Amakuru

Abana bagera kuri 13 bapfira buri munsi mu nkambi yo muri Sudani

Ku wa mbere, umuryango w’ubuvuzi wavuze ko abana 13 bapfa buri munsi bazize imirire mibi ikabije mu nkambi ya Zamzam…

1 year ago

“Hari icyizere cyane ko Kanseri umwami Charles 3 arwaye yavurwa igakira” Dr Sunak .

Ubuvuzi bwihuse bwatangiye gutangwa nyuma yuko Ingoro y’Ubwami bw’u Bwongereza, itangaje ko Umwami Charles III arwaye indwara ya Cancer ndetse…

1 year ago

Ubutaliyani: Abimukira b’Abanyafurika batawe muri yombi nyuma y’urupfu rw’umunya Gineya

Ku wa mbere, abapolisi bavuze ko abategetsi b’Abaroma bataye muri yombi abimukira 14 baturutse mu bihugu icyenda bazira kuba baragize…

1 year ago

Abanya Namibiya bunamiye nyakwigendera perezida Hage Geingob

Ku mugoroba wo kuri uyu wa mbere, abanya Namibiya bakoze ibirori byo gucana buji mu murwa mukuru Windhoek kugira ngo…

1 year ago

Inteko ishinga amategeko ya Senegal yasunitse imbere igihe cy’amatora kugeza mu Kuboza

Inteko ishinga amategeko ya Senegal yatoye ku wa mbere gutinza amatora y’umukuru w’igihugu cya Afurika y’iburengerazuba kugeza ku ya 15…

1 year ago

Nyuma y’iminsi mike atandukanye na USM Khenchela, Djabel yerekanywe mu ikipe nshya.

Nyuma y’iminsi mike Manishimwe Djabel, atandukanye n'ikipe ya USM Khenchela yo muri Algeria, yamaze kwerekanwa mu ikipe ya Al-Quwa Al-Jawiya…

1 year ago

U Rwanda rwatangije ingamba zo kurandura kanseri y’inkondo y’umura, zigomba gutanga icyizere muri 2026.

Amakuru meza ku banyarwanda bose ni uko U Rwanda rukataje cyane mu rugamba rwo kurandura burundu indwara ya Kanseri y’inkondo…

1 year ago

Umuyobozi w’impunzi z’umuryango w’abibumbye araburira u Burayi ko umubare mushya w’abimukira bava muri Sudani ushobora kwiyongera

Umuyobozi w’ikigo cy’umuryango w’abibumbye gishinzwe impunzi yaburiye ku wa mbere (05 Gashyantare) ko niba amasezerano yo guhagarika imirwano adashyizweho umukono…

1 year ago

Burkina Faso ibaye igihugu cya 2 cya Afurika cyashyize urukingo rwa malariya muri gahunda yo gukingira

Ku ya 5 Gashyantare, Burkina Faso ibaye igihugu cya kabiri mu karere ka Afurika cyinjije urukingo rwa malariya muri gahunda…

1 year ago

Senegal yakuyeho internet mu gihe abadepite bajya impaka ku mushinga w’itegeko ryongerera manda perezida

Ku wa mbere (05 Gashyantare) guverinoma ya Senegal yabujije kwinjira kuri interineti igendanwa mu gihe abayobozi n’abatavuga rumwe n’ubutegetsi batangiye…

1 year ago

This website uses cookies.