MUGWANEZA Christian

Thierry Froger wa APR FC ibyo kuzana abakinnyi bashya yabitereye ubuyobozi, nta ruhare azabigiramo.

Thierry Froger, Umutoza mukuru wa APR FC yavuze ko abakinnyi bose bagomba kongerwa muri iyi kipe nta ruhare na ruto…

1 year ago

Qatar n’u Rwanda byasinyanye amasezerano y’ubufatanye mu bijyanye n’umutekano.

Leta y’u Rwanda n’iya Qatar byashyize umukono ku masezerano y’ubufatanye hagati y’inzego z’umutekano z’ibihugu byombi. Aya masezerano yasinywe ku munsi…

1 year ago

APR FC yisanze mw’ihurizo rikomeye, nyuna yo kuva muri Zanzibar.

Ikipe y'ingabo z'igihugu APR FC igiye kumara ukwezi muri shampiyona n’igikombe cy’Amahoro idafite rutahizamu wa yo Victor Mbaoma wagiriye imvune…

1 year ago

Menya iby’amashusho ya Keza Nabrizza uri murukundo na Niyo Bosco, yateje impagarara.

Umuhanzi Niyo Bosco yahatiwe gusiba amashusho yasangije abamukurikira ku rubuga rwa Instagram, amugaragaza ari gusangira n'umukobwa bakundana. Uyu mukobwa witwa…

1 year ago

Pharrell Williams yamuritse imyambaro izifashishwa n’abagabo mw’itumba rya 2024. {AMAFOTO}

Pharrell Williams uhanga imyambaro yo muri (Louis Vuitton), yamuritse imyambaro izifashishwa n’abagabo mu itumba rya 2024. Iyi myambaro mishya akaba…

1 year ago

Rutahizamu wa APR FC, Victor Mboama yegukanye igihembo cy’umukinnyi w’ukwezi.

Victor Mboama, rutahizamu wa APR FC, yahigitse abakinnyi barimo Heritier Nzinga Luvumbu wa Rayon Sports yegukana igihembo cy’umukinnyi w’ukwezi kwa…

1 year ago

Umuvugizi w’Ingabo z’u Rwanda yavuze ikiri gukorwa nyuma yo gufata abasirikare ba FARDC binjiye mu gihugu.

Umuvugizi w’Ingabo z’u Rwanda, Brig Gen Ronald Rwivanga yavuze ko abasirikare babiri b’igisirikare cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo binjiranye…

1 year ago

Nyuma y’igihe barafungiwe, Kenya yongeye kwemerera Air Tanzania uburenganzira bwo gutwarayo imizigo.

Nyuma y'igihe Air Tanzania isabye uburenganzira bwo gutwara imizigo muri Kenya, inzego z'ubuyobozi muri Kenya zemereye Air Tanzania ubwo burenganzira.…

1 year ago

Ally Soudy yateguye ibirori bizaherekeza Rwanda Day I Washington.

Umunyamakuru akaba n’umushyushyarugamba, Ally Soudy yatangaje ko amaze igihe ashinze kompanyi yise (Salax Entertainment) yanyujijemo gutegura ibirori bya (Rwanda Day…

1 year ago

Rutahizamu w’umunya-Rwanda Kagere Meddie yamaze gutandukana na Singida.

Kagere Meddie, rutahizamu w’umunya-Rwanda wakiniraga ikipe ya Singida Fountain Gate, yamaze gutandukana n’iyi kipe, ahita yerekeza muri Namungo FC. Kagere…

1 year ago

This website uses cookies.