Ubuzima

Abana bagera kuri 13 bapfira buri munsi mu nkambi yo muri Sudani

Ku wa mbere, umuryango w’ubuvuzi wavuze ko abana 13 bapfa buri munsi bazize imirire mibi ikabije mu nkambi ya Zamzam…

8 months ago

“Hari icyizere cyane ko Kanseri umwami Charles 3 arwaye yavurwa igakira” Dr Sunak .

Ubuvuzi bwihuse bwatangiye gutangwa nyuma yuko Ingoro y’Ubwami bw’u Bwongereza, itangaje ko Umwami Charles III arwaye indwara ya Cancer ndetse…

8 months ago

U Rwanda rwatangije ingamba zo kurandura kanseri y’inkondo y’umura, zigomba gutanga icyizere muri 2026.

Amakuru meza ku banyarwanda bose ni uko U Rwanda rukataje cyane mu rugamba rwo kurandura burundu indwara ya Kanseri y’inkondo…

8 months ago

Burkina Faso ibaye igihugu cya 2 cya Afurika cyashyize urukingo rwa malariya muri gahunda yo gukingira

Ku ya 5 Gashyantare, Burkina Faso ibaye igihugu cya kabiri mu karere ka Afurika cyinjije urukingo rwa malariya muri gahunda…

8 months ago

Mu mbamutima n’agahinda ku muryango n’inshuti, Pastor Ezra Mpyisi yashyinguwe. {Amafoto}

Mu muhango witabiriwe n’abantu benshi mu ngeri zitandukanye barimo na Bernard Makuza, Pasiteri Antoine Rutayisire, Bishop John Rucyahana, Charles Murigande,…

8 months ago

Ingaruka zo gukoresha telefoni mbere yo gusinzira

Gukoresha ibikoresho bitandukanye bisohora urumuri ruto mbere yo kuryama si byiza na gato (aha twavuga kureba televiziyo, gukoresha telefoni na…

8 months ago

38 bishwe abandi 52 barakomereka mu mirwano y’abashumba b’inka muri Sudani y’Amajyepfo

Ku wa kane, abayobozi bo mu gace ko mu gishanga cyo muri Sudani y'Amajyepfo barwanye n'abashumba b'inka bimukiye gushaka amazi…

8 months ago

Rwanda FDA yatangaje ko ntabinini birimo virusi yica biri mu gihugu.

Rwanda FDA, Ikigo gishinzwe Kugenzura Ibiribwa n’Imiti mu Rwanda cyatangaje ko amakuru arimo gukwirakwizwa ko hari ibinini bya Paracetamol byanditseho…

8 months ago

Mu Bufaransa imyigaragambyo y’abahinzi yafashe indi ntera.

Ku mugabane w'Uburayi mu gihugu cy'Ubufaransa, abahinzi bakomeje kwigaragambya baharanira uburenganzira bwabo. Polisi yo muri iki gihugu, iryamiye amajanja kugira…

8 months ago

Ubushakashatsi bwerekanye ko kunywa ikinyobwa kimwe cyongera ingufu mu kwezi byongera ibyago byo gusinzira nabi.

Ibinyobwa bitera imbaraga bifitanye isano no kudasinzira no gusinzira bidafite ireme, nk’uko ubushakashatsi bunini bwerekana ko umuntu umwe gusa mu…

8 months ago

This website uses cookies.