Uburezi

Perezida Kagame yakiriye Itsinda ry’Abanyeshuri biga ubucuruzi muri Kaminuza ya Stanford n’abarimu babo.

Itsinda ry’Abanyeshuri biga ubucuruzi muri Kaminuza ya Stanford n’abarimu babo bakiriwe n’umukuru w’Igihugu mu Rwanda, Aho baje mu ruzinduko batangiye…

3 months ago

Inkubito z’Icyeza zahawe inshingano zo kugira uruhare muri gahunda ya “Tunywe Less”

Madamu Jeannette Kagame, yasabanye anagira inama zihambaye urubyiruko rw’Inkubito z’Icyeza zo kugenderaho mu buzima bwabo bw’ahazaza kugirango bazabe ab’umumaro ndetse…

3 months ago

Nyagatare : bashyizwe igorora, Abaturage basaga 3000 bagiye kuvurwa nibura mu minsi 5.

Mu Karere ka Nyagatare abaturage barishimira cyane ubufasha bw’ubuvuzi bagiye kwitabwaho mu buryo bwihariye n’abaganga b’inzobere ku ndwara zitanduakanye baturutse…

4 months ago

NESA yatangaje igihe abanyeshuri bazagira mu biruhuko.

Abanyeshuri biga mu mashuri abanza ndetse n’ayisumbuye bamaze kumenyeshwa ingengabihe yabo ya gahunda yo kwerekeza mu biruhuko by’igihembwe cya kabiri…

4 months ago

Perezida Kagame yavuze ku mazina yise abuzukuru be n’icyo asobanuye, n’Uburyo buhambaye afatamo umugore.

Umukuru w'Igihugu cy'u Rwanda, Perezida Paul Kagame yatangaje byinshi ku buzukuru be ndetse n'uburyo buhambaye afatamo umugore cyane ko ariwe…

4 months ago

Ibintu biranga umugore ukunda umugabo we

Iyo umugore akunda umugabo hari imyitwarire simusiga imuranga haba mu buryo yitwara kuriwe n’ibikorwa akora. Dore bimwe mu bintu by’ingenzi…

4 months ago

Abitwaje intwaro bagabye igitero ku ishuri bashimuta abanyeshuri 287

Ku wa kane mu gitondo, abantu bitwaje imbunda bateye ishuri mu karere ka Nijeriya gaherereye mu majyaruguru y'uburengerazuba maze bashimuta…

4 months ago

U Rwanda rwahawe n’UBuyapani inguzanyo ya Miliyari 118 Frw zo guteza imbere ikoranabuhanga mu burezi.

Leta y’u Rwanda yasinyanye n’iy’u Buyapani amasezerano y’inguzanyo ya miliyari 14 z’amayeni, ahwanye na miliyari 118 z’amafaranga y’u Rwanda, azifashishwa…

4 months ago

Perezida Paul Kagame yakiriye urubyiruko rwitabiriye gahunda igamije guteza imbere umugabane w’ Afurika.

Umukuru w'igihugu Paul Kagame yakiriye urubyiruko ruhagarariye abandi rwitabiriye gahunda yiswe ‘Young Leaders Program’ ibaye ku nshuro ya gatatu, igamije…

4 months ago

Ruhango : Indwara y’ibicurane idasanzwe yakamejeje, Abanyeshuri bagera kuri 72 nibo bamaze kugezwa mu bitaro.

Mu karere ka Ruhango haravugwa inkuru y’abanyeshuri bafashwe n’indwara y’ibicurane bikaze ndetse 72 muri bo bakaba bagejejwe kwa muganga barembye…

6 months ago

This website uses cookies.