Ubuzima

Museveni yongeye kwamagana abo mu bihugu by’abazungu kubera ‘gushaka gushyigikra abaryamana bahuje ibitsina’ muri Afrika.

Perezida wa Uganda, Yoweri Museveni, yanenze icyo yise kugerageza ibihugu by'iburengerazuba (Abanyaburayi n'abanyamerika) kubera gushaka gushyira imyizerere yabo ku bantu…

1 year ago

Umugabo n’umugore we batawe muri yombi bazira kubeshya ko bashimuswe ngo babone amafaranga y’ishuri.

Umugabo n'umugore we mu gihugu cya Uganda mu gace ka Jinja batawe muri yombi bazira kubeshya polisi n'abantu ko umwe…

1 year ago

Umuhungu w’umuyobozi mukuru wa Al Jazeera, Hamza al-Dahdouh ari mu banyamakuru biciwe muri Gaza.

Umuhungu w'imfura w'umuyobozi w'ibiro bya Al Jazeera muri Gaza yiciwe mu gitero cya Isiraheli mu majyepfo ya Gaza, Hamza al-Dahdouh,…

1 year ago

Menya akamaro gakomeye k’amapera kubuzima bwa muntu.

Ipera ni urubuto ruhendutse cyane mu mbuto zose nyamara abantu bapfa kurya gusa batazi akamaro karwo, amapera ari mu mbuto…

1 year ago

Ikibazo cy’abana bo mukarere ka Bugesera bari barishoye mu buraya biyise (Sunika simbabara) cyavugutiwe umuti.

Mutabazi Richard, Umuyobozi w' Akarere ka Bugesera, yatangaje ko nyuma yo kuganiriza ababyeyi baba bana, bamaze kwemeranya ubufatanye mu gusubiza…

1 year ago

Guverinoma y’u Rwanda yahakanye ibyo kwakira Abanya-Palestine bava muri Gaza.

Guverinoma y’u Rwanda yanyomoje amakuru yavugwaga ko u Rwanda ruri mu biganiro na Israel, mu bijyanye no kwakira Abanye-Palestine bazimurwa…

1 year ago

California : Umuhungu w’imyaka 14 yivuganye ababyeyi be akoresheje intwaro nyinshi anakomeretsa mushiki we.

Muri Leta zunze ubumwe za Amerika mu mujyi wa California, Umwana w’umuhungu ukiri muto yivuganye ababyeyi be akoresheje intwaro ndetse…

1 year ago

Uko wagenzura ko umuti ari umwiganano, bizwi nka pirate mundimi z’amahanga.

Mu buzima tubayemoo, turarwara, tugakenera kwivuza, muri uko kwivuza, iyo tugiye kwivuza cyangwa kwivura dukenera imiti itandukanye bitewe n’aindwara turwaye.…

1 year ago

Urubanza rwa Kazungu Denis rwo kuri uyu wa gatanu rwasubitswe, Anaregwa mu rubanza rushya.

Urubanza benshi bari biteze kuri uyu wa Gatanu, Tariki ya 5 Mutarama 2024 rwa Kazungu Denis aregwamo ibyaha birimo ubwicanyi…

1 year ago

Menya umumaro wo kurya inyama z’umwijima.

Abantu benshi bafata inyama z’umwijima mu buryo butandukanye, hari abavuga ko ziryoshya, abandi bakavuga ko zitagira icyanga, gusa nubwo abantu…

1 year ago

This website uses cookies.