Politiki

DR Congo: Abashaka gukura Felix Tshisekedi ku butegetsi bagaragaje ko umugambi wabo ugikomeje.

AFC ni ihuriro rivuga ko rigamije guhindura ibintu muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, rikaba ritanemera ko perezida Felix Tshisekedi…

1 year ago

Mu mboni : Saleh al-Arouri wishwe yari muntu ki? Ese ni iki gikomeye, kitezwe gukurikiraho nyuma y’urupfu rwe.

Saleh al-Arouri wahitankwe n’ingabo za Islael, yari umwe mu bantu bakomeye cyane mu nzego n’ubuyobozi bwa Hamas, umuntu ukomeye kandi…

1 year ago

Mu mboni : Bitangiye guhindura Isura, Umuyobozi wungirije wa Hamas, Saleh al-Arouri yiciwe i Beirut

Ibyari byitezwe ko Islael yahagarika intambara byahinyujwe ku rwego rwo hejuru, Ubwoba n’igishyika bikomeje kuba byinshi ko intambara ya hagati…

1 year ago

Ingabo z’U Rwanda zibukije Felix Tshisekedi ko zidakangika.

Ingabo z' U Rwanda zahaye ubutumwa bukomeye Perezida wa Congo nyuma Perezida Tshisekedi atangaje amagambo yatangaje akanatera ubwoba benshi kuwa…

1 year ago

Perezida w’u Burundi Evaliste Ndayishimiye yaciye amarenga yo kongera gufunga imipaka ibahuza n’u Rwanda.

Nyuma y'iminsi itari myinshi humvikana umwuka utari mwiza hagati y'u Burundi n'u Rwanda, Evaliste Ndayishimiye Perezida w’u Burundi, yaciye amarenga…

1 year ago

Lt Col Simon Kabera yahumurije abanyarwanda ko batagomba guterwa ubwoba n’amagambo atera ubwoba igihugu.

Lt Col Simon Kabera, umuvugizi wungirije w’Ingabo z’u Rwanda yatangaje ko Abanyarwanda aho bari bakwiriye kumva batekanye ndetse bagakomeza imirimo…

1 year ago

Etiyopiya yamaze kumvikana no kugirana amasezerano yo gukoresha icyambu kinini muri Somaliland

Ku wa mbere, abayobozi bavuze ko Etiyopiya yagiranye amasezerano yo gukoresha icyambu kinini mu karere ka Somaliya gatandukanijwe na Somaliland,…

1 year ago

Mu mboni : Ese umwaka wa 2023 urangiye U Rwanda ruhagaze rute mu bubanyi n’amahanga na Dipolomasi ?

Muri uyu mwaka wa 2023, mu bijyanye n'ububanyi n'amahanga na dipolomasi hagati y'u Rwanda n'amahanga, hagiye hagaragara isinywa ry'amasezerano y'ubufatanye…

1 year ago

DRC: Ibyiyumvo by’abashyigikiye Dr. Mukwege nyuma y’ibyavuye mu matora

I Bukavu, abashyigikiye Dr. Denis Mukwege na we wiyamamarije umwanya wa perezida, na bo bagaragaje ibyiyumvo byabo, nyuma yo gutangaza…

1 year ago

Isiraheli ikomeje intambara yo kurwanya Hamas mu mwaka wa 2024, Ivuga ko izamara amezi menshi.

Umuvugizi w’ingabo z’igihugu cya Isiraheli, Daniel Hagari, mu butumwa bwe bw’umwaka mushya, yasobanuye ko abagera ku bihumbi magana atatu baba…

1 year ago

This website uses cookies.