Politiki

Lt Col Simon Kabera yahumurije abanyarwanda ko batagomba guterwa ubwoba n’amagambo atera ubwoba igihugu.

Lt Col Simon Kabera, umuvugizi wungirije w’Ingabo z’u Rwanda yatangaje ko Abanyarwanda aho bari bakwiriye kumva batekanye ndetse bagakomeza imirimo…

9 months ago

Etiyopiya yamaze kumvikana no kugirana amasezerano yo gukoresha icyambu kinini muri Somaliland

Ku wa mbere, abayobozi bavuze ko Etiyopiya yagiranye amasezerano yo gukoresha icyambu kinini mu karere ka Somaliya gatandukanijwe na Somaliland,…

9 months ago

Mu mboni : Ese umwaka wa 2023 urangiye U Rwanda ruhagaze rute mu bubanyi n’amahanga na Dipolomasi ?

Muri uyu mwaka wa 2023, mu bijyanye n'ububanyi n'amahanga na dipolomasi hagati y'u Rwanda n'amahanga, hagiye hagaragara isinywa ry'amasezerano y'ubufatanye…

9 months ago

DRC: Ibyiyumvo by’abashyigikiye Dr. Mukwege nyuma y’ibyavuye mu matora

I Bukavu, abashyigikiye Dr. Denis Mukwege na we wiyamamarije umwanya wa perezida, na bo bagaragaje ibyiyumvo byabo, nyuma yo gutangaza…

9 months ago

Isiraheli ikomeje intambara yo kurwanya Hamas mu mwaka wa 2024, Ivuga ko izamara amezi menshi.

Umuvugizi w’ingabo z’igihugu cya Isiraheli, Daniel Hagari, mu butumwa bwe bw’umwaka mushya, yasobanuye ko abagera ku bihumbi magana atatu baba…

9 months ago

Ibitero bine byahitanye icumi muri Burkinafaso

Byavuzwe ko ibyo bitero byibasiye uduce twa gisirikare kuva ku cyumweru cy'icyumweru gishize, bigatuma hapfa abantu benshi bava mu karere…

9 months ago

Byemejwe ko Perezida Felix Tshisekedi ariwe watsinze mu matora yo muri DR Congo.

Perezida Félix Tshisekedi yatangajwe ko yatsinze amatora yo muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo, nubwo kandi hari ababyamaganye bavuga ko…

9 months ago

Mu mboni : Ese koko intambara ya Ukraine n’UBurusiya yaba izakomeza kujya mbere muri 2024.

Urujijo rukomeje kuba rwinshi niba intambara hagati ya Ukraine ndetse n’Uburusiya mu gihe Isi yose irangariye mu birori n’ibyishimo byo…

9 months ago

Abanyakoreya yepfo bari barashimutiwe muri Nigeria bararekuwe.

Minisiteri y’ububanyi n’amahanga ya Seoul yatangaje ko Abanyakoreya yepfo babiri bashimuswe n’abitwaje imbunda muri Nigeria mu ntangiriro zuku kwezi bararekuwe…

9 months ago

Ingabo za Pakisitani zishe abarwanyi hafi y’umupaka wa Afuganisitani

Nk’uko amakuru y’ubutasi abitangaza ngo iki gitero cyabereye mu karere ka majyaruguru ka Waziristan mu ntara ya Khyber Pakhtunkhwa, kandi…

9 months ago

This website uses cookies.