Ubucuruzi

Ubwongereza burashinja Umuryango w’ubumwe bw’ibihugu by’Uburayi kuva mu masezerano yibijyanye n’ingufu

Guverinoma y'Ubwongereza yatangaje ko ihagaritse amasezerano nyuma y'intambara y'ubutita yari agamije kurinda ishoramari mu bihugu bikungahaye kuri peteroli nyuma ya…

5 months ago

Perezida wa Malawi yategetse ko Igiswahiri Kigishwa mu Mashuri

Perezida wa Malawi, Lazarus Chakwera, yategetse abayobozi bashinzwe uburezi mu gihugu guhita batangira kwinjiza ururimi rw’igiswahili mu nteganyanyigisho z’ishuri ry’igihugu…

5 months ago

U Rwanda rwatangije ikigo cyigisha indege

Ku wa 14 Gashyantare, u Rwanda rwatangije ikigo cy’indashyikirwa mu bijyanye n’indege (CEAS) kigamije kongerera ubushobozi abaturage no guha imbaraga…

5 months ago

Ni hehe mu Burayi abantu binjiza amafaranga menshi?

Ibihugu bitatu byamamaye cyane ku isi biri mu Burayi, nk’uko bigaragara mu cyegeranyo cya 2023 cyitwa Legatum Prosperity Index, nyamara…

5 months ago

Nyagatare : Ibitera bidatinya no guterura indobo y’amandazi n’amagi birembeje abaturage bibahombya bikomeye.

Mu Karere ka Nyagatare haravugwa inkuru y’ibitera bizengereje abaturage bibahombya mu kigero cyo hejuru cyane ko ngo byangiza imyaka ihinze…

5 months ago

Mu Bufaransa imyigaragambyo y’abahinzi yafashe indi ntera.

Ku mugabane w'Uburayi mu gihugu cy'Ubufaransa, abahinzi bakomeje kwigaragambya baharanira uburenganzira bwabo. Polisi yo muri iki gihugu, iryamiye amajanja kugira…

5 months ago

Cyamunara yo kugurisha ibintu bya Mandela yahagaritswe.

Inzu ya cyamunara ya Guernsey i New York yahagaritse kugurisha ibintu bigera kuri 70 by’intwari yo muri Afurika yepfo yarwanyaga…

5 months ago

Perezida Kagame Paul yakiriye Intumwa ya Minisitiri w’Intebe w’u Bwongereza muri Village Urugwiro.

Perezida wa Repubulika y'u Rwanda yakiriye muri Village Urugwiro, Intumwa ya Minisitiri w’Intebe w’u Bwongereza ishinzwe Ubucuruzi, (Lord Popat). Uyu…

5 months ago

Ibihumbi n’Abahinde basaba imirimo yo kubaka muri Isiraheli nubwo hari intambara

Icyumweru cyo gushaka abakozi cyatangiye ku wa kabiri, aho Isiraheli yari yiteze kuzuza imyanya irenga 5.000 ku bakozi, ababaji n’abandi…

5 months ago

Igihugu cya Misiri cyatangiye kubaka uruganda rukora ingufu za kirimbuzi “El Dabaa”

Ku wa kabiri, Perezida wa Misiri, Abdel Fattah el-Sissi, yatangaje ko igihugu cye n'Uburusiya biri ku "rupapuro rushya". Ibi yabitangaje…

6 months ago

This website uses cookies.