Urukundo

Dore impamvu utagakwiye gusenya urugo rwawe ngo umugabo yaguciye inyuma.

Ni kenshi cyane humvikana inkuru z'ingo zasenyutse ndetse bamwe bakicana, abandi bakarogwa kubera ko umwe mu bashakanye yaciye inyuma undi.…

9 months ago

Dore amwe mu mafoto utabonye y’ubukwe bwa Youssef Rharb umukinnyi wa Rayon Sports.

Rutahizamu wa Rayon Sports ukomoka muri Maroc, Youssef Rharb yashyize hanze amafoto y’ubukwe bwe n'umugore we Issay Fatima. Amakuru atugeraho…

9 months ago

Niba umugabo akunda kuvuga aya magambo 3, Ujye umenya ko atinya cyane kubaho atagufite.

Reka tuvugishe ukuri: niba uri hano, birashoboka ko ugerageza gutesha agaciro ibyiyumvo by'umukunzi wawe. Ariko ibyo akenshi hari bimwe mu…

9 months ago

Marina yigaramye iby’Urukundo ruvugwa hagati ye na Yvan Muziki.

Umuhanzikazi Marina Deborah, ygahakanye amakuru y’urukundo ruvugwa hagati ye n’umuhanzi mugenzi we witwa Yvan Muziki ndetse atangaza ko nta mukunzi…

9 months ago

Ihere ijisho uburanga n’imiterere bya Keza Nabrizza wasajije Niyo Bosco mu rukundo. +[AMAFOTO]

Muri iyi minsi ku mbuga nkoranyambaga, Umuhanzi Niyo Bosco yagiye agaragaza ibyiyumviro bidasanzwe afitiye umukobwa witwa Keza Nabrizza, aho yanashyize…

9 months ago

Menya iby’amashusho ya Keza Nabrizza uri murukundo na Niyo Bosco, yateje impagarara.

Umuhanzi Niyo Bosco yahatiwe gusiba amashusho yasangije abamukurikira ku rubuga rwa Instagram, amugaragaza ari gusangira n'umukobwa bakundana. Uyu mukobwa witwa…

9 months ago

Inkuru y’urukundo rwa Cedric na Grace (Igice cya 16)

Duherukana Mama Grace ajya kureba mucyumba maze agasanga umukobwa we ntawurimo, yaragiye ku mubyutsa ngo bajye kwa Cedric kubafata mu…

9 months ago

Dore impamvu akenshi nyuma yo gukora imibonano mpuzabitsina, Umukobwa ariwe usigara yiruka ku muhungu.

Ubusanzwe mu miterere karemano y'umuhungu n'umukobwa ni abantu batandukanye cyane yemwe no mu buryo bafatamo ibintu usanga bidahura na gato…

9 months ago

Inkuru y’urukundo rwa Cedric na Grace (Igice cya 15)

Duheruka Mama Grace ajya kureba umugabo we agasanga aho yamusize mu ruganiriro ntawuhari, nuko yibaza aho yagiye n'impamvu yagiye biramucanga.…

9 months ago

killa Man wamamaye muri sinema nyarwanda yatangaje ko agiye gukora ubukwe n’umukunzi we shemsa bamaze imyaka 8 babana.

Umukinnyi wa filime nyarwanda wamamaye kw'izina rya killer Man yatangaje ko agiye gukora ubukwe n'umukunzi we shemsa bamaze imyaka isaga…

9 months ago

This website uses cookies.