Politiki

Gutora ikintu cy’undi ntukimusubize uzajya ubihanirwa n’itegeko

Mu Rwanda habayemo impinduka mu mategeko aho hiyongereyemo itegeko rihana umuntu utora ikintu cy'undi ntakimusubize kandi nyamara azi neza nyiracyo.…

1 year ago

Biden Yaburiye ingabo za Amerika ko zishobora kwisanga mu makimbirane n’Uburusiya.

Perezida Joe Biden yihanangirije igihugu cye cya Amerika ko cyaba gifite ibyago byo gukururirwa mu ntambara itaziguye n'Uburusiya mu gihe…

1 year ago

Anne Rwigara, Umukobwa wa Assinapol Rwigara yitabye Imana.

Anne Rwigara, umukobwa wa Assinapol Rwigara wari umucuruzi ukomeye yitabye Imana azize urupfu rutunguranye aho yabaga muri Leta Zunze Ubumwe…

1 year ago

Yoweri Kaguta Museveni yatangaje ibyo yaganiriye na Gen Mohamed Hamdan uyobora umutwe wa gisirikare witwa RSF.

Perezida wa Uganda Yoweri Kaguta Museveni, yatangaje ubyo yaganiriye na Gen Mohamed Hamdan Dagalo uyobora umutwe wa gisirikare witwa RSF,…

1 year ago

Isaha yo gukemura ibibazo mu buryo bwa dipolomasi yararangiye rwose, Hagezweho guhanahana umuriro, Benny Gantz yaburiye Hezbollah.

Isiraheli- Gaza Minisitiri wa Isiraheli Yihanangirije Hezbollah, ayibutsa ko baza kuyicanaho umuriro mu gihe cyose ikomeje ibitero byayo cyane ko…

1 year ago

Muri DR Congo imyigaragambyo yo kwamagana ibyavuye mu matora yakamejeje.

Abaturage bo muri Congo bashyigikiye abakandida batishimiye ibiri kuva mu matora y’Umukuru w’Igihugu, batangiye kwigaragambya babyamagana, aho bamwe badatinya kuvuga…

1 year ago

Imanza eshanu za mbere mu nkiko zagaragaye muri 2023 zikumvikanamo amajwi n’ubusabe bwa rubanda..

Umwaka wa 2023 ni umwe mu mwaka wabonetsemo imanza nyinshi z’urukiko zashishikaje rubanda, zishingiye ku bibazo bikomeye nk’icyaha bihambaye cyangwa…

1 year ago

Muri D R Congo Guverinoma yaburiye abapanze imyigaragambyo ko bashobora guhura n’akaga gakomeye.

Abaturage bo muri D R Congo bashyigikiye abakandida batari kwishimira ibiri kuva mu matora y’Umukuru w’Igihugu, bateguye imyiragarambyo bahamagariwemo n’abakandida…

1 year ago

Umuvugizi w’Ingabo z’u Rwanda yatangaje ko igisirikare cy’u Rwanda cyiteguye intambara Félix Tshisekedi ashaka gushoza.

Brig Gen Ronald Rwivanga, umuvugizi w’Ingabo z’u Rwanda yatangaje ko Igisirikare cy’u Rwanda cyiteguye intambara Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi…

1 year ago

UN Yemeje ko nta bitero by’indege z’intambara bizongera kugabwa kuri Gaza.

Nta guhagarika umutima kundi kwatezwaga n'ibitero by’indege z'intambara za Isiraheli kuri Gaza, nk'uko umuyobozi w'umuryango wa Loni yabitangarije itangazamakuru. Nyuma…

1 year ago

This website uses cookies.