Leta ya Illinois yo muri Amerika yaciye agahigo ko kugurisha urumogi rwinshi muri 2023

Igurishwa ry’urumogi mu buryo bwo kwidagadura muri leta ya Illinois umwaka ushize ryinjije amadolari arenga miliyari 1.6, umwaka wa gatatu wikurikiranya kuva leta yemerera kuntwa urumogi mu buryo bwo kwidagadura mu 2020. Inyandiko z’amafaranga yagiye yinjira zabanjirije iyi nuko binjije miliyari 1.5 rwagurishijwe muri 2022. Kugurisha urumogi mu buryo bwo kurinywa mu kwishimisha cyangwa kwidagadura […]

Continue Reading

Aba Houthis ni bande, ese ubundi ibitero by’Amerika n’Ubwongereza kuri Yemeni byaje bite?

Iki gitero ni igisubizo gikomeye cya gisirikare ku gikorwa cy’Aba Houtis gikomeje ibikorwa byo kugaba ibitero bya drone na misile ku mato y’ubucuruzi mu nyanja itukura, byatangiye nyuma y’intambara ya Isiraheli muri Gaza. Dore uko twageze hano: Aba Houthis ni bande? Aba Houthis ni umutwe w’ingabo witwara gisirikare wo muri Yemeni witiriwe uwawushinze, Hussein Badreddin […]

Continue Reading

Sobanukirwa intambara yabaye hagati ya Vatikani n’injangwe

Wigeze wumva cyangwa utekereza ko injangwe y’umukara itera umwaku, cyane iyo uyibonye mu gitondo? Ndatekereza ko ibi atari ubwa mbere ubyumvise hari n’abantu benshi babyizeye gutyo kuburyo iyo ayibonye yumva ko nta mahirwe cyangwa amahoro araza kugira uwo munsi ndetse yagira n’ibyago kuri uwo munsi akumva ko byatewe nuko yabonye injangwe y’umukara. Ubusanzwe abantu akenshi […]

Continue Reading

Ese Moïse Katumbi uhanganye na Tshisekedi ni muntu ki?

Moïse Katumbi yavutse ku ya 28 Ukuboza 1964, yavutse kuri nyina w’Umukongomani witwa Virginie Katumbi ndeste no kuri se witwa Nissim Soriano ufitanye isano rya hafi n’Abayahudi ariko ukomoka mu Bugereki. Ni umwe mu bantu bakomeye muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo – umuntu utigeze ashidikanya ku kuba yaba perezida. Nyamara inzitizi zakomeje kuba nyinshi […]

Continue Reading

Nyina wa Melania Trump, Amalija Knavs, yapfuye ku myaka 78.

Ku ya 9 Mutarama, uwahoze ari umudamu wa mbere yatangaje urupfu rwa nyina, umwimukira wo muri Siloveniya akaba yarahoze akora mu ruganda rukora imyenda. Ku ya 9 Mutarama, Melania Trump, ufite imyaka 53, yanditse kuri X ati: “Nababajwe cyane no gutangaza urupfu rwa mama nkunda cyane, Amalija.” ” Uyu mugore w’uwahoze ari Perezida wa Leta […]

Continue Reading

Urubuga Twitch rwagabanyije imirimo irenga 500 mu rwego rwo kugerageza kwagura inyungu.

Twitch, ni urubuga rwa videwo rwerekana amashusho rwaguzwe na Amazon mu myaka icumi ishize rugera kuri miliyari imwe y’amadolari, rwirukanye abakozi barenga 500 mu gihe iyi sosiyete igerageza gushyiraho igice gihenze cyane cyunguka. Umuyobozi mukuru wa Twitch, Dan Clancy mu butumwa yandikiye abakozi yavuze ko nubwo igabanuka ry’ibiciro ndetse no kurushaho gukora neza, urubuga “ruracyari […]

Continue Reading

Ni gute ubundi umuvugabutumwa wo muri Nigeriya uri kuvugwa cyane ubu witwa TB Joshua yapfuye.

Umuvugabutumwa wo kuri televiziyo wo muri Nijeriya Temitope Balogun Joshua, umwe mu bavugabutumwa bo ku ma televiziyo bazwi cyane muri Afurika wari uzwi ku izina rya T.B. muri 2021 yapfuye afite imyaka 57. Bamwe mu bamwizera bavuga ko umubwiriza wabo yari asanzwe azi ko agomba gupfa vuba. Umutegetsi w’umujyi yavukiyemo Oba Yisa Olanipekun yabwiye abanyamakuru […]

Continue Reading

Polisi yo muri Kenya ikeka ko umugabo yatewe n’intare ubwo yari atwaye moto

NAIROBI, Kenya – Ku wa mbere, abapolisi bo muri Kenya bakuye umurambo w’umugabo ukekwaho kuba yaratewe n’intare ubwo yari atwaye moto hafi y’ikigo cy’igihugu giherereye mu majyepfo y’igihugu. Abapolisi babimenyeshejwe n’abaturage kubera kubona moto yataye ku muhanda hafi y’ishyamba rya Marere hafi y’ikigo cy’igihugu cya Shimba. Raporo ya polisi ivuga ko abapolisi babonye ibirenge by’intare […]

Continue Reading

Intara y’Amajyepfo niyo iza ku mwanya wa mbere mu kugira abakunda agatabi.

Umuturage wo muri iyi ntara utarashatse gushyira amazina ye hanze uri mu kigero cy’imyaka 40. Avuga ko kuva akiri muto mu muryango we harimo abantu banywa itabi. Ibi kandi ngo bishobora kugira ingaruka no ku muryango we kuko ngo hari n’igihe abana be baburara ariko akanywa itabi. Mu bushakashatsi bwakoze na Minisiteri y’ubuzima bugaragaza ko […]

Continue Reading

Kuki Yorodani ari kimwe mu bihugu bigifite ubwami? Ni gute ubu bwami bukora?

Politiki ya Yorodani ibera mu rwego rw’ubwami bw’abadepite, aho Minisitiri w’intebe wa Yorodani ari umuyobozi wa guverinoma, ndetse n’amashyaka menshi. Yorodani ni ubwami bugendera ku itegekonshinga bushingiye ku itegeko nshinga ryatangajwe ku ya 8 Mutarama 1952. Umwami akoresha ububasha bwe abinyujije muri guverinoma yashyizeho ishinzwe Inteko Ishinga Amategeko. Bitandukanye n’ubwami bwinshi bw’abadepite, ubwami bwa Yorodani […]

Continue Reading