Politiki

Ibitero bine byahitanye icumi muri Burkinafaso

Byavuzwe ko ibyo bitero byibasiye uduce twa gisirikare kuva ku cyumweru cy'icyumweru gishize, bigatuma hapfa abantu benshi bava mu karere…

1 year ago

Byemejwe ko Perezida Felix Tshisekedi ariwe watsinze mu matora yo muri DR Congo.

Perezida Félix Tshisekedi yatangajwe ko yatsinze amatora yo muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo, nubwo kandi hari ababyamaganye bavuga ko…

1 year ago

Mu mboni : Ese koko intambara ya Ukraine n’UBurusiya yaba izakomeza kujya mbere muri 2024.

Urujijo rukomeje kuba rwinshi niba intambara hagati ya Ukraine ndetse n’Uburusiya mu gihe Isi yose irangariye mu birori n’ibyishimo byo…

1 year ago

Abanyakoreya yepfo bari barashimutiwe muri Nigeria bararekuwe.

Minisiteri y’ububanyi n’amahanga ya Seoul yatangaje ko Abanyakoreya yepfo babiri bashimuswe n’abitwaje imbunda muri Nigeria mu ntangiriro zuku kwezi bararekuwe…

1 year ago

Ingabo za Pakisitani zishe abarwanyi hafi y’umupaka wa Afuganisitani

Nk’uko amakuru y’ubutasi abitangaza ngo iki gitero cyabereye mu karere ka majyaruguru ka Waziristan mu ntara ya Khyber Pakhtunkhwa, kandi…

1 year ago

Guverinoma y’u Rwanda yamaganye ibyavuzwe n’Umukuru w’igihugu cy’u Burundi.

Guverinoma y'igihugu cy'u Rwanda yasohoye itangazo ryamagana ibyavuzwe na Evariste Ndayishimiye, Umukuru w’igihugu cy’u Burundi ko rucumbikiye inyeshyamba za Red…

1 year ago

Uburusiya bwatangije ikindi gitero kinini kuri Ukraine.

Ubuyobozi bw’igisirikare cya Ukraine bwavuze ko ibitero by’indege z’Uburusiya byagaragaye mu kirere cyabo kuri uyu wa gatanu tariki ya 29…

1 year ago

Ingabo za Uganda zivuga ko zishe umuyobozi wo hejuru wo mu mutwe wa ADF

Ingabo za Uganda zavuze ko zishe umuyobozi w’umutwe w’inyeshyamba z’abayisilamu witwa Allied Democratic Force (ADF) ushinjwa ubwicanyi bukomeye harimo n'ubwicanyi…

1 year ago

Uburusiya bwibasiye ibitaro by’ababyeyi hakoreshejwe misile, bihitana 13 abandi 18 barakomereka

Ku wa gatanu, Uburusiya bwagabye ibitero bya misile mu mijyi myinshi yo muri Ukraine, bihitana byibuze abantu 13 abandi bagera…

1 year ago

Congo: Kiliziya Gatorika nayo ntiyemera ibyavuye mu matora yo muri DR Congo.

Guverinoma ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo yanze icyifuzo cy’abatavuga rumwe n’ubutegetsi cyo gusubira mu matora atavugwaho rumwe kandi akaba…

1 year ago

This website uses cookies.