Politiki

Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame yashimiye Umwami Abdullah II wasoje uruzinduko rwe mu Rwanda.

Paul Kagame, Perezida wa Repubulika y’u Rwanda yashimiye Umwami Abdullah II Ibn Al-Hussein w’Ubwami bwa Yorodaniya wasoje uruzinduko rw’Iminsi itatu…

1 year ago

Kuva mu myaka ibiri kugeza magingo aya, U Rwanda rumaze kwakira impunzi z’Abanye-Congo zisaga ibihumbi 13.

Nyuma y’ikibazo cy’umutekano gikomeje kumvikana muri Lepubulika iharanira Demokarasi ya Congo kubera intambara z’urudaca byumwihariko mu burasirazuba bw’iki gihugu U…

1 year ago

Byinshi wamenya ku mugore wa Kim Jong Un Umuyobozi w’ikirenga wa Koreya ya Ruguru.

Abantu benshi bakunze gufata Kim Jong Un nka perezida w'igihugu cya Koreya ya Ruguru, gusa siko bimeze kuko iki gihugu…

1 year ago

Muri Afrika uwabaye Miss arifuza kuba Perezida nubwo afite imyaka 24.

Uwatsindiye kuba Miss Namibia muri 2022, Cassia Sharpley yatangaje ko yifuza kwiyamamariza kuyobora igihugu nubwo akiri muto (24). Cassia Sharpley…

1 year ago

Muri DR Congo hongeye kumvikana amakimbirane ashingiye ku moko.

Komiseri Mukuru w’Uburenganzira bwa Muntu y’Umuryango w’abibumbye, Volker Turk, yatanze umuburo ku bijyanye n’uko amakimbirane y’amoko yiyongera ndetse anavuga ihohoterwa…

1 year ago

Amerika: Nadia Mohamed, umugore wa mbere wo muri Somaliya watorewe kuba umuyobozi muri Minnesota

Nadia Mohamed yatorewe kuba umuyobozi mu mujyi wa St. Louis Park , aba umuyobozi wa mbere w’Umwirabura muri uyu mujyi…

1 year ago

Umuyobozi mukuru wa Hezbollah, nawe yiciwe mu gitero cy’Ingabo za Isiraheli.

Umuyobozi mukuru w’umutwe wa Islamu Hezbollah biravugwa ko yaba yiciwe mu gitero cy’indege zitagira abapilote muri cyagabwe n’ingabo za Isiraheli…

1 year ago

Umwami wa Yorodani Abdullah II Ibin Al-Hussein yasuye urwibutso rwa Jenoside Yakorewe Abatutsi rwa Kigali. {Amafoto}

Umwami wa Yorodani Abdullah II Ibin Al-Hussein yasuye urwibutso rwa Jenoside Yakorewe Abatutsi rwa Kigali ku Gisozi, Aho yunamiye byimazeyo…

1 year ago

Museveni yongeye kwamagana abo mu bihugu by’abazungu kubera ‘gushaka gushyigikra abaryamana bahuje ibitsina’ muri Afrika.

Perezida wa Uganda, Yoweri Museveni, yanenze icyo yise kugerageza ibihugu by'iburengerazuba (Abanyaburayi n'abanyamerika) kubera gushaka gushyira imyizerere yabo ku bantu…

1 year ago

Ubutaliyani bwafashe ingamba zo guca abimukira bava muri Afrika bajya mu Burayi.

Mu gihe Ubutaliyani bwiyemeza kuyobora igice cy’ibihugu birindwi by’inganda zikomeye, Minisitiri w’intebe Giorgia Meloni yavuze kuri iki cyumweru ko kwibanda…

1 year ago

This website uses cookies.