Ubuzima

Abantu babarirwa muri za miriyoni bakeneye byihutirwa ibiryo mu karere ka Tigray muri Etiyopiya nubwo inkunga yatanzwe.

Agace gato k'abatishoboye bo mu majyaruguru ya Etiyopiya mu majyaruguru ya Tigray bahabwa imfashanyo y'ibiribwa, nk'uko bigaragara mu nyandiko y'ubutabazi…

8 months ago

Ese waruziko iyo utanyweye neza imiti igabanya ubukana bwa virus itera SIDA bituma yihinduranya.

Mu mu Rwanda ubushakashatsi kuri virus itera SIDA bwerekana ko abasaga ibihumbi 210,000 bari hagati y'imyaka 14_64 babana n'agakoko gatera…

8 months ago

Inkuru ivuguruye, habonetse indi mibiri y’abaguye mu mpanuka y’ubwato bwarohamye muri Mugesera.

Hamenyekanye amakuru mashya ku mpanuka y’ubwato bwarohamye mu Kiyaga cya Mugesera mu Karere ka Rwamagana mu cyumweru gishize aho amakuru…

8 months ago

Perezida Paul kagame ati “ko nabonye basigaye babahambiriza bakabatugarurira hano.”

Ni kenshi hagiye humvikana inkuru zabantu bahorana agatima kareharehera amahanga bibwirako ariho hari Ubuzima bwiza kuruta iwabo, ugasanga bamwe bihambira…

8 months ago

Rwamagana : Abantu 6 baguye mu mpanuka y’Ubwato yabereye mu kiyaga cya Mugesera.

Mu karere ka Rwamagana haravugwa inkuru y’impanuka y’ubwato bwari butwaye abasaga 40 ku gicamunsi cyo kuri uyu wa gatanu abagera…

8 months ago

Dore akamaro ko kurya umwembe ku buzima bwawe

Umwembe ni urubuto rukundwa na benshi kandi ruryoha cyane ariko by’umwihariko rw’ingirakamaro cyane ku buzima bw’umuntu ndetse rukaba rugizwe n’ubwoko…

9 months ago

Dr Sabin Nsanzimana ati “niba unywa byibuze amacupa abiri y’inzoga ku munsi uzarinda usaza udasindutse.”

Hashize igihe hatangijwe ubukangurambaga kuri gahunda yo kugabanya kunywa ibisindisha yiswe (Tunyweless), imwe mu byagarutsweho ku munsi wejo munama y'umushyikirano…

9 months ago

Umushyikirano 19 : “Turambiwe gucyurirwa indagara, Ni ikibazo tugomba guca vuba cyane bidatinze.” Minisitiri Musafiri.

Minisitiri w’Ubuhinzi n’Ubworozi, Dr Ildephonse Musafiri, yashimangiye ko Leta y’URwanda irimo gutegura ubudangarwa bw’umutekano wayo mu bijyanye n’ibiribwa kugirango hacyemurwe…

9 months ago

Urukingo rwa Malariya: Igikorwa cyo kurwanya Malariya cyatangiriye muri Douala cyahuye n’inzitizi mu cyiciro cya mbere

Mu murwa mukuru w’ubukungu wa Douala Umujyi wo muri Cameroon, gahunda yo kurwanya malariya yatangijwe ku mugaragaro na Minisiteri y’ubuzima…

9 months ago

Hasabwe ko umurambo w’icyamamare muri ruhago Pele watabururwa.

  Uwitwa Maria do Socorro Azevedo yasabye ko umurambo w’ikirangirire muri ruhago Pele utabururwa hagausuzumwa neza ko ari papa we.…

9 months ago

This website uses cookies.