Ubuzima

Mu Rwanda habarurwa abagabo b’abatinganyi barenga 18,000 kandi abafite ubwandu bwa SIDA nabo ni benshi.

Ikigo cy’Igihugu Gishinzwe Ubuzima gitangaza ko mu Rwanda , abagabo baryamana n’abahuje ibitsina bangana ni 18,100 ndetse ko ubwandu bwa…

10 months ago

China : Abasaga 128 nibo bamaze guhitanwa n’umutingito ufite ubukana bwa 6.2 wabaye mu ntara ya Gansu.

Mu burengerazuba bw’U Bushinwa umutingito ufite ubukana bwa 6.2 hafi y’umupaka w’intara za Gansu na Qinghai mu karere k’imisozi wahitanye…

10 months ago

Celine Dion ararembye cyane, Kugeza aho Ibice bimwe by’umubiri we biri guhagarara gukora.

Umuhanzikazi ufatwa nk’uwibihe byose wamamaye cyane mu ndirimbo za roho n’urukundo Celine Dion w’imyaka 55 y’Amavuko ukomoka mu gihugu cya…

10 months ago

Dore impamvu ituma bamwe mu bakire bakomeza gukira naho bamwe mu bakene bakaguma kuba mu bukene.

Ni kenshi hagite havugwa ibintu bitandukanye birebana n'ubutunzi cyangwa ubukire mu yandi magambo amenyerewe, ariko nanone hibazwa ibituma abantu bitwa…

10 months ago

“Umugabane wa Afurika ntuzakomeza gushingira cyane ku gutumiza imiti n’inkingo mu mahanga” Perezida Kagame.

Perezida Paul Kagame yavuze ko umugabane wa Afurika utazakomeza gushingira cyane ku gutumiza imiti n’inkingo mu mahanga ahubwo ko bigomba…

10 months ago

Irinde ibi bintu niba ushaka kubaho ubuzima wishimye.

Hari ubwo tubaho mu buzma burimo imibabaro kubera ko ahanini tuba aritwe tubyitera ugasanga no mu gihe cyo kunezerwa ntitubashijke…

10 months ago

Niba ukunda kwitera imibavu dore ibice ugomba kutayiteraho.

Abantu benshi cyane cyane ab’igitsina gore bakunda kwitera imibavu ihumura (Parfum) kugira ngo bagende bahumura neza ,gusa ni ibintu byo…

10 months ago

Dore icyo wafasha umwana ukunda kwivumbura cyane kubera ko atabonye ibyo ashaka.

Iyo umwana atangiye gusobanukirwa ari mu kigero cy’imyaka itanu kuzamura, yusanga nawe ashaka wakifatira ibyemezo, agashaka kwambara imyenda nk’iyo yabonanye…

10 months ago

Menya impamvu ukwiye kujya ukora Sport ngororamubiri niba utajyaga uzikora.

Abantu benshi bamaze gusobanukirwa neza akamaro ka siporo, ariko abayikora ntago baraba benshi ugereranije n’abazi umumaro wayo, gusa ibyiza byo…

10 months ago

Dore ibyiza byo gusomana ku buzima bw’ababikora.

Ubundi gusomana bifatwa nk’ ikimenyetso cy’urukundo kuri bamwe, mugihe hari n’ababifata nkibiterasoni, urebye mu mateka usanga ari ibintu byazanywe n’abera…

10 months ago

This website uses cookies.