Kwizera Elly

Perezida Kagame yitabiriye inama ya 37 y’abakuru b’ibihugu naza Guverinoma.

Perezida wa Repubulika Paul Kagame yamaze kugera Addis Ababa muri Ethiopia aho yitabiriye inama isanzwe ya 37 y’Abakuru b’Ibihugu na…

1 year ago

Ibyo ushobora kuba utazi kuri Bob Marley, Inyenyeri ya J-Reggae wakorewe Film yatwaye akayabo ka Miliyari 70Frw.

Umuhanzi wabayeho mu mateka y’injyana ya Reggae Bob Marley yakorewe Film ijyanye n’ibigwi bye ndetse n’urugendo rwe rwa muzika muri…

1 year ago

The Ben, Sheebah Karungi n’abandi batanze “St Valentin” muri “Comedy Store UG”. {Amafoto}

Umuhanzi mpuzamahanga w'umunyarwanda Mugisha Benjamin uzwi nka The Ben yaraye ataramiye abagande ku munsi w'abakundanye "St Valentin" nk'umuhanzi mukuru mu…

1 year ago

Ni ngombwa ko buri mukobwa abikora? Ibyo ukwiriye kumenya ku guca imyeyo.

Guca imyeyo cyangwa se gukuna ni umwe mu migenzo imaze imyaka myinshi ikorwa mu Rwanda ndetse no bindi bice bya…

1 year ago

Abakinnyi basaga 100 barimo ikirangirire Chris Froome, Nibo bamaze gutangazwa ko bazakina Tour du Rwanda.

Mu gihe hasigaye iminsi ibarirwa ku ntoki kugirango irushanwa ryo gusiganwa ku magare Tour du Rwanda ritangire, Ni nako abakinnyi…

1 year ago

Ibyihariye n’ibyo ugomba kuzingatira ku munsi wa “St Valantin”.

Tariki 14 Gashyantare ku Isi yose iba ari umunsi udasanzwe mu bakundana, usanga benshi bashaka ahantu basohokana abakunzi kugira ngo…

1 year ago

Tour du Rwanda yahumuye, Abahanzi bazatarama bamenyekanye.

Mu gihe hasigaye iminsi ibarirwa ku ntoki kugirango irushanwa ryo gusiganwa ku magare Tour du Rwanda ritangire, Ni nako abahanzi…

1 year ago

Biden yayobotse inzira ya TikTok mu kwiyamamaza kwe, nubwo Amerika itizeye umutekano waho.

Perezida wa Leta zunze ubumwe za Amerika Joe Biden yifashishije urubuga nkoranyambaga rwa TikTok mu bikorwa byo kwiyamamariza indi manda…

1 year ago

“Amateka ya Jenoside yakorewe Abatutsi ni amasomo akomeye ku batuye Isi” Perezida Kagame

Perezida Kagame yagaragaje ko amakimbirane n’intambara ziri hirya no hino ku Isi bitakabaye bibaho ku muntu wamenye iby’amateka ya Jenocide…

1 year ago

“Ingabo z’U Burusiya nta Internet twigeze tuzigurisha ku rugamba” Elon Musk.

Elon Musk, Umunyemari ukomeye ku Isi yatangaje icyizere Igisirikare cy’U Burusiya cyari gifite cyo kubona internet yo kwifashisha ku rugamba…

1 year ago

This website uses cookies.