DRC: Ibyiyumvo by’abashyigikiye Dr. Mukwege nyuma y’ibyavuye mu matora
I Bukavu, abashyigikiye Dr. Denis Mukwege na we wiyamamarije umwanya wa perezida, na bo bagaragaje ibyiyumvo byabo, nyuma yo gutangaza ibyavuye mu matora ya perezida. Yicaye imbere ya televiziyo, Honoré Imani, umwe mu bashyigikiye Dr. Mukwege i Bukavu, amaze igihe kinini ababazwa no gutangaza ibyavuye mu matora. “Ndababaye cyane kuko tutabonye amatora nyayo mu gihugu […]
Continue Reading