Politiki

Guverinoma y’u Rwanda yamaganye ibyavuzwe n’Umukuru w’igihugu cy’u Burundi.

Guverinoma y'igihugu cy'u Rwanda yasohoye itangazo ryamagana ibyavuzwe na Evariste Ndayishimiye, Umukuru w’igihugu cy’u Burundi ko rucumbikiye inyeshyamba za Red…

9 months ago

Uburusiya bwatangije ikindi gitero kinini kuri Ukraine.

Ubuyobozi bw’igisirikare cya Ukraine bwavuze ko ibitero by’indege z’Uburusiya byagaragaye mu kirere cyabo kuri uyu wa gatanu tariki ya 29…

9 months ago

Ingabo za Uganda zivuga ko zishe umuyobozi wo hejuru wo mu mutwe wa ADF

Ingabo za Uganda zavuze ko zishe umuyobozi w’umutwe w’inyeshyamba z’abayisilamu witwa Allied Democratic Force (ADF) ushinjwa ubwicanyi bukomeye harimo n'ubwicanyi…

9 months ago

Uburusiya bwibasiye ibitaro by’ababyeyi hakoreshejwe misile, bihitana 13 abandi 18 barakomereka

Ku wa gatanu, Uburusiya bwagabye ibitero bya misile mu mijyi myinshi yo muri Ukraine, bihitana byibuze abantu 13 abandi bagera…

9 months ago

Congo: Kiliziya Gatorika nayo ntiyemera ibyavuye mu matora yo muri DR Congo.

Guverinoma ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo yanze icyifuzo cy’abatavuga rumwe n’ubutegetsi cyo gusubira mu matora atavugwaho rumwe kandi akaba…

9 months ago

Gutora ikintu cy’undi ntukimusubize uzajya ubihanirwa n’itegeko

Mu Rwanda habayemo impinduka mu mategeko aho hiyongereyemo itegeko rihana umuntu utora ikintu cy'undi ntakimusubize kandi nyamara azi neza nyiracyo.…

9 months ago

Biden Yaburiye ingabo za Amerika ko zishobora kwisanga mu makimbirane n’Uburusiya.

Perezida Joe Biden yihanangirije igihugu cye cya Amerika ko cyaba gifite ibyago byo gukururirwa mu ntambara itaziguye n'Uburusiya mu gihe…

9 months ago

Anne Rwigara, Umukobwa wa Assinapol Rwigara yitabye Imana.

Anne Rwigara, umukobwa wa Assinapol Rwigara wari umucuruzi ukomeye yitabye Imana azize urupfu rutunguranye aho yabaga muri Leta Zunze Ubumwe…

9 months ago

Yoweri Kaguta Museveni yatangaje ibyo yaganiriye na Gen Mohamed Hamdan uyobora umutwe wa gisirikare witwa RSF.

Perezida wa Uganda Yoweri Kaguta Museveni, yatangaje ubyo yaganiriye na Gen Mohamed Hamdan Dagalo uyobora umutwe wa gisirikare witwa RSF,…

9 months ago

Isaha yo gukemura ibibazo mu buryo bwa dipolomasi yararangiye rwose, Hagezweho guhanahana umuriro, Benny Gantz yaburiye Hezbollah.

Isiraheli- Gaza Minisitiri wa Isiraheli Yihanangirije Hezbollah, ayibutsa ko baza kuyicanaho umuriro mu gihe cyose ikomeje ibitero byayo cyane ko…

9 months ago

This website uses cookies.