Kwizera Elly

Bitunguranye ku myaka 102 Pastor Ezra Mpyisi yitabye Imana.

Pastor Ezra Mpyisi wari wigeze kubikwa ko yitabye Imana ari ibinyoma, Yitabye Imana kuri uyu wa gatandatu tariki 27 Mutarama…

1 year ago

Rwamagana : Abantu 6 baguye mu mpanuka y’Ubwato yabereye mu kiyaga cya Mugesera.

Mu karere ka Rwamagana haravugwa inkuru y’impanuka y’ubwato bwari butwaye abasaga 40 ku gicamunsi cyo kuri uyu wa gatanu abagera…

1 year ago

Perezida Doumbouya wa Guinea uri mu ruzinduko mu Rwanda, Yasuye Urwibutso yunamira abazize Jenoside yakorewe Abatutsi.

Baherekejwe n’Abandi bayobozi b’u Rwanda Perezida Mamadi Doumbouya ari kumwe na Madamu we basuye urwibutso rwa Jenocide yakorewe Abatutsi muri…

1 year ago

Perezida Paul Kagame yayoboye Inama ya mbere y’Abaminisitiri muri 2024 yafatiwemo ibyemezo bitandukanye.

Perezida Paul Kagame yayoboye Inama y’Abaminisitiri ku Gicamunsi cyo kuri uyu wa Kane tariki 25 Mutarama 2024 yafatiwemo ibyemezo bitandukanye,…

1 year ago

Khan Younis: Imirwano yubuwe mu isura nshya, yaguyemo abagera kuri 12 muri Gaza.

Ikigo cy’umuryango w’abibumbye gishinzwe impunzi muri Palesitine kivuga ko byibuze abantu 12 aribo bishwe, Abandi 75 mu gitero cyagabwe i…

1 year ago

Umuyobozi mwaza ntatinya gukemura ibibazo no gufata inshingano akorera kuri “Bitanturukaho, bikankoraho” Perezida Kagame.

Umukuru w’Igihugu cy’U Rwanda Perezida Paul Kagame yibukije abayobozi barangwa no kudatinyuka ngo bafate inshingano n’imyanzuro yo gucyemura ibibazo bitandukanye…

1 year ago

Nyuma y’igihe kinini, Green P yirekuye avuga kuri Jay Polly witabye Imana no kuri Ise umubyara.

Umuraperi Green P wamamaye cyane mu itsinda rya Tuff Gangs ryakanyujijeho mu myaka ya za 2008 kuzamura mu njyana ya…

1 year ago

Umushyikirano 19 : “Turambiwe gucyurirwa indagara, Ni ikibazo tugomba guca vuba cyane bidatinze.” Minisitiri Musafiri.

Minisitiri w’Ubuhinzi n’Ubworozi, Dr Ildephonse Musafiri, yashimangiye ko Leta y’URwanda irimo gutegura ubudangarwa bw’umutekano wayo mu bijyanye n’ibiribwa kugirango hacyemurwe…

1 year ago

Umushyikirano : “Nta mpamvu n’imwe ikwiriye gutuma umuntu asaba imbabazi z’uwo ari we”, Perezida Kagame.

Imyaka 30 irimo ibintu bibiri; ibyago bya Jenoside yakorewe Abatutsi ndetse n’Igihugu guhinduka kikaba Igihugu kindi Abanyarwanda bakwiye kitari ikijyanye…

1 year ago

Guverinoma y’u Rwanda yatangaje ko yababajwe cyane n’amagambo agumura yavuzwe na Perezida w’u Burundi.

Leta y’U Rwanda yanenze cyane ndetse itangaza ko yababajwe amagambo yatangajwe n’umukuru w’Igihugu cy’U Burundi Perezida Evariste Ndayishimiye, yibanze cyane…

1 year ago

This website uses cookies.