Utuntu n’Utundi

Ghana : Itegeko rishya rigena ibihano bihambaye ku batinganyi rirabasigamo imvune.

Mu gihe hirya no hino mu bihugu bitandukanye byo mu burayi hakomeje kwamamazwa ubutinganyi ni nako no muri Afurika uyu…

7 months ago

Bwa bwato baroshywe mu Kiyaga cya Kivu mu ntambara ya mbere y’Isi bwabonetse.

Nyuma gutangaza inkuru ivuga ko hari igikorwa cyo gushakisha ubwato bwaroshywe mu Kiyaga cya Kivu, mu Ntambara ya mbere y’Isi…

8 months ago

Ubwato bwaroshywe mu Kiyaga cya Kivu, Mu ntambara ya mbere y’Isi burahigishwa uruhindu.

Ibihugu by’u Rwanda n’u Budage birimo gushakisha ubwato bwaroshywe mu Kiyaga cya Kivu, mu Ntambara ya Mbere y’Isi. André Ntagwabira,…

8 months ago

Urwishe ya Mpfizi ruracyayirimo, Uwase bamuvumiye ku gahera nyuma yo kubisubira ubugira kabiri.

Umukobwa witwa Uwase uherutse kugaragara mu Itangazamakuru asaba imbabazi ndetse arira cyane kubera ibikorwa yari amazemo Iminsi akoraz, Yongeye kugaragara…

8 months ago

Ibyihariye wamenya ku nkweto yuzuye ibirango bya satani yakozwe n’uruganda rwa Nike, ikagurwa na Lil NAS X.

Hirya no hino kwisi inkuru zabantu bakoresha imbaraga zumwijima zigenda zigarukwaho nyamara abatuye isi bakaba ubwa yamvugo iti bafite amaso…

8 months ago

Ngiyi inkomoko y’Insigamugani “Yakoze aho bwabaga Cyangwa “Yakoze iyo bwabaga.”

Insigamugani Yakoze iyo bwabaga Cyangwa yakoze aho bwabaga, yakomotse kuri Nkoma ya Nkondogoro, Sekirasanyi Ikirozi cyo mu Marangara kitarogera ubusa…

8 months ago

Byinshi wamenya ku ndirimbo “Gloomy Sunday”, Abarenga 200 hirya no hino ku Isi biyahuye bamaze kuyumva.

Ni kenshi hajya humvikana inkuru z'abantu biyambura ubuzima ku mpamvu nyinshi zitandukanye, gusa ntibisanzwe kumva umuntu yumva indirimbo agahita afata…

8 months ago

Bahavu Jeannette yanenze, Anatanga gasopo ku bahora bamubaza kubyo yisiga mu maso.

Muri iyi isi ntawe ushimisha Bose ndetse ntacyo wakora ngo abantu banyurwe nukuri ikiza nugukora wowe ibikunyura. Umukinnyi akaba n'umwanditsi…

8 months ago

Ntibisanzwe : Umugore yatse gatanya kubera umugabo we, adakunda kwiyuhagira akananuka mu kanwa.

Mu gihugu cya Turkey, haravugwa inkuru itangaje y’umugore wasabye gatanya imutandukanya n’umugore we ku mpamvu zo kudakunda kwiyuhagira ndetse akanaba…

8 months ago

Prince Kid n’umugore we, Bandikiwe ibaruwa yiswe “iy’Amaraso n’amarira” irimo ubutumwa buteye ubwoba.

Umunyamakuru akaba n’umusizi, Yves Nkuyemurujye Yandikiye ISHIMWE Dieudonne uzwi nka Prince Kid n’umugore we ibaruwa yise “Ibaruwa y’Amaraso n’Amarira” ikubiye…

8 months ago

This website uses cookies.