MUGWANEZA Christian

Menya ibyo umujyi wa Kigali watangaje ku bishanga bitanu bigiye kuvugururwa.

Umuyobozi ushinzwe iterambere mu mujyi wa Kigali yatangaje ko abahinzi bari basanzwe bakorera ubuhinzi mu bishanga bitanu bigiye kuvugururwa nta…

1 year ago

Dore urutonde rw’abakinnyi 8 batemerewe gukina umunsi wa 21 wa shampiyona.

Shampiyona y’icyiciro cya mbere mu Rwanda igeze ku munsi wa 21, hari abakinnyi 8 batemerewe gukina uyu munsi kubera amakarita…

1 year ago

Luvumbu ukinira Rayon Sports, yatanze ubutumwa bukomeye.

Umukinnyi w'umupira w'amaguru Hertier Nzinga Luvumbu ukinira Rayon Sports, yatanze ubutumwa burimo gusaba Amahoro mu gihugu cye cya DR Congo.…

1 year ago

Perezida Paul Kagame yasubije ikibazo yabajijwe, Niba koko ari mu bakandida bujuje ibisabwa.

Perezida Kagame yavuze ko mu gihe cy’amatora, abaturage ari bo bemeza niba umukandida ari we wujuje ibikenewe ku cyo bamutorera,…

1 year ago

Ikipe y’igihugu ya Cote d’Ivoire yegukanye igikombe cy’Afurika cya 2024.

Nyuma yo gutsinda Nigeria 2-1, ikipe y’igihugu ya Côte d’Ivoire yegukanye igikombe cy’Afurika cya 2024, cyari kimaze iminsi kibera muri…

1 year ago

Davis D yatangaje izina rya album ye yitegura gushyira hanze, avuga nuko yamenyanye na Melissa.

Icyishaka David wamamaye nka Davis D mu muziki, yatangaje bwa mbere izina rya album ye yitegura gushyira hanze avuga ko…

1 year ago

Bruce Melodie yikomye Green P, nyuma yuko avuze ko imiziki nyarwanda ari ubudage.

Mu minsi ishize nibwo umuraperi Green P yakoreye ikiganiro ku muyoboro wa Youtube wa RadioTv10, avuga ko adakunze kumva imiziki…

1 year ago

Ikipe y’igihugu ya Qatar yatwaye Igikombe cya Aziya.

Ikipe y’igihugu ya Qatar yaraye yegukanye Igikombe cya Aziya 2023, itsinze Jordan ibitego 3-1, mu mukino wa nyuma warebwe na…

1 year ago

Nyarugenge: Habaye impanuka y’imodoka, irashya irakongoka.

Mu karere ka Nyarugenge, imodoka ntoya yo mu bwoko bwa Toyota Corolla yafashwe n’inkongi y'umuriro mw'ijoro ryakeye, irashya irakongoka. Mw'ijoro…

1 year ago

Bruce Melodie yongeye kwibasira The Ben.

Umuhamzi Bruce Melodie yongeye gukora mujisho The Ben, atangaza ko yemeranya n’abavuga ko ari kubyina avamo mu ruhando rwa muzika.…

1 year ago

This website uses cookies.