkomoko y’insigamigani “Yaruhiye Gaheshyi” aho yaturutse

Uyu mugani baca ngo: “Yaruhiye gaheshyi”, wakomotse kuri Gaheshyi ka Rubyagira wo mu Bumbogo (Kigali); ahasaga umwaka w’i 1600. Bawuca iyo babonye umuntu uvunikira ibintu ariko akarenga ntabibone, cyangwa yakora umurimo ugaragara ntagire icyo awungukaho, ni bwo bavuga bati “Yaruhiye gaheshyi!” Gaheshyi amaze kuba ingaragu se yagiye kumusohoza kuri Gisanura, amugejejeyo aba umutoni, bamugira umutegeka […]

Continue Reading

Niki gituma amadirishya y’indege agomba kuba afite ishusho y’uruziga

Amadirishya asanzwe aba afite ishusho ya mpande 4 zifite inguni. Amadirishya y’indege yo ni uruziga(ariburungushuye). Kuba bifite iyi shusho si umurimbo ahubwo bifite igisobanuro mu mikorere y’indege n’umutekano wayo. Umuntu wese wagendeye mu ndege yabonye ko amadirishya yayo aba afite ishusho y’uruziga. Niba utaragendera mu ndege ariko nawe witegereje ku mashusho cyangwa amafoto ubona ariko […]

Continue Reading