MUGWANEZA Christian

Menya byinshi ku nzu y’agatangaza Cristiano yaguze mu kirwa cy’abaherwe i Dubai.

Cristiano Ronaldo, rurangiranwa muri ruhago ukomoka muri Portugal akaba akinira ikipe yitwa Al Nassr muri Saudi Arabia, biravugwa ko yamaze…

1 year ago

Kabuhariwe mu mukino wo gusiganwa ku maguru wari ufunze ubu yafunguwe.

Oscar Pistorius, wabaye rurangiranwa mu mukino wo gusiganwa ku maguru mu bafite ubumuga, akaba yari yarahamijwe icyaha cyo kwica umukunzi…

1 year ago

Guverinoma y’u Rwanda yahakanye ibyo kwakira Abanya-Palestine bava muri Gaza.

Guverinoma y’u Rwanda yanyomoje amakuru yavugwaga ko u Rwanda ruri mu biganiro na Israel, mu bijyanye no kwakira Abanye-Palestine bazimurwa…

1 year ago

APR FC yaguye miswi na Simba SC mu mikino yo guhatanira Mapinduzi cup.

APR FC, Ikipe y’Ingabo z’Igihugu cy’u Rwanda yaguye miswi na Simba SC y’ubusa ku busa izamuka muri 1/4 ari iya…

1 year ago

Rutahizamu Musa Esenu ashobora kudasoza amasezerano ye muri Rayon Sports.

Musa Esenu rutahizamu wa Rayon Sports ukomoka muri Uganda, ashobora kudasoza amasezerano afitanye niyi kipe yari asigaje ukwezi kumwe ngo…

1 year ago

Ibyihishe inyuma y’imikoranire y’ingabo z’u Burundi, FARDC na FDLR byashyizwe hanze.

Impuguke z’Umuryango w’Abibumbye, zagaragaje imikoranire idashidikanywaho y’igisirikare cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC) ndetse n’Ingabo z’u Burundi mu ntambara…

1 year ago

Menya umumaro wo kurya inyama z’umwijima.

Abantu benshi bafata inyama z’umwijima mu buryo butandukanye, hari abavuga ko ziryoshya, abandi bakavuga ko zitagira icyanga, gusa nubwo abantu…

1 year ago

APR FC yatsinze JKU SC ibitego 3-1 ihita igera muri 1/4 cy’irushanwa rya Mapinduzi Cup.

APR FC yatsinze JKU SC yo muri Zanzibar ibitego 3-1 ihita igera muri 1/4 cy’irushanwa rya Mapinduzi Cup, mu mikono…

1 year ago

Rayon Sports yamaze gusinyisha Alon Paul Gomis rutahizamu ukomoka muri Senegal.

Nyuma y’iminsi isaga 12 Alon Paul Gomis ageze murw'imisozi 1000, rutahizamu ukomoka muri Senegal yamaze gusinyira ikipe ya Rayon Sports.…

1 year ago

DR Congo: Abashaka gukura Felix Tshisekedi ku butegetsi bagaragaje ko umugambi wabo ugikomeje.

AFC ni ihuriro rivuga ko rigamije guhindura ibintu muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, rikaba ritanemera ko perezida Felix Tshisekedi…

1 year ago

This website uses cookies.