Kwizera Elly

Bwa bwato baroshywe mu Kiyaga cya Kivu mu ntambara ya mbere y’Isi bwabonetse.

Nyuma gutangaza inkuru ivuga ko hari igikorwa cyo gushakisha ubwato bwaroshywe mu Kiyaga cya Kivu, mu Ntambara ya mbere y’Isi…

1 year ago

Impunzi z’Abarundi zisaga 100 zirataha mu gihugu cyazo ku bushake, Nyuma y’imyaka igera kuri 9.

Kuri uyu wa Gatatu, impunzi z'Abarundi zirenga 100 zirataha mu gihugu cyabo ku bushake, zose zabaga mu nkambi zigiye zitandukanye…

1 year ago

GSB Kiloz yacyebuye urubyiruko rusigaye rwitiranya ibigezweho no guhemukira abantu, Mu ndirimbo ye nshya.

Umuhanzi wa Rap Iraguha Lando Fils uzwi cyane nka GSB Kiloz wumvikana cyane muri Old School, Yashyize hanze amashusho y’indirimbo nshya…

1 year ago

Igitero cy’Aba Houthi cyo munsi y’inyanja cyaburijwemo.

Inyeshyamba z’aba Houthi zagabye igitero giciye munsi y’amazi hifashishijwe indege ya Done kuri Leta zunze ubumwe za Amerika gusa bipfa…

1 year ago

Gaza: Abaganga bati “Nta bundi bushobozi dufite mu gihe tutanafite uburyo bwo kubona ibikoresho uretse kureka abarwayi bagapfa.”

Abaganga hirya no hino muri Gaza basobanuye inkuru iteye agahinda y’ukuntu kubaga abarwayi badafite Ibikoresho bihagije by’ingenzi bibagoye cyane, ndetse…

1 year ago

Ubwato bwaroshywe mu Kiyaga cya Kivu, Mu ntambara ya mbere y’Isi burahigishwa uruhindu.

Ibihugu by’u Rwanda n’u Budage birimo gushakisha ubwato bwaroshywe mu Kiyaga cya Kivu, mu Ntambara ya Mbere y’Isi. André Ntagwabira,…

1 year ago

Kagame yasoje manda ye nk’umuyobozi muri AU, Asimburwa na William Ruto wa Kenya.

Perezida wa Repubulika y’U Rwanda Paul Kagame yasoje manda ye ku mwanya w’umuyobozi ushinzwe amavugurura y’Umuryango wa Afurika yunze Ubumwe…

1 year ago

Félix Antoine Tshisekedi akomeje kunangira umutima ku ngingo yo guhuza no kuganira na M23.

Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo yongeye kwanga ibijyanye no guhuza no kujya mu biganiro n’umutwe wa M23 nkuko…

1 year ago

Inganda zenga ibinyobwa n’izindi sosiyete zitandukanye zizakorana na “Tour du Rwanda” zahize kuzakora ibishoboka kugirango rizabe umwihariko.

Mu gihe hasigaye amasaha abarirwa ku ntoki ngo irushanwa ryo gusiganwa ku magare mu Rwanda “Tour du Rwanda” ritangire ni…

1 year ago

Ubugira gacye abikora, Yagaragaye yambaye gikobwa byuzuye, Udushya turi mu ndirimbo nshya ya Ariel Wayz.

Umuhanzikazi UWAYEZU Ariel wamamaye cyane nka Ariel Wayz yasohoye indirimbo nshya igaragaramo we mushya uri mu ishusho yuzuye ya gikobwa…

1 year ago

This website uses cookies.